Dataset Viewer
Auto-converted to Parquet
text
stringlengths
0
11.8k
source
stringclasses
8 values
za 300m2. Gutura mu buryo bw'imiryango 4 cg 8 mu nzu imwe ikomatanye bizako-meza gutezwa imbere. Buri mudugudu uzaba ufite ingo zibarirwa muri 550 zizaba zikikijwe n'ubutaka bwo guhingaho bungana nibura na hegitari 420. Imyubakire y'amazu Ubu mu Rwanda habarwa amazu agera kuri 2,800,000. Kugira ngo Abanyarwanda bazaba bagera kuri miliyoni 22. 1 bazabone aho gutura mu mwaka wa 2050, haza-ba hakenewe amazu miliyoni eshanu n'igice (5. 5) (birasaba kubaka amazu 150,000 buri mwaka). Aya mazu akenewe aramutse yubatswe nk'uko bisanzwe bikorwa ntabwo ubutaka bwaboneka. Igishushanyombonera gishya giteganya ko hazaher-wa ku kuvugurura utujagari dusanzwe no kubaka ubutaka butubatse buherereye mu mbago z'imijyi n'udusanteri bisanzwe mbere yo kwagura imijyi no gukoresha inkengero zayo. Igishushanyombonera gishya cyashyizeho ubwoko bw'amazu bugera kuri buta-nu n'ubucukike mu miturire hashingiwe ku cyiciro cya buri mujyi. Muri ibyo byiciro by'amazu harimo amazu asanzwe atageretse n'andi y'amagorofa yubakwa ageretse rimwe cyangwa kenshi kugera ku maremare cyane bitewe n'ubushobozi bw'abatu-rage bo muri buri mujyi. Uburyo bwo kubaka inzu ndende zizamurwa ariko zitubaki-we rimwe buremewe (incremental housing development) ariko inyubako igakome-za igasa neza nk'iyarangiye kugirango uko ubushobozi bubonetse bwo kwagura inzu, ishuri cyangwa ivuriro bikorerwe hejuru yayo bidasabye kwagura mu butam-bike. Inzu ndende ishobora gukorerwamo ibintu bitandukanye harimo guturwamo hejuru no gukorerwamo ubucuruzi hasi (mixed-use apartment). Mu mijyi ikomeye, inzu z'ubucuruzi n'ubutegetsi, parikingi, imihanda n'ibindi bigom-ba gukoresha ubutaka bw'ikuzimu (Underground development). Iki gishushanyombonera gishya kiragaragaza ko ishoramari mu kubaka amazu yo guturwamo n'imiryango myinshi no gukoreramo ubucuruzi rizatezwa imbere mu buryo bufatika hakoreshwa inyubako ndende. Gutwara abantu n'ibintu U Rwanda ruri mu bihugu bifite imihanda myinshi ku isi kubera ko rwahanze imihan-da myinshi yagiye ikurikira imiturire. Ibi bigatuma gufata neza imihanda mu Rwanda bigoye kandi bihenze cyane. Igishuhanyombonera gishya giteganya ko imihanda n'ibindi bikorwa remezo bishy-irwa aho bikenewe cyane kandi hateganyirijwe gutura cyangwa ahari ibikorwa bi-komeye by'inganda. Igishushanyombonera gishya gitanga igisubizo ku buryo bwo kwihutisha ingendo hongerwa ibikorwa remezo by'inzira cyane cyane izo ku butaka, mu kirere no mu mazi. Hazubakwa imihanda ya gari ya moshi ihuza u Rwanda n'ibihugu bituranye na rwo ndetse n'inzira zihuta zihuza Kigali n'imijyi igaragiye n'iyunganira umujyi wa Kigali. Ubuhinzi n'ubworozi Inzitizi nyamukuru ku buhinzi bw'u Rwanda ni: Igabanuka ry'ubutaka bwo guhinga busimbuzwa iyindi mikoreshereze: Ikigere-ranyo cya hegitari0. 4 z'ubutaka kuri buri muryango. Umusaruro muke ukeneye kongerwa ku buryo buhagije kugirango igihugu ki-haze mu biribwa ariko kinasagurire amasoko. Umubare munini cyane w'abaturage bari mu buhinzi gakondo mu gihe ahub-wo hakenewe umubare muto w'abahinzi bakora kinyamwuga. Ikibazo cyo guhuza imirima mito cyane idatanga umusaruro ukenewe. Hake-newe guhuza ubutaka no kunoza imiturire yo mu cyaro kugirango tuzamure umusaruro w'ubuhinzi. Igishushanyombonera cy'imikoreshereze y'ubutaka no kubyaza ubutaka umusaru-ro kerekana ko kugirango abanyarwanda babashe kwihaza mu biribwa, banasaguri-re isoko, hagomba gukorwa byibura ibi bikurikira: Kurinda ubutaka bw'ubuhinzi byibura bungana na kilometero kare 12,433 (km2)( bingana na 51. 5% y'ubutaka bw'igihugu) byaba byiza bukongerwa bukagera kuri 15,000km2, bugahuzwa bugakoreshwa neza mu bikorwa by'ubuhinzi gusa. Abakora ubuhinzi ntibagomba kurenga 30% by'abaturage nkuko bitegany-ijwe n'icyerekezo 2050 kugirango byibura buri muhinzi agere ku kigereranyo cy'ubutaka bungana na hegitare 1. 5 akoresha mu buhinzi. Imiturire itatanye igomba kunozwa, abaturage bagatura mu midugudu yagen-we no mu mijyi iboneye kugirango guhuriza hamwe ubutaka bw'ubuhinzi bi-zagerweho. Guteza imbere imihingire ya kinyamwuga n'imbuto z'indobanure, kuhira imya-ka imusozi, gukoresha imashini mu buhinzi, gukora amaterase y'indinganire ku misozi yose ibangamirwa n'ibibazo by'isuri, guteza imbere ubuhinzi bwo mu mijyi n'ubuhinzi ngerekerane buzamuka mu kirere (vertical farming) n'ibindi. Ubuhinzi buzakorerwa mu gihugu hose ariko bwiganje cyane cyane mu bice by'Igi-hugu by' iburasirazuba, amajyepfo n'amajyaruguru. Imisozi ifite ubuhaname buri he-juru ya 55% kandi yambaye ubusa yo mu burengerazuba biteganyijwe ko ishobora guterwaho ibihingwa ngengabukungu nk'icyayi n'ibindi. Mu rwego rwo kurinda ubutaka bw'ubuhinzi, buri Karere kazagira igishushanyom-bonera gicukumbuye kigena ku buso bwose bw'Akarere imikoreshereze y'ubutaka n'uburyo bwo kububyaza umusaruro, bitari mu gice cy'umujyi gusa bitandukanye n'uko byari bisanzwe. Icyo gishushanyombonera cy'imikoreshereze y'ubutaka ku rwego rw'Akarere kizagaragaza neza ubutaka bugenewe ubuhinzi kandi kubukore-sha ikitari ubuhinzi cyangwa ubworozi ntikizaba cyemewe by'umwihariko. Ibidukikije Iterambere ry'imibereho n'ubukungu by'u Rwanda rishingiye ku bidukikije n'umutungo kamere nk'ubutaka, amazi, ikirere, amabuye y'agaciro n'ibinyabuzima bitandukanye. Igishushanyombonera gishya kirerekana ibi bikurikira bigomba kwitabwaho no gukorwa mu kubungabunga ibidukikije,umutungo kamere n'imihindagurikire y'ikirere: Kubungabunga amashyamba ahari, kongeramo ibindi biti mu rwego rwo kongera ubucucike bwayo, gucunga amashyamba kinyamwuga no kuyabyazwa umusaruro ku buryo bufatika Gutera amashyamba ku misozi ihanamye, ni ukuvuga cyane cyane ubutaka buri ku buhaname burenze 55% bugera kuri hegitari 1554 (Ha) z'imisozi idateye ishyamba. Ibishanga, imigezi n'ibiyaga n'imikandara yabyo bizakomeza kubungwabungwa uko bikwiye. Imisozi ihanamye, hejuru y'ubuhaname bwa 30-50% ishobora gukorerwaho ibikor-wa bitandukanye birimo n'inyubako zikomeye ariko habanje gukorwa inyigo zikwiri-ye, zigaragaza uko bizakorwamo ku buryo bidashyira ubuzima bw'abantu mu kaga. Ibirwa byinshi by'igihugu bitegnyirijwegukoreshwa mu bikorwa bijyanye n'ubukera-rugendo no kubungabunga urusobe rw'ibinyabuzima. Ibishanga n'ubutaka bukikije ibiyaga buzakorerwa inyigo zimbitse hakagaragazwa imikoreshereze y'ubutaka iberanye na buri gishanga na burikiyaga, cyane cyane hibandwa ku guteza imbere ubuhinzi n'ubukerarugendo. Hagomba gushyirwaho uburyo amazi y'imvura azajya afatwa ndetse agatungany-wa, cyane cyane mijyi na site zo guturaho mu cyaro. Ubukerarugendo Urwego rw'ubukerarugendo ruzaba rugizwe n'ubukerarugendo bwo muri za parike, ubu-kerarugendo bwibanda ku kwakira ibiganiro, inama mpuzamahanga n'ibikorwa bitandu-kanye n'imikino yo ku rwego mpuzamahaga; ubukerarugendo rw'abaza kwivuriza mu Rwanda; ubukerarugendo rw'abaza kwiga mu Rwanda; ubukerarugendo bwo mu mazi; ubukerarugendo bwo mu mijyi no mu cyaro; n'ubukerarugendo bw'ahantu ndangam-ateka. Ubukerarugendo na bwo buzibanda mu gukoresha ubutaka buto ariko bukazana inyungu nyinshi ku Gihugu. Umusaruro uva mu bukerarugendo uzava kuri miliyoni Magana ane z'amadolari ya Amer-ika (400M US$) ugere kuri miliyoni Magana inani z'amadolari ya Amerika (800M US$) mu mwaka wa 2050. Ingeri z'ubukerarugendo zizatezwa imbere by'umwihariko ni izi zikurikira: ubukeraru-gendo bushingiye ku iyobokamana mu Turere twa Ruhango na Nyaruguru (Kibeho), ubukerarugendo bushingiye ku muco mu Karere ka Nyanza, ubukerarugendo mu Ntara y'Iburasirazuba, Amajyarugu n'Iburengerazuba (bushingiye ku biyaga, ku mateka, ku mu-tungo kamere wa za pariki, ku misozi nyaburanga, n'ibindi). Buri gishushanyombonera cy'Akarere kizarushaho kugaragaza ahaberanye n'ubukerarugendo muri buri Karere. Iterambere ry'inganda Inganda na serivisi bigomba gutera imbere cyane ku buryo bufatika kuko ari byo ubukungu bw'Igihugu buzaba bwubakiyeho. Abanyarwanda barenga 70% bazaba bakesha imibereho servisi zitandukanye. Inganda zizakomeza gushyirwaho mu buryo bwiza bukurikije ibiberanye na buri Karere. Igishushanyombonera gishya kigaragaza ko hakenewe ibyanya by'inganda mu Turere 13 gusa harimo 2 zo mu mujyi wa Kigali. Utwo Turere ni Gasabo, Kicukiro, Rwamagana, Bugesera, Muhanga, Musanze, Rubavu, Rusizi, Huye, Nyagatare, Kirehe, Karongi na Ny-abihu. Ingano ntarengwa y'ibyanya by'inganda zose mu gihugu ntigomba kurenga he-gitare 2900 kugeza mu mwaka wa 2035 na hegitare 8800 kugera mu mwaka wa 2050. Ku tundi Turere tutahawe ibyanya by'inganda byemewe, hateganywa gushyirwaho in-ganda ntoya zidahumanya ikirere zigendanye n'ibiva mu buhinzi n'ubukorikori. Ibikorwa remezo by'ingufu, amazi, amashuri, amavuriro, inyubako n'ibibuga bya siporo, ikoranabuhanga n'ibindi Ibi bikorwa byose byagenewe ubutaka imbere mu mijyi 101 yateganyijwe no mu midu-gudu igera ku 3000 yo mu cyaro. Bigomba gushyirwa ahabigenewe. Uburyo busanzwe bwo kubikwirakwiza mu misozi yose bwagaragaye nk'uburyo butarambye. Imbaraga nyinshi zikwiye gushyirwa mu gutuza abaturage neza ahateganyijwe bakagenda baha-sanga ibikorwa remezo by'ibanze. Ibi bizatuma iterambere ry' imijyi, ubuhinzi n'iteram-bere ry'izindi nzego zose bigerwaho mu buryo bugaragara. Ingano y'ubutaka bukwiye kubakwaho na buri rwego rw'ishuri cyangwa ivuriro bwashyizweho muri iki gishusha-nyombonera gishya. Kubaka amashuri n'amavuriro bigomba gukorwa neza inyubako zubakwa zijya hejuru. UBURYO BWO GUSHYIRA MU BIKORWA IGISHUSHYANYOMBONERA CYO KU RWEGO RW'IGIHUGU Hateganyijwe ko amategeko n'inzego zishinzwe gushyira mu bikorwa igishushany-ombonera gishya bigomba kuvugururwa no kunozwa; Mbere yo gukora igishushanyombonera cy'ahantu aho ari ho hose cyangwa umushinga munini ugiye gukoresha ubutaka, Ministeri ifite ubutaka mu nshingano zayo ibinyujije mu Rwego rw'Igihugu Rushinzwe Ubutaka izajya ibanza ibisuzume, harebwa niba byubahirije ibiteganyijwe byose. Mbere yo kugenera ingengo y'imari ibikorwa n'imishinga by'inzego za Leta hazajya habanza hasuzumwe niba bikurikije ibyo iki gishushanyombonera gishya gitegan-ya. Guteza imbere no koroshya ishoramari ry'amasosiyete azaba yubakira rimwe inzu nyinshi bigomba gushyirwamo imbaraga, kimwe no guteza imbere uburyo bwo kubumbira abantu hamwe bakubaka mu buryo bukomatanyije. Kubaka bazamuka na byo bizashyirwamo imbaraga. Ikurikirana ry'imikoreshereze y'ubutaka rizifashisha ikoranabuhanga ku buryo un-yuranyije n'ibiteganywa n'iki gishushanyombonera gishya azatahurwa hakiri kare. NI IKI KIGIYE GUKURIKIRAHO? Nyuma yo kwemeza Igishushanyombonera cy'imikoreshereze no kubyaza umusaruro ubutaka ku rwego rw'Igihugu hagiye gukurikiraho ibi bikurikira: Kuvugurura amategeko kugira ngo ahuzwe n'iki gishushanyombonera gishya. Gushyiraho ibishushanyombonera by'Uturere twose n'icy'Umujyi wa Kigali. Igi-shushanyombonera cyo ku rwego rw'Akarere kizajya cyerekana imikoreshereze y'ubutaka iteganyijwe mu Karere kose mu mijyi ikagize no mu byaro. Gushyiraho uburyo bwo gusuzuma imishinga yose yaba ikorwa ubu n'imishya izakorwa kugira ngo hajye harebwa niba yubahirije igishushanyombonera gishya mbere yo guhabwa ingengo y'imari. Gushyiraho uburyo bw'ikoranabuhanga bwo kugenzura uko ubutaka bukoreshwa mu gihugu. ABATURAGE N'INZEGO BARASABWA IKI? Abaturage, inzego za Leta zose n'izabikorera barasabwa gukurukiza ibikubiye muri iki gishushanyombonera cy'imikoreshereze y'ubutaka no kubyaza umusaruro ubu-taka. Imiryango itegamiye kuri Leta irasabwa gufasha mu bukangurambaga ku gishush-anyombonera gishya. IKIGO GISHINZWE IMICUNGIRE N'IMIKORESHEREZE Y'UBUTAKA MU RWANDA E-mail: info@rlma. rw | Website: www. rlma. rw Twitter : @Lands_Rwanda | Facebook : @Lands Rwanda Dashboard: rwandalanddashboard. rlma. rw:8083/lais Land Information Portal: https://landinformation. rlma. rw/ Hotline : 2142 | Mobile app: *651# www. rlma. rw Igishushanyombonera cy'imikoreshereze no kubyaza umusaruro ubutaka mu cyerekezo 2020-2050 PAGE PAGE PAGE 5 6 7
RLMA_igishushanyombonera_ubutaka.pdf
INTANGIRIRO Ubutaka ni umurage w'Abanyarwanda, abakurambere, abariho ubu ndetse n'abaza-bakomokaho. Ubutaka ni umusingi Igihugu cyubakiraho ubukungu n'amajyambere yacyo ibihe byose. Igihugu gicunga kikanakoresha ubutaka neza kiba cyubaka ibi-zaramba. U Rwanda rwashyizeho igishushanyombonera cy'imikoreshereze no kubyaza ubuta-ka umusaruro cya mbere mu mwaka wa 2011 kerekanaga imirongo migari yo gushy-ira mu bikorwa icyerekezo 2020. Nk'uko ibarurishamibare ribigaragaza, U Rwanda rufite abaturage barenga miliyoni cumi n'ebyiri n'igice, n'umuvuduko w'ubwiyongere ungana na kabiri n'ibice bine ku ijana (2. 4%) buri mwaka (abana basaga 300,000 bavuka buri mwaka). Ibi bikaba biru-gira kimwe mu bihugu bya Afrika bifite umuvuduko munini w'ubwiyongere bw'aba-turage kurusha ibindi. Igishushanyombonera gishya giteganya ko u Rwanda ruzaba rutuwe n'abaturage miliyoni makumyabiri n'ebyiri n'ibihumbi ijana mu mwaka wa 2050 mu gihe ingamba zo kuringaniza imbyaro zaba zashyizwe mu bikorwa. Ubu bwiyongere bw'abaturage buzagira ingaruka ku mikoreshereze y'ubutaka no ku musaruro uva ku butaka kuko umubare w'abaturage kuri kilometero kare imwe uzava ku baturage 518 ukagera ku baturage 887. IGISHUSHANYOMBONERA CY'IMIKORESHEREZE NO KUBYAZA UBUTAKA UMUSARURO KU RWEGO RW'IGIHUGU NI IKI? Igishushanyombonera cy'imikoreshereze no kubyaza umusaruro ubutaka ku rwego rw'Igihugu ni isesengura ryerekana uko ubutaka bw'Igihugu bugomba gukoreshwa neza mu gihe kirekire kugira ngo butange umusaruro ukwiye n'iterambere rirambye ku nzego zose z'Igihugu. Igishushanyombonera gishingira ku muvuduko w'ubwiyongere bw'abaturage n'icyerekezo cy'iterambere ry'Igihugu ry'igihe kirekire. Iki gishushanyombonera gishya cyemejwe n'Inama y'Abaministriri yateranye kuwa 29 Nya-kanga 2020, kigamije gushyira mu bikorwa icyerekezo cy'iterambere 2050 Igihugu cy'u Rwanda cyihaye. Intego yacyo ni ukugaragaza uko ubutaka buzakoreshwa n'uko buzab-yazwa umusaruro guhera mu mwaka wa 2020 kugeza mu mwaka wa 2050 hakurikijwe ubwiyongere bw'abaturage, umuvuduko w'iterambere mu nzego zose ndetse n'intego Igihugu cyihaye kugeraho mu mwaka wa 2050. Mu gutegura iki gishushanyombonera gishya, habayeho inama nyungurabitekerezo nyin-shi ku nzego zitandukanye ku rwego rw'Igihugu, hamwe n'ikusanyabitekerezo n'amakuru mu Turere twose tw'Igihugu hakusanywa ibitekerezo ku byifuzo by'Uturere n'abaturage batwo ku igenamigambi rishingiye ku miterere yihariye ya buri Karere n'ibyo babona byak-wibandwaho byafasha mu iterambere rya buri Karere. Abaturage, inzego z'abikorera nde-tse n'imiryango itegamiye kuri Leta nabo batanze ibitekerezo kuri iki gishushanyombonera. IGISHUSHANYOMBONERA GISHYA KIJE GUKEMURA IBIHE BIBAZO? Igishushanyombonera gishya cyo ku rwego rw'Igihugu kizakemura ibibazo by'ingenzi bikurikira biri mu mikoreshereze y'ubutaka mu Rwanda: Ikibazo cy'imikoreshereze mibi y'ubutaka aho bamwe babukoresha batitaye ku bikor-wa bindi bibukeneye; Ikibazo cy'imiturire imaze gukwirakwira ahantu hose kigatuma gukora igenamigambi ry'ibikorwaremezo bigorana kandi bihenda cyane, kigatera ibindi bibazo bigendanye no kutagira ubutaka buhagije bw'ubuhinzi buhujwe, ubw'ubworozi n'ubw'amashy-amba, biteza imyuzure, isuri n'inkangu z'ubutaka n'imihindagurikire y'ikirere. INZENGO Z'UBUKUNGU ZIBANZWEHO Mu gishushanyombonera gishya, hashyizwemo ingamba n'imirongo ngenderwaho igom-ba gukurikizwa na buri rwego rw'ubukungu rukoresha ubutaka ndetse na buri mu nyar-wanda. Inzego zasuzumwe mu gishushanyombonera gishya ni izi zikurikira: Imyubakire, imijyi n'imiturire mu cyaro; Inganda; Ubuhinzi n'ubworozi; Umutungo kamere n'ibidukikije; Ubukerarugendo; Ubwikorezi no gutwara abantu; Ibikorwaremezo; IBIKUBIYE MURI IKI IGISHUSHYANYOMBONERA CYO KU RWEGO RW'IGIHUGU Inzego z'ubukungu zahawe ubutaka zizakoresha Buri rwego rw'ubukungu bw'Igihugu bitewe n'ibizakenerwa rwagenewe ubuso (hagab-anywa 26,338 km2) bw'ubutaka buzakoreshwa mu cyerekezo 2050 mu buryo bukurikira: Ubuhinzi n'ubworozi: 12,433 km2 (51. 5% habazwe ubutaka gusa bw'Igihugu); Amashyamba: 7,725km2 (32% by'ubutaka bw'Igihugu); Imiturire, ibikorwa remezo byose hamwe n'imihanda: 3,980 km2 (15. 1%); Amazi n'ibishanga bikomye n'imbago zabyo: 2,200 km2 (8. 5%). Ibi bishobora kubyazwa umusaruro mu bikorwa bibungabunga urusobe rw'ibinyabuzima n'ubukerarurugendo. Gutuza abantu mu mijyi no mu byaro Abanyarwanda hafi 18. 4% bari batuye mu mijyi kugeza mu mwaka wa 2019. Gutura mu mijyi bikaba bikomeje kwiyongera kubera amahirwe y'umurimo ahari, icyakora bigomba gukorwa neza kugira ngo imijyi ikomeze kuba igicumbi cy'iterembere. Hashingiwe ku mubare w'abaturage na serivisi zizaba zikenewe mu guteza imbere imibereho y'abatuye mu mijyi bazaba bageze ku kigero cya 70 ku 100 (70%) y'Aban-yarwanda bose mu mwaka wa 2050 (Miliyoni 15. 4) kandi imijyi yose y'igihugu (101) igomba gukoresha ubuso butarenze kirometero kare 1754. Igishushanyombonera gishya cyashyizeho ibyiciro bitanu by'imijyi: dutse no kubaka byoroshye, ni ngombwa gushyira imbaraga zihariye mu kuyobora iterambere ry'imiturire muri iyi mijyi. Ubucucike bw'abaturage kuri kirometero kare imwe bugomba kuba hagati ya 8000-9000 (8000-9000 /km2). 3. Imijyi umunani yunganira umujyi wa Kigali kandi iherereye hafi y'imbibi z'igi-hugu ari yo Musanze, Rubavu, Rusizi, Huye, Nyagatare, Karongi, Kirehe na Kayonza mu kwegereza abaturage bahaturiye iterambere ryihuse mu nzego zitandukanye. Buri mujyi muri iyo uzaba ufite abaturage bari hagati ya 250,000 na 650,000. Iyo mijyi izateza imbere ubucuruzi bw'imbere mu Gihugu n'ub-wambukiranya imipaka. Ubucucike bw'abaturage kuri kirometero kare imwe bugomba kuba hagati ya 7000-8000 (7000-8000 h/km2). 4. Imijyi iciriritse 16 y'Uturere dusigaye aho buri mujyi ufatwa nk'ikicaro cy'ako karere na yo izakomeza gutera imbere mu buryo bwiza burangwa n'imiturire yegeranye itanga umusaruro. Iyo mijyi ni Nyanza, Ruhango, Kamonyi, Gis-agara, Nyamagabe, Nyaruguru, Ngoma, Gatsibo, Gicumbi, Rulindo, Gaken-ke, Burera, Rutsiro, Nyabihu, Ngororero, Nyamasheke. Buri mujyi uzaba ufite abaturage bari hagati ya 100,000 na 250,000 bari bucucike bw'abaturage kuri kirometero kare imwe buri hagati ya 6000-7000 (6000-7000 /km2). 5. Imijyi mito (santeri) yo mu cyaro 73. Iyi mijyi izakomeza gukura no gufasha cyane icyaro kugurisha umusaruro ukomoka ku buhinzi mu bice by'icyaro bi-yizengurutse. Buri mujyi muto uzaba ufite abaturage bagera kuri 25,000. Mu Turere twose izi santeri zirahari kandi zizafashwa gukura mu buryo buboneye butabangamira ubutaka bw'ubuhinzi buzikikije. Santeri zatoranijwe zizatezwa imbere nk'imijyi mito ni izi zikurikira: N AKARERE UMUJYI MUTO/SANTERE INTARA Y'AMAJYEPFO 1 Muhanga Remera 2 Huye Rusatira, Arrete-Kinazi, Karama 3 Nyanza Busoro, Ntyazo, Butansinda, 4 Ruhango Kinazi, Byimana, Gitwe-Buhanda 5 Kamonyi Remera-Rukoma, Musambira, Mugina 6 Nyaruguru Cyahinda, Munini, 7 Nyamagabe Kaduha, Gasarenda 8 Gisagara Mamba, Gikondo, Kibirizi, Save, INTARA Y'IBURASIRAZUBA 9 Rwamagana Muyumbu-Nyakariro, Nyagasambu, Karenge 10 Bugesera Ruhuha, Rweru 11 Nyagatare Matimba, Karangazi, Rwimiyaga, Mimuri, Rukomo 12 Kayonza Kabarondo, Rwinkwavu, Karubamba-Video 13 Kirehe Rusumo, Nasho 14 Ngoma Rukira, sake 15 Gatsibo Kiramuruzi, Muhura, Ngarama INTARA Y'IBURENGERAZUBA 16 Rubavu Kabumba 17 Rusizi Giheke, Bugarama, Muganza, Mibirizi, Mushaka 18 Karongi Birambo, Shyembe, Mugonero, Mubuga 19 Rutsiro Kivumu, Kayove, Musasa 20 Nyabihu Sashwara-Jenda, Vunga, Gasiza 21 Ngororero Kabaya 22 Nyamasheke Ntendezi, Bushenge INTARA Y'AMAJYARUGURU 23 Musanze Byangabo, Remera-Ruhondo 24 Gicumbi Rutare, Gatuna 25 Rulindo Bubangu, Kinihira, Base 26 Burera Gahunga-Kinoni, Kirambo, Cyanika 27 Gakenke Ruli, Kivuruga Izindi santeri zitagaragara muri iyi mbonerahamwe yo hejuru zashyizwe mu cyiciro cy'imiturire yo mu midugudu. Icyaro kizasigarana imiturire yo mu midugudu ku baturage bazaba basigaye ku ki-gereranyo cya 30% (miliyoni 6. 6). Imidugudu myinshi izahuzwa ikazagera ku 3000 igakoresha ubutaka butarenze kirometero kare 1241 (km2) kugirango haboneke ubutaka bwo guhingaho mu buryo buhujwe. Hagati y'umudugudu n'undi hagak-wiye kubamo byibura kirometero 4 (km). Buri Kagari kazagira umudugudu umwe cyangwa ibiri gusa yo gutuzaho abantu. Imiturire itatanye mu cyaro izirindwa aban-tu batura neza mu mudugudu ufite ibikorwa remezo byibanze byose. Ibi bizakorwa hagamijwe gutura ku butaka buto. Ikibanza cyo guturaho ntabwo kigomba kuren-1. Hateganyijwe ko Umujyi wa Kigali (Kigali City) uzakomeza kuba umurwa mukuru w'Igihugu kandi ugakomeza gutezwa imbere mu ngeri zose. Hateganyijwe ko mu mwaka wa 2050 uzaba ufite abaturage babarirwa hagati ya miliyoni 3 na miliyoni 3. 8 bari ku bucucike bw'abaturage buri hejuru ya 9000 kuri kirometero kare imwe (>9000 /km2). 2. Hari kandi imijyi itatu igaragiye Umujyi wa Kigali iwukikije kandi iwunganira ari yo Muhanga, Bugesera na Rwamagana. Buri mujyi uzaba ufite abaturage bari hagati ya 650,000 na 1,000,000. Umujyi wa Muhanga uzaba ari umujyi w'ubucuruzi butan-dukanye no gutunganya amabuye y'agaciro n'ibindi. Umujyi wa Bugesera uzateza imbere cyaneubwikorezi n'inganda naho Umujyi wa Rwamagana uzaba umujyi wo guteza imbere umusaruro w'ubuhinzi. Kubera umuvuduko munini w'ubwiyongere bw'abaturage bagana muri iyi mijyi igaragiye uwa Kigali bakurikiye ubutaka buhen-Umujyi wa Kigali (Kigali City) Imijyi 3 igaragaye Umujyi wa Kigali (3 Satelite Cities) Imijyi 8 yunganira Umujyi wa Kigali (8 Secondary Cities) Imijyi iciriritse 16 y'Uturere (16 District Towns) Imijyi mito (santeri) 73 (73 Rurban Centres) PAGE PAGE PAGE PAGE 1 2 3 4
RLMA_igishushanyombonera_ubutaka.pdf
RPPA_rwiyemezamirimo_bishyura_lea.pdf
1
RPPA_rwiyemezamirimo_bishyura_lea.pdf
2 IBIRIMO 1. Iriburiro.................................................................................................. 1 2. Ibirimo...................................................................................................................... 2 3. Uwishyuza urwego rwa Leta........................................................................... 3 4. Ibyishyuz wa n'igihe cyo k wishyuza................................................................. 3 5. Impapuro zisabwa rwiyemezamirimo wishyuza................................................. 4 6. Ibisabwa rwiyemezamirimo mbere yo kwishyuza............................................... 6 7. Inzira zo kwishyuza....................................................................................7 8. Uko rwiyemezamirimo yifata mu gihe atishyuwe................................................8 9. Ibisabwa inzego za Leta............................................................................... 8 10. Uko rwiyemezamirimo amenyeshwa niba yarishyuwe..........................................9
RPPA_rwiyemezamirimo_bishyura_lea.pdf
3 1. Uwishyuza urwego rwa Leta Muri iyi nyandiko, u wishyuza urwego rwa Leta ni rwiyemezamirimo wagiranye amasezerano n'urwo rwego yo kuruha ibigemurwa cyangwa kuru korera imirimo y'ubwubatsi cyangwa kuruha serivisi z'impuguke cyangwa ibindi urwego rwakenera akabikora uko amasezerano abiteganya kandi bigasuzumwa bikanemezwa n'abakozi babishinzwe b'urwo rweg o. Ibi bivuze ko uwishyuza asabwa ibi bikurikira:  Kuba yaragiranye amasezerano n'urwego rwa Leta yishyuza,  Kuba yarakoze ibimureba muri ayo masezera no. Ni ukuvuga kuba yaragemuye ibigemurwa, yarakoze se imirimo isabwa cyangwa serivise zisabwa n'amasezeran o,  Kuba ibyo yakoze yarabigejeje cyangwa yarabimurikiye urwego bagiranye amasezerano  Kuba ibyo yagejeje cyangwa yamurikiye urwego bagiranye amasezerano byarasuzumwe n'abakozi b'urwo rwego kandi barabyakiriye bikemezwa na raporo y'iyakira. Twibutse abishyu za ko ntawemerewe kwis hyuza ibyo yakoze mu gihe yabikoze nta masezerano yagiranye n'urwego rutanga isoko kabone n'iyo byaba ari inyongera ku masezerano yagiranye n'urwo rwego. Amasezerano y'inyongera nayo agomba kuba mu nyandiko yemeranijweho kandi igasinywa n'impande zombi. Icyitonderwa Ku masoko y'ibigemurwa cyangwa serivise zimwe n a zimwe zitari iz 'impuguke (nonconsulting services) atarengeje miliyoni eshanu z'amanyarwanda (5,000,000Rwf ) amasezerano hagati y'impande zombi ashobora gusimburwa na “purchase order” yashyizweho umukono n'urwego rutanga amasoko. 2. Ibyishyuz wa n'igihe cyo kwishyuza Nk'uko byavuzwe haruguru, ibyishyurwa ni ibyagemuwe cyangwa byakozwe na rwiyemezamirimo kandi bikakirwa n'urwego rwagiranye amasezerano n'uyu rwiyemezamirimo. Byumwihariko, ibyishyuzwa ni ibi bikurikira:
RPPA_rwiyemezamirimo_bishyura_lea.pdf
4 i. Imirimo Imirimo yishyuzwa ni imirimo yakozwe kandi ubwiza n'ingano yayo ikemezwa n'ushinzwe gukurikira nia imirimo washyizweho n'urwego rutanga amasoko, ashobora kuba umukozi w'ur wo rwego, undi mukozi cyangwa isosiyete b yigenga. Uwishyuza imirimo yakoze ntagomba kwishyuza imirimo yishyuje mu nyemezabuguzi iherutse, agomba kandi kwishyuza akoresheje inyemeza buguzi igaragaza agaciro k'imirimo amaze gukora yose, iyishyuwe n'iyo y ishyuza akerekana kandi kuri buri nyemezabuguzi amafaranga, ku ijanisha riteganywa n'amasezerano, yishyura avansi yahawe niba ihari. Ntawishyuza ibikoresho by'ubwubatsi yagejeje aho inyubako iri igihe atarabikoresha kuri iyo nyubako. ii. Serivisi Uwakoreye urwego rwa L eta serivise, iyo ariyo yose, yishyuza akurikije igihe giteganywa n'amasezerano kandi arangije igice cy'imirimo ya service asabwa kurangiza muri icyo gihe. Igice cya serivis e cyishyurwa ni icyatangiwe raporo (deliverable) nk'uko isabwa mu masezerano kandi ikemezwa n'urwego rwagiranye amasezerano na rwiyemezamirimo utanga iyo serivise. iii. Ibigemurwa Hishyuzwa ibyagemuwe kandi byakiriwe n'abakozi b'urwego rwagiranye amasezerano na rwiyemezamirimo wishyuza. Ku bigemurwa bikurikiza amasezerano mpuzamahanga y'ubucuruzi (Incoterms), hishyuzwa ibicuruzwa byahawe urwego rwa Leta bikurikije “incoterm” iri mu masezerano iteganya igihe ibicuruzwa biba byabaye inshingano z'uwaguze. 3. Impapuro zisabwa rwiyemezamirimo wishyuza a. Ku masezerano y'imirimo i. Ibaruwa iherekeza inyemezabuguzi, ii. Raporo y'imirimo imaze gukorwa yemejwe n'ushinzwe gukurikirana imirimo
RPPA_rwiyemezamirimo_bishyura_lea.pdf
5 iii. Inyemezabuguzi y'umwimerere kandi yemejwe n'ushinzwe gukurikirana imirimo iv. Kopi y'amasezerano, v. Imibare igaragaza uko igiciro cy'ibyishyuzwa cyabazwe. Ni ukuvuga kwerekana uko igiciro fatizo (Unit prices) cyakubwe n'ingano y'ibyakozwe, uko amafaranga ya avansi iyo yatanzwe yakuwe mu gaciro k'ibyishyuzwa, imirimo imaze gukorwa yose hamw e, iyishyuwe ubushize, iyakozwe yishyuzwa n'isigaye gukorwa, uko amafaranga akatwa y'ubukererwe, iyo buhari yabazwe n'ibindi. b. Ibigemurwa (goods) i. Ibaruwa iherekeza inyemezabuguzi, ii. Kopi y'amasezerano, iii. Inyemezabuguzi y'umwimerere, iv. Raporo y'isuzumwa n'iyakirwa ry'ibyagemuwe, v. Amasezerano y'umwimerere, vi. Icyangombwa cya “laboratory” iyo ibyagemuwe bisabwa kubanza gusuzumwa na “laboratory ”, vii. Icyangombwa cy'ibyagemuwe (goods delivery notes), viii. Impapuro zerekana ko ibicuruzwa byapakiwe kandi byagejejwe aho big omba kugera (shipping documents or airway bill) iyo mu masezerano hakoreshejwe “Incoterms”, ix. Imibare igaragaza uko igiciro cy'ibyishyuzwa cyabazwe. Ni ukuvuga kwerekana uko igiciro fatizo (Unit prices) cyakubwe n'ingano y'ibya gemuwe, uko amafaranga ya avans i iyo yatanzwe yakuwe mu gaciro k'ibyishyuzwa, uko amafaranga akatwa y'ubukererwe, iyo buhari yabazwe n'ibind i. c. Servise z'impuguke i. Ibaruwa iherekeza inyemezabuguzi, ii. Kopi y'amasezerano, iii. Kopi ya raporo y'ibisabwa mu masezerano (Deliverable),
RPPA_rwiyemezamirimo_bishyura_lea.pdf
6 iv. Raporo cyangwa icyemezo cyangwa ibaruwa y'urwego rutanga amasoko yerekanako “deliverable” yemewe n'urwego rwa leta rwagiranye amasezerano na rwiyemezamirimo. 4. Ibisab wa rwiyemezamirimo mbere yo kwishyuza i. Rwiyemezamirimo wagiranye amasezerano n 'urwego rwa Leta agomba kubanza gusobanukirwa neza n'ibyo amasezerano amusaba gukora kugi rango azabashe kwishyuza. Ibi ni ukugirango adakora ibyo adasabwa noneho bikaba byamutera igihomb o kirimo kwanga inyemezabuguzi ze igihe yish yuza. Ibi ni ukuvuga ko agomba gusobanukirwa neza ibirebana na “Technical specifications” cyangwa “terms of References” ii. Gusobanukirwa n'amategeko n'amabwiriza agenga amasoko ya L eta no kutemera gukora amasoko ya L eta mu n zira zinyuranye n'ayo mategeko n'amabwiriza. Ingero ni nko:  Gukora amasoko ya Leta nta masezerano rwiyemezamirimo yagiranye n'urwego rwa Leta,  Gukora isoko rya Leta agendeye gusa ku ibaruwa imu menyesha ko yatsindiye isoko,  Gukora amasoko ya Leta mu gihe nta “technical specifications” cyangwa “terms of reference” yahawe n'urwego rwa Leta, iii. Gusoma no kumva neza amasezerano cyane cyane igihe n'inzira byo kwishyuza ibyakozwe n'ibyo asabwa kugirango yishyurwe, iv. Gukora neza kandi akubahiriza amasezerano kugirango yirinde impaka n' urwego rwa Leta v. Kumenya neza ibyangombwa/impapuro zisabwa kugirango rwiyemezamirimo yishyurw e, vi. Kutarenza ingano y'ibiri mu masezerano utabyumvikanyeho mu nyandiko n'urwego mwa giranye amasezerano no kutishyuza ibirenze ibyo rwiyemezamirimo yakoze cyangwa yagemuye, vii. Gutangira inyemezabuguzi ku gihe no ku yikurikirana (follow-up) igihe rwiyemezamirimo yarangije gukora ibyo a sabwa n'amasezerano,
RPPA_rwiyemezamirimo_bishyura_lea.pdf
7 viii. Kutarenza ibyo wakoze mu gihe cyo kwishyuza (not over-invoicing services provided), 5. Inzira zo kwishyuza Nk'uk o byavuzwe haruguru, uwishyuza L eta ni rwiyemezamirimo wagiranye nayo amasezerano yo gukora isoko kandi akarikora. Ibyo yakoze, yaba ibyo yagemuye, yaba imirimo cyangwa se serivise yakoze bigomba kubanza gusuzumwa kandi bikemezwa n'abako zi b'urwego rwa Leta rufitanye amasezerano na rwiyemezamirimo cyangwa abaruhagarariye ku buryo bwemewe kandi bwagaragajwe mu masezerano. Iyo rero ibyo rwiyemezamirimo yakoze by emewe, nibwo ashobora kwishyuza. Yishyuza ate? Rwiyemezamirimo wish yuza ategura ibaruwa iherekeza i nyemezabuguzi ye n'impapuro zose zisabwa mu masezerano n'izindi zavuzwe muri iyi nyandiko. Izo mpapuro zose azishyikiriza urwego bagiranye amasezerano. Azige za kubashinzwe kwakira impapuro/amabaruwa yinjiye b'urwego yishy uza. Ni ukuvuga kuri “reception desk ”. Rwiyemezamirimo yitwaza kopi y'ibaruwa yanditse agatererwaho kashe y'ikigo nk'icyimenyetso cy'uko inyemezabuguzi ye yakiriwe. Iyo inyemezabuguzi irengej e iminsi 3 y'akazi itarasubizwa uwayitanze, bivuze ko iyo nyemezabuguzi nta makosa ifite kandi yemewe n'urwego rwayakiriye. Nyuma y'iyo minsi rwiyemezamirimo ategereza kwishyurwa. Rwiyemezamirimo agomba kwishyurwa mu gihe kitarenze iminsi yateganijwe mu ma sezerano. Iyo iyo minsi iri munsi y' iminsi 45, urwego rwa L eta rushobora kurenza iminsi iri mu maseze rano ariko igihe cyo kwishyura i nyemezabuguzi yakiriwe kandi ikemerwa n'urwego rwa Leta ntirenz a iminsi 45 uhereye igihe iyo nyemezabyuguzi yakiriwe. Urwego rwa L eta rwakiriye inyemezabuguzi, ntirugomba kurenza iminsi 3 y'akazi rutarasubiza iyo nyemezabuguzi rwiyemezamirimo wayitanze mu gihe rusanze iyo nyemezabuguzi ifite ikibazo. Mu gihe rusubije inyemezabugu zi rwiyemezamirimo, urwego rwa L eta rugomb a kumu sobanurira mu nyandiko, ikib ura mu nyemezabuguzi cyangwa ik igomba gukosorwa kugirango rwiyemezamirimo yishyurwe.
RPPA_rwiyemezamirimo_bishyura_lea.pdf
8 6. Uko rwiyemezamirimo yifata mu gihe atishyuwe Mu gihe uwishyuza yatanze inyemezabuguzi ntayisubizwe mu nzira ziteganywa muri iyi nyandiko, bivuze ko iyo nyemezabuguzi yatanze ntakibazo ifite ikaba igomba kwishyurwa. Iyo iminsi iteganywa n'amasezerano irangiye atarishyurwa, rwiyemezamirimo asabwe ibi bikurikira:  Kwandi kira urwego rwa L eta bafitanye amasezerano ibaruwa yibutsa kandi isaba kwis hyurwa,  Mu gihe hashize iminsi 15 atarishyurwa cyangwa atarahabwa ibisobanuro by'impamvu atarishyurwa kandi byumvikana, uhereye ku munsi yatangiyeho ibaruwa yibutsa, rwiyemezamirimo yandikira RPPA, agaha kopi urwego bagiranye amasezerano, ayisaba kumufash a gukurikirana urwego rwa Leta rutamwishyura,  Iyo birenze iminsi 30, uhereye igihe yandikiye RPPA atarishy urwa, yandiki ra MINECOFIN agaragaza ikibazo cye, 7. Ibisabwa inzego za Leta Kugirango igikorwa cyo kwishyura ba rwiyemezamirimo baba bakoreye L eta servise kigende neza, inzego za L eta zirasabwa ibi bikurikira :  Nta rwego rwa Leta rwemerewe gut angaza isoko ru dafite cyangwa ru tizeye ku buryo budashidikanywaho amafaranga yo kuzishyura uzakora isoko,  Mbere yo gutangaza isoko, urwego rwa L eta rugomba kubanz a gusuzuma niba ibyo rusha ka muri i ryo soko byuzuye kandi byumvikana neza haba mu ngano cyangwa mu bwiza n'imikorere (quantity, technical specifications and/or terms of reference),  Kwizera neza ko amasezerano a garagaza neza igihe n'uburyo bwo kwishyuza no kwishyura,  Gushyiraho uburyo buhamye bwo gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano no kwakira ibyakozwe cyangwa ibyagemuwe na rwiyemezamirimo watsindiye isoko,  Igihe rwiyemezamirimo watsindiye isoko atanze inyemezabuguzi, urwego rwa Leta ntirugomba k urenza iminsi y'akazi 3 rutarasubiza rwiyemezamirimo niba iyo nyemezabuguzi nta kibazo ifite,
RPPA_rwiyemezamirimo_bishyura_lea.pdf
9  Igihe inyemezabuguzi ifite ikibazo, igomba gusubizwa rwiyemezamirimo wayitanze kandi uyu rwiyemezamirimo akagaragarizwa ibibazo biri muri iyo nyemezabuguzi agasab wa kuyikosora,  Igihe Inyemeza buguzi yatanzwe na rwiyemezamirim o nta kibazo ifite, urwego rwa L eta ntirugomba kurenza iminsi iteganywa n'amasezerano rutarishyura iyo nyemezabuguzi keretse iyo hari impamvu yumvikana idaturutse kuri uru rwego,  Igihe hari imp amvu zidaturutse ku rwego rwa Leta zatuma inye mezabuguzi yatanzwe na rwiyemezamirimo atishyurwa mu gihe giteganywa n'amasezerano, urwego rwa Leta rugomba kwandikira rwiyemezamirimo rumusobanurira ibyo bibazo bituma atishyurwa kandi rukage nera kopi RPPA n'ikigo k'igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n'amahoro (RRA).  Hari inzego usanga zitinda kwakira imirimo ku masoko y'imirimo bigatuma rwiyemezamirimo atinda kwishyurwa. Nta rwego rwa Leta rwagombye kurenza iminsi 21 y'akazi, uhereye igihe rwaboneye ibaruwa ya rwiyemezamirimo ibisaba, rutarakira imirimo yakozwe na rwiyemezamirimo, cyeretse hari impamvu yamenyeshejwe uwo rwiyemezamirimo mu buryo bwanditse. 8. Uko rwiyemezamirimo amenyeshwa niba yarish yuwe Iyo urwego rwa leta rumaze kwishyura rwiyemezamirimo, ni ukuvuga rwatanze “OP” kuri banki ya rwiyemezamirimo iri mu masezerano, rugomba guhita rumenyesha rwiyemezamirimo ko yishyuwe byashoboka rukamuha kopi ya “OP”. Iryo me nyekanisha rishobora gukorwa ku buryo bukurikira:  Hashobora kwifashishwa ubutum wa bwandit se hakoreshejwe telef one (SMS) igendanwa,  Hashobora kwifashishwa E-mail yandikiwe rwiyemezamirimo,  Rwiyemezamirimo ashobora guhamagarwa hakoreshejwe telef one bakamusaba ko yaza gutwara kopi ya “OP”,  Binashobotse, urwego rushobora kumwandikira ibaruwa isanzwe rumumenyesha ko yishyuwe rukomekaho kopi ya “OP” igaragaza ko yishyuwe.
RPPA_rwiyemezamirimo_bishyura_lea.pdf
RPPA_uruhare_uturere.pdf
RPPA_uruhare_uturere.pdf
RPPA_uruhare_uturere.pdf
RPPA_uruhare_uturere.pdf
RPPA_uruhare_uturere.pdf
RPPA_uruhare_uturere.pdf
P. O Box 898 KIGALI | E-mail :bulletin@meteorwanda. gov. rw | @Meteo Rwanda | Toll free :6080 Address: Nyarugenge KN2, 96st | Website: www. meteorwanda. gov. rw | Meteo Rwanda ISO 9001:2015 CERTIFIED IKINYAMAKURU K'IMIHINDAGURIKIRE Y'IKIRERE No 22, KIGENEWE ABAHINZI-BOROZI IGICE CYA MBERE KANAMA (01-10), 2020 Cyasohotse ku itariki ya 12 Kanama 2020 Iriburiro Mu minsi icumi y'igice cya mbere, Kanama 2020 kuva tariki ya 01 kugeza tariki ya 10, ahenshi mu gih ugu nta mvura yaguye uretse ku bupimiro bwa Nyagatare hapimwe milimetero 4. 1. Ibi bikagaragaza ko iki gice cya mbere cya Kanama cyaranzwe n'izuba ryinshi ugereranyije n'imvura isanzwe igwa muri iki gihe. Ibipimo by'ubushyuhe ni nk'ibisanzwe mu gice cya mbere cya Kanama, igipimo cy'ubushyuhe bwo hejuru cyari hagati ya dogere Selisiyusi (°C ) 22. 7 muri Musanze na Gicumbi ndetse na 32. 1°C mu ri Rusizi ku bupimiro bwa Bugarama naho igipimo cy'ubushyuhe bwo hasi cyari hagati ya 1 0. 6°C muri Musanze ku bupimiro bwa Busogo na 17. 6°C ku bupimiro b wo mu mujyi wa Kigali. Ishusho 1 : Imvur a yaguye ugereranyije n'isanzwe igwa muri iyo minsi.
RWANDA_METEO_ikinyamakuru_kanama.pdf
P. O Box 898 KIGALI | E-mail :bulletin@meteorwanda. gov. rw | @Meteo Rwanda | Toll free :6080 Address: Nyarugenge KN2, 96st | Website: www. meteorwanda. gov. rw | Meteo Rwanda 1. 0. Imvura yaguye Aha turerekana ingano y'imvura yaguye, umubare w'iminsi imvura yaguye n'ubuhehere bw'ubutaka mu minsi icumi y'igice cya mbere cya Kanama 2020. 1. 1. Ingano y'imvura yaguye Ikarita ya mbere hasi irerekana ingano y'imvura yaguye mu minsi icumi y'igice cya mbere cya Kanama 2020. Imvura i ngana na milimetero 4. 1 yapimwe ku bupimiro bwa Nyagatare, ahandi hasigaye hakaba nta mvura yahabonetse. Iki gice cya mbere cya Kanama cyaranzwe n'izuba ryinshi. Ikarita ya 1: Ingano y'Imvura yaguye mugice cya mbere cya Kanama 2020 muri mm 1. 2 Imvura isanzwe igwa mu minsi icumi y'igice cya mbere cya Kanama Ufatiye ku bipimo by'igihe kire kire, ikarita ya kabiri iratwereka imvura isanzwe igwa mu minsi icumi y'igic e cya mbere cya Kanama. Ubusanzwe igice cya mbere cya Kanama kigusha imvura iri hagati ya milimetero 1. 1 na 25; bigaragara ko ugereranyije n'imvura yaguye n'isanzwe igwa mu gihe kirekire, imvura yabaye nke cyane mu gihugu hose. Ikarita ya 2: Imvura isanzwe igwa mu gice cya mbere cy'ukwezi kwa Kanama 1. 3. Umubare w' iminsi imvura yagu yemo Ikarita ya 3 iragaragaza umubare w'iminsi imvura yaguyemo, mu gice cya mbere mu kwezi kwa Kanama 2020. Umunsi tubara ko wagushije imvura ni uwapimweho byibuze milimetero 0. 85 cyangwa nyinshi. Muri iki gice umunsi umwe wabonetse ku bupimiro bwa Nyagata re ahandi hasigaye hose mu gihugu nta mvura yahabonetse. Ikarita ya 3: Umubare w'iminsi imvura yaguy emo
RWANDA_METEO_ikinyamakuru_kanama.pdf
P. O Box 898 KIGALI | E-mail :bulletin@meteorwanda. gov. rw | @Meteo Rwanda | Toll free :6080 Address: Nyarugenge KN2, 96st | Website: www. meteorwanda. gov. rw | Meteo Rwanda 1. 4 Ubuhehere bw'Ubutaka Aha turagaragaza muri rusange uko ubuhehere bw'ubutaka bwari bum eze. A henshi mu gihugu ubuhehere bw'ubutaka muri iyi minsi icumi y'igice cya mbere cya Kanama 2020 bwaragabanutse cyane bitewe n'ibihe by'izuba byaranze iyi minsi. Hateganyijwe ko ubuhehere bw 'ubutaka buz iyongera mu gice cya kabiri cya Kanama bitewe n'uko i bi bihe by'izuba biz atangira kugabanuka. 2. 0. Ibipimo by'ubushyuhe Aha turareba muri rusange uko ibipimo by'ubushyuhe bwo hejuru no hasi hirya no hino mu gihugu byari bimeze. 2. 1 Igipimo cy'ubu shyuhe bwo hejuru Ikarita ya 4 irerekana ubushyuhe bwo hejuru. Ugendeye ku bipimo by'ubushyuhe dusanzwe dupima, ahenshi mu gihugu ubushyuhe bwari mu kigereranyo cy'impuzandengo y'igihe kirekire; mu Ntara y'Iburasirazuba, mu Mujyi wa Kigali, ndetse n'igice kinini cy'Iburengerazuba cyane cyane mu Majyepfo yaho niho hashyushye kurusha ahandi. Mu Ntara y'Amajyaruguru n'iy'Amajyepfo akaba ariho hakonje ugereranyije n'ahandi mu gihugu. Ibipimo by'ubushyuhe byari hagati ya dogere Selisiyusi 22. 7 na 2 9. 4 ahenshi m u gihugu; uretse ku bupimiro bwa Bugarama hashyushye cyane hapimwe dogere selisiyusi 32. 1. Ikarita ya 4: Ubushyuhe bwo hejuru 2. 2. Igipimo cy'ubushyuhe bwo hasi Ikarita ya gatan u irerekana uko ubushyuhe bwo hasi bwanganaga. Ubushyuhe bw o hasi bwari hagati ya Dogere Selisiyusi 1 0. 60C (Busogo ) na Dogere Selisiyusi 17. 80C (Umujyi wa Kigali ). Mu Majyaruguru y' u Rwanda niho hakonje cyane kurusha utundi duce tw'igihugu. Ikarita ya 5: Ubushyuhe bwo hasi
RWANDA_METEO_ikinyamakuru_kanama.pdf
P. O Box 898 KIGALI | E-mail :bulletin@meteorwanda. gov. rw | @Meteo Rwanda | Toll free :6080 Address: Nyarugenge KN2, 96st | Website: www. meteorwanda. gov. rw | Meteo Rwanda 3. 0 Iteganyagihe rigenewe abahinzi mu minsi icumi y'igice cya kabiri cya Kanama (tariki 11-20) 2020 3. 1 Ikirere giteganyijwe Mu gice cya Kabiri cy'ukw ezi kwa Kanama 2020 (hagati y'italiki ya 11 niya 20) mu Rwanda hateganyijwe kugwa imvura iri hagati ya milimetero 0 na milimetero 20. Igice kinini cy'Akarere ka Nyamasheke, mu majyaruguru y'Akarere ka Burera, ay'Akarere ka Gicumbi ndetse no mu burengerazub a bw'Akarere ka Nyagatare hahana imbibi n'igihugu cy'Ubugande, hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 15 na milimetero 20. Igice kinini cy'Intara y'Iburengerazuba wongeyeho Akarere ka Musanze, amajyepfo y'Akarere ka Burera n'ay'aka Gicumbi, Nyamagabe ahahana imbibi na Nyamasheke n'igice gito cy'Akarere ka Nyagatare hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 10 na 15. Ikindi gice gisigaye cy'Intara y'Amajyaruguru (Gakenke, Rulindo, amajyepfo ya Gicumbi), igice kinini cy'akarere ka Ngororero na Nyarug uru hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 5 na 10. Igice kinini cy'Intara y'Amajyepfo wongeyeho Akarere ka Gasabo n'aka Nyarugenge n'amajyepfo y'Akarere ka Kirehe hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 1 na 5. Naho ahandi hasigaye mu ntara y'Iburasirazuba wongeyeho uduce duke tw'Akarere ka Huye, aka Gisagara n'aka Nyaruguru duhana imbibi hateganyijwe imvura iri munsi ya milimetero 1. Ikarita ya 6: Iteganyagihe ry'imvur a mu gice cya mbere cya Kanama 2020. 3. 2 Ibirebana n'imirimo y'ubuhinzi Dushingiye ku bipimo bigaragaza ko imvura yabaye nke ndetse ikazakomeza kuba nke mu gice cya kabiri cya Kamena 2020 (tariki 11-20), abahinzi barashishikarizwa gukomeza gukurikiranira hafi ibihingwa ndetse baka ba banahinga cyane cyane mu bishanga n'ahandi hantu kuvomera bizaborohera, kandi bakomeza kugisha inama abashinzwe ubuhinzi babegereye. Dushingiye kandi ko turimo turasatira igihembwe cy'ihinga A, abahinzi barashishikarizwa gutegu ra imirima yabo. Barashishikarizwa kandi kujya basura urubuga rwa Meteo Rwanda www. meteorwanda. gov. rw, cg guhamagara umurongo utishyurwa 6080.
RWANDA_METEO_ikinyamakuru_kanama.pdf
RAPORO Y'IBIKORWA BYA KOMISIYO Y'IGIHUGU Y'AMATORA MU MWAKA WA 2019-2020 Kanama, 2020REPUBULIKA Y'U RWANDA KOMISIYO Y'IGIHUGU Y'AMATORAKOMISIYO Y'IGIHUGU Y'AMATORA REPUBULIKA Y'URWANDA DEMOKARASI MU MUCYO NO BWISANZURE
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page i IJAMBO RY'IBANZE Hashingiwe ku Itegeko No31/2005 ryo kuwa 24/12/2005 rigena Imiterere n'Imikorere ya Komisiyo y'Igihugu y'Amatora nk'uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu, mu ngingo ya 4 n'iya 28, Komisiyo y'Igihugu y'Amatora ishyikiriza buri mwaka Pe rezida wa Repubulika Porogaramu na Raporo z'ibikorwa byayo. Muri urwo rwego hateguwe mu buryo burambuye raporo y'ibyakozwe mu mwaka w'ingengo y'imari 2019-2020, hashingiwe kuri gahunda y'ibikorwa by'uwo mwaka no kuri gahunda y'imyaka itanu (Strategic Plan 2017-2022) ya Komisiyo. Ibikorwa by‟umwaka wa 2019-2020 byibanze ku myiteguro n‟imiyoborere y‟amatora y‟Abasenateri yakozwe kuva 16-18 Nzeri 2019 n‟amatora y‟Abayobozi b‟Umujyi wa Kigali, ku guhugura ibyiciro bitandukanye by‟Abanyarwanda ku matora, kuvugur ura ilisiti y‟itora ku rwego rw‟Umudugudu, gusimbura Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko, gusimbura mu Nzego z‟Ibanze cyane mu Nama Njyanama na Komite Nyobozi z‟Uturere no kubaka ubushobozi bwa Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora. Ibyagezweho mu mwaka wa 2019-2020 Komisiyo y'Igihugu y'Amatora ibikesha ubufatanye bw‟Abanyarwanda muri rusange n‟inzego zose zigira uruhare mu bikorwa by‟amatora, n‟ubwo hari ibyo icyorezo cya covid-19 cyadindije nk‟uko bigaragara muri iyi raporo. Komisiyo y'Igihugu y'Amatora iboneyeho umwanya wo gushimira Leta y‟u Rwanda ku bushobozi yayigeneye no gushimira Abanyarwanda muri rusange inkunga n'ubwitabire byabo mu matora. Irakangurira na none Abaturarwanda kwitabira ibikorwa by‟amatora ateganyijwe mu mwaka wa 2020-2021, cyane cyane Amato ra ya Komite y‟Abunzi ateganyijwe mu mwaka wa 2020 n‟Amatora y‟Abayobozi b‟Inzego z‟Ibanze n‟Izihariye ateganyijwe muri Gashyantare na Werurwe 2021. Bikorewe i Kigali, ku wa 19/08/2020. Prof. KALISA MBANDA Perezida wa Komisiyo y'Igihugu y'Amatora
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page i IJAMBO RY'IBANZE Hashingiwe ku Itegeko No31/2005 ryo kuwa 24/12/2005 rigena Imiterere n'Imikorere ya Komisiyo y'Igihugu y'Amatora nk'uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu, mu ngingo ya 4 n'iya 28, Komisiyo y'Igihugu y'Amatora ishyikiriza buri mwaka Pe rezida wa Repubulika Porogaramu na Raporo z'ibikorwa byayo. Muri urwo rwego hateguwe mu buryo burambuye raporo y'ibyakozwe mu mwaka w'ingengo y'imari 2019-2020, hashingiwe kuri gahunda y'ibikorwa by'uwo mwaka no kuri gahunda y'imyaka itanu (Strategic Plan 2017-2022) ya Komisiyo. Ibikorwa by‟umwaka wa 2019-2020 byibanze ku myiteguro n‟imiyoborere y‟amatora y‟Abasenateri yakozwe kuva 16-18 Nzeri 2019 n‟amatora y‟Abayobozi b‟Umujyi wa Kigali, ku guhugura ibyiciro bitandukanye by‟Abanyarwanda ku matora, kuvugur ura ilisiti y‟itora ku rwego rw‟Umudugudu, gusimbura Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko, gusimbura mu Nzego z‟Ibanze cyane mu Nama Njyanama na Komite Nyobozi z‟Uturere no kubaka ubushobozi bwa Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora. Ibyagezweho mu mwaka wa 2019-2020 Komisiyo y'Igihugu y'Amatora ibikesha ubufatanye bw‟Abanyarwanda muri rusange n‟inzego zose zigira uruhare mu bikorwa by‟amatora, n‟ubwo hari ibyo icyorezo cya covid-19 cyadindije nk‟uko bigaragara muri iyi raporo. Komisiyo y'Igihugu y'Amatora iboneyeho umwanya wo gushimira Leta y‟u Rwanda ku bushobozi yayigeneye no gushimira Abanyarwanda muri rusange inkunga n'ubwitabire byabo mu matora. Irakangurira na none Abaturarwanda kwitabira ibikorwa by‟amatora ateganyijwe mu mwaka wa 2020-2021, cyane cyane Amato ra ya Komite y‟Abunzi ateganyijwe mu mwaka wa 2020 n‟Amatora y‟Abayobozi b‟Inzego z‟Ibanze n‟Izihariye ateganyijwe muri Gashyantare na Werurwe 2021. Bikorewe i Kigali, ku wa 19/08/2020. Prof. KALISA MBANDA Perezida wa Komisiyo y'Igihugu y'Amatora B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page ii ISHAKIRO ISHAKIRO ................................................................................................................................... II ILISITI Y'IMBONERAHA MWE ............................................................................................. III AMAGAMBO AHINNYE ........................................................................................................... V 1. INTANGIRIRO ..................................................................................................................... 1 2. IBIKORWA BYARI BITEG ANYIJWE ............................................................................ 1 3. IBYAKOZWE ....................................................................................................................... 2 3. 1. KUNOZA AMATEGEKO N'A MABWIRIZA AGENGA AMA TORA ..................... 2 3. 1. 1. UMUSHINGA W ‟ITEGEKO RIGENA INSHI NGANO, IMITERERE N ‟IMIKORERE BYA KOMISIYO 2 3. 1. 2. AMABWIRIZA AGENGA ITO RA RY ‟ABASENATERI .............................................................. 2 3. 1. 3. ITEKA RYA PEREZIDA RIGENA UKO A MATORA Y ‟ABAGIZE KOMITE Y ‟ABUNZI AKORWA .. 2 3. 1. 4. AMABWIRIZA AGENGA AMA TORA Y ‟ABUNZI .................................................................... 2 3. 2. GUTEGURA NO KUYOBORA AMATORA ................................................................ 3 3. 2. 1. AMATORA Y 'ABASENATERI ............................................................................................... 3 3. 2. 2. AMATORA Y ‟ABAYOBOZI B ‟UMUJYI WA KIGALI .............................................................. 7 3. 2. 3. AMATORA ASIMBURA UMUDEPITE UTORERWA MU NTARA Y ‟AMAJYEPFO ..................... 10 3. 2. 4. AMATORA ASIMBURA MU BAYOBOZI B ‟INZEGO Z ‟IBANZE .............................................. 13 3. 2. 5. AMATORA YUZUZA INAMA Y ‟IGIHUGU Y ‟ABAGORE ....................................................... 19 3. 2. 6. AMATORA Y ‟ABAGIZE KOMITE Y ‟ABUNZI ..................................................................... 19 3. 2. 7. IVUGURURWA RY ‟ILISITI Z ‟ITORA ................................................................................... 21 3. 3. INYIGISHO Z'UBURERE MBONERAGIHUGU KU MAT ORA ........................... 23 3. 3. 1. UBURERE MBONERAGIHUGU KU MATO RA MU 2018-2019 NA GAHUNDA YO MU 2019-2020 23 3. 3. 2. GUTEGURA NO GUTUBURA IMFASHANYIGISHO................................................................ 24 3. 3. 3. GUTANGA AMAHUGURWA N 'IBIGANIRO KU MATORA ...................................................... 24 3. 4. KUMENYAKANISHA IBIKO RWA B YA KOMISIYO ............................................ 26 3. 4. 1. IKIGANIRO "INZIRA YA DEMOKARASI "............................................................................ 26 3. 4. 2. "SPOTS " KURI RADIYO .................................................................................................... 26 3. 4. 3. IBITAMBARO BIMANIKWA BIRIHO UBUTUMWA BW ‟AMATORA ......................................... 27 3. 4. 4. IKORANABUHANGA RIGEZW EHO N ‟IMBUGA NKORANYAMBAGA ..................................... 27 3. 4. 5. AMATANGAZO N ‟IBIGAGANIRO MU BITAN GAZAMAKURU ................................................ 27 3. 5. UBUFATANYE N'UMUBANO N'IZINDI NZEGO ................................................... 28 3. 5. 1. GUTEGURA NO GUKURIKIR ANA AMASEZERANO Y ‟UBUFATANYE N ‟IBITANGAZAMAKURU 28 3. 5. 2. KWAKIRA ABASHYITSI .................................................................................................... 28 3. 5. 3. UBUFATANYE N ‟INZEGO ZIGIRA URUHAR E MU MATORA CYAN GWA MU MIYOBORERE MY IZA 28 3. 6. IMICUNGIRE Y'ABAKOZI N'UMUTUNGO WA KOMISI YO............................. 28 3. 6. 1. IMICUNGIRE Y ‟ABAKOZI .................................................................................................. 28 3. 6. 2. KONGERERA ABAKOZI UBU MENYI ................................................................................... 30 3. 6. 3. IMICUNGIRE Y ‟IMARI ....................................................................................................... 31 3. 7. IMIKORERE Y'INZEGO Z A KOMISIYO Y'IGIHUGU Y 'AMATORA ............... 32 3. 7. 1. IMIKORERE Y ‟INAMA Y ‟ABAKOMISERI ........................................................................... 32 3. 7. 2. IMIKORERE Y 'UBUNYAMABANGA NSHINGWABIKORWA .................................................. 34 3. 8. IBYAGEZWEHO N'INGENG O Y'IMARI YAKORESHEJ WE.............................. 35 4. INZITIZI ZAGARAGAYE ................................................................................................ 36 5. INGAMBA N'IBYIFUZO .................................................................................................. 37 6. IBIKORWA BY'INGENZI BITEGANYIJWE MU MWAK A WA 2020-2021 ............ 37 7. UMUSOZO .......................................................................................................................... 38
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page iii ILISITI Y'IMBONERAHAMWE Imbonerahamwe ya 1: Abakandida senateri bemejwe n'Urukiko rw'Ikirenga n'aho batorerwa ........................................................................................................................ 4 Imbonerahamwe ya 2: Umubare w'abagize inteko itora Abasenateri n'aho batorerwa ........................................................................................................................ 5 Imbonerahamwe ya 3: Abakorerabushake bayoboye amatora y'Abasenateri ............... 5 Imbonerahamwe ya 4: Ubwitabire mu kwiyamamaza .................................................... 6 Imbonerahamwe ya 5: Ubwitabire mu matora y'Abasenatari mu 2019 ........................ 7 Imbonerahamwe ya 6: Abatowe mu myanya y'Abasenateri ........................................... 7 Imbonerahamwe ya 7: Umubare w'Abakorerabushake bayoboye amatora mu Turere .............................................................................................................................. 8 Imbonerahamwe ya 8: Ka ndidatire zakiriwe zikanemezwa muri buri Karere ............... 8 Imbonerahamwe ya 9: Ubwitabire mu bikorwa byo kwiyamamaza kw'abakandida ..... 8 Imbonera hamwe ya 10: Ubwitabire mu matora y'Abajyanama 6 b'Umujyi wa Kigali ............................................................................................................................... 9 Imbonerahamwe ya 11: Uko abakandida muri buri Karere barushanijwe amajwi ....... 9 Imbonerahamwe ya 12: Ubwitabire mu matora ya Biro y'Inama Njyanama y'Umujyi wa Kigali........................................................................................................ 10 Imbonerahamwe ya 13: Amajwi y'abatowe muri Biro y'Inama Njyanama y'Umujyi wa Kigali ....................................................................................................................... 10 Imbonerahamwe ya 14: Ubwitabire mu matora ya Komite Nyobozi y'Umujyi wa Kigali ............................................................................................................................. 10 Imbonerahamwe ya 15: Abatowe mu matora ya Komite Nyoboz i y'Umujyi wa Kigali 10 Imbonerahamwe ya 16: Imibare y'Abari bagize Inteko yatoye Umudepite mu Ntara y'Amajyepfo................................................................................................................... 11 Imbonerahamwe ya 17: Umubare w'Ibiro by'Itora n'Abakorerabushake bayoboye amatora .......................................................................................................................... 11 Imbonerahamwe ya 18: Ubwitabire mu matora yo gusimbura Umudepite mu Majyepfo ........................................................................................................................ 12 Imbonerahamwe ya 19: Ibyavuye mu matora asimbura Umudepite mu Majyepfo ...... 12 Imbonerahamwe ya 20: Ubwitabire mu matora asimbura Abajyanama rusange mu Turere ............................................................................................................................ 13 Imbonerahamwe ya 21: Ubwitabire mu matora asimbura Abajyanama batorwa mu byiciro byihariye ............................................................................................................ 14 Imbonerahamwe ya 22: Abatorewe gusimbura Abajyanama Rusang e mu Nama Njyanama z'Uturere ...................................................................................................... 14 Imbonerahamwe ya 23: Ibyavuye mu matora asimbura Abajyanama ba 30% b'abagore mu Turere ..................................................................................................... 16 Imboneraha mwe ya 24: Ibyavuye mu matora asimbura Umujyanama uva mu Rubyiruko muri Karongi ............................................................................................... 17 Imbonerahamwe ya 25: Amatora yuzuza Biro ya Njyanama y'Akarere ka Burera, Kayonza na Rubavu ....................................................................................................... 17 Imbonerahamwe ya 26: Abayobozi batowe muri Komite Nyobozi z'Uturere .............. 18
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page iii ILISITI Y'IMBONERAHAMWE Imbonerahamwe ya 1: Abakandida senateri bemejwe n'Urukiko rw'Ikirenga n'aho batorerwa ........................................................................................................................ 4 Imbonerahamwe ya 2: Umubare w'abagize inteko itora Abasenateri n'aho batorerwa ........................................................................................................................ 5 Imbonerahamwe ya 3: Abakorerabushake bayoboye amatora y'Abasenateri ............... 5 Imbonerahamwe ya 4: Ubwitabire mu kwiyamamaza .................................................... 6 Imbonerahamwe ya 5: Ubwitabire mu matora y'Abasenatari mu 2019 ........................ 7 Imbonerahamwe ya 6: Abatowe mu myanya y'Abasenateri ........................................... 7 Imbonerahamwe ya 7: Umubare w'Abakorerabushake bayoboye amatora mu Turere .............................................................................................................................. 8 Imbonerahamwe ya 8: Ka ndidatire zakiriwe zikanemezwa muri buri Karere ............... 8 Imbonerahamwe ya 9: Ubwitabire mu bikorwa byo kwiyamamaza kw'abakandida ..... 8 Imbonera hamwe ya 10: Ubwitabire mu matora y'Abajyanama 6 b'Umujyi wa Kigali ............................................................................................................................... 9 Imbonerahamwe ya 11: Uko abakandida muri buri Karere barushanijwe amajwi ....... 9 Imbonerahamwe ya 12: Ubwitabire mu matora ya Biro y'Inama Njyanama y'Umujyi wa Kigali........................................................................................................ 10 Imbonerahamwe ya 13: Amajwi y'abatowe muri Biro y'Inama Njyanama y'Umujyi wa Kigali ....................................................................................................................... 10 Imbonerahamwe ya 14: Ubwitabire mu matora ya Komite Nyobozi y'Umujyi wa Kigali ............................................................................................................................. 10 Imbonerahamwe ya 15: Abatowe mu matora ya Komite Nyoboz i y'Umujyi wa Kigali 10 Imbonerahamwe ya 16: Imibare y'Abari bagize Inteko yatoye Umudepite mu Ntara y'Amajyepfo................................................................................................................... 11 Imbonerahamwe ya 17: Umubare w'Ibiro by'Itora n'Abakorerabushake bayoboye amatora .......................................................................................................................... 11 Imbonerahamwe ya 18: Ubwitabire mu matora yo gusimbura Umudepite mu Majyepfo ........................................................................................................................ 12 Imbonerahamwe ya 19: Ibyavuye mu matora asimbura Umudepite mu Majyepfo ...... 12 Imbonerahamwe ya 20: Ubwitabire mu matora asimbura Abajyanama rusange mu Turere ............................................................................................................................ 13 Imbonerahamwe ya 21: Ubwitabire mu matora asimbura Abajyanama batorwa mu byiciro byihariye ............................................................................................................ 14 Imbonerahamwe ya 22: Abatorewe gusimbura Abajyanama Rusang e mu Nama Njyanama z'Uturere ...................................................................................................... 14 Imbonerahamwe ya 23: Ibyavuye mu matora asimbura Abajyanama ba 30% b'abagore mu Turere ..................................................................................................... 16 Imboneraha mwe ya 24: Ibyavuye mu matora asimbura Umujyanama uva mu Rubyiruko muri Karongi ............................................................................................... 17 Imbonerahamwe ya 25: Amatora yuzuza Biro ya Njyanama y'Akarere ka Burera, Kayonza na Rubavu ....................................................................................................... 17 Imbonerahamwe ya 26: Abayobozi batowe muri Komite Nyobozi z'Uturere .............. 18 B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page iv Imbonerahamwe ya 27: Umubare w'Abayobozi basimbuwe muri Njyanama na Nyobozi z 'Uturere ......................................................................................................... 18 Imbonerahamwe ya 28: Ibyavuye mu matora yo kuzuza mu Nama y'Igihugu y'Abagore ...................................................................................................................... 19 Imbonerahamwe ya 29:Umushinga wa Gahund a y'amatora ya Komite y'Abunzi 2020 ............................................................................................................................... 19 Imbonerahamwe ya 30: Inteko itora abakandida ku rwego rw'Umudugudu ............... 21 Imbonerahamwe ya 31: In teko itora Komite y'Abunzi ku rwego rw'Akagari ............... 21 Imbonerahamwe ya 32: Inteko itora Komite y'Abunzi ku rwego rw'Imirenge ............. 21 Imbonera hamwe ya 33: Imiterere y'ilisiti y'itora y'agateganyo mu mwaka wa 2019 . 22 Imbonerahamwe ya 34: Ilisiti y'itora mu matora yuzuza Inama Njyanama z'Uturere mu 2019-2020................................................................................................................ 23 Imbonerahamwe ya 35: Imfashanyigisho zatubuwe mu mwaka wa 2019-2020 ........... 24 Imbonerahamwe ya 36: Ibyiciro byahuguwe mu 2019-2020........................................ 25 Imbonerahamwe ya 37: Ibyiciro byahuguwe na Komite Mpuzabikorwa ku matora mu 2019-2020................................................................................................................ 25 Imbonerahamwe ya 38: Abakozi bashyizwe mu myanya .............................................. 29 Imbonerahamwe ya 39: Abakozi batatu bahagaritse akazi mu mwaka wa 2019-2020 29 Imbonerahamwe ya 40: Abakozi bazamuwe mu ntera .................................................. 30 Imbonerahamwe ya 41: Abakozi bakurikiranye amahugurwa ku micungire y'amasoko ya Leta ......................................................................................................... 31 Imbonerahamwe ya 42: Ingengo y'imari KIA yabonye mu mwaka wa 2019-2020 n'inkomoko yayo ............................................................................................................ 31 Imbonerahamwe ya 43: Ingengo y'imari KIA yabonye n'uko yakoreshejwe mu mwaka wa 2019-2020.................................................................................................... 32 Imbonerahamwe ya 44: Ibikorwa bigari n'ingengo y'imari mu myaka ya 2019-2020 na 2020-2021................................................................................................................. 34 Imbonerahamwe ya 45: Uko Ingengo y'Imari yakoreshejwe mu mwaka wa 2019-2020 ............................................................................................................................... 36
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page v AMAGAMBO AHINNYE AAEA Ishyirahamwe ry'Inzego Nyafurika ziyobora A matora (Association of African Electoral Authorities/ Association des Authorités Electorales en Afrique) AU Umuryango w‟Afurika yunze U bumwe (African Union) CNF Inama y‟Igihugu y‟Abag ore (Conseil National des Femmes) CNJ Inama y'Igihugu y'Urubyiruko (Conseil National de la Jeunesse) Co K City of Kigali COVID 19 Corona virus Di sease 2019 DSMS Database and Software Management Specialist EALA Inteko Ishiga Amategeko y‟Umuryango w‟Afur ika y‟Iburasirazuba (East African Legislative Assembly) EMS Electoral Management Specialist HRMS Human Resources Management Specialist HRO Human Resources Officer ICT Information and Communication Technology KIA Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora MIFOTRA Ministry of Public Sevice and Laber MINALOC Minisiteri y‟Ubutegetsi bw‟Igihugu (Ministry of Local Government) MINECOFIN Minisiteri y'Imari n'Igenamigambi (Ministry of Finance and Economic Planning) NIDA Ikigo cy 'Igihugu gishinzwe Indangamuntu (National I dentification Agency) RBA Urwego rw‟Igihugu rw‟Itangazamakuru (Rwanda Broadcasting Agency) RECEF Réseau des Compétences Electorales Francophones UNDP Ishami ry‟Umuryango w‟Abibumbye ritsura Amajyambere (United Nations Development Program)
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page v AMAGAMBO AHINNYE AAEA Ishyirahamwe ry'Inzego Nyafurika ziyobora A matora (Association of African Electoral Authorities/ Association des Authorités Electorales en Afrique) AU Umuryango w‟Afurika yunze U bumwe (African Union) CNF Inama y‟Igihugu y‟Abag ore (Conseil National des Femmes) CNJ Inama y'Igihugu y'Urubyiruko (Conseil National de la Jeunesse) Co K City of Kigali COVID 19 Corona virus Di sease 2019 DSMS Database and Software Management Specialist EALA Inteko Ishiga Amategeko y‟Umuryango w‟Afur ika y‟Iburasirazuba (East African Legislative Assembly) EMS Electoral Management Specialist HRMS Human Resources Management Specialist HRO Human Resources Officer ICT Information and Communication Technology KIA Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora MIFOTRA Ministry of Public Sevice and Laber MINALOC Minisiteri y‟Ubutegetsi bw‟Igihugu (Ministry of Local Government) MINECOFIN Minisiteri y'Imari n'Igenamigambi (Ministry of Finance and Economic Planning) NIDA Ikigo cy 'Igihugu gishinzwe Indangamuntu (National I dentification Agency) RBA Urwego rw‟Igihugu rw‟Itangazamakuru (Rwanda Broadcasting Agency) RECEF Réseau des Compétences Electorales Francophones UNDP Ishami ry‟Umuryango w‟Abibumbye ritsura Amajyambere (United Nations Development Program) B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 1 1. INTANGIR IRO Mu mwaka wa 20 19-2020 Komisiyo y'Igihugu y'Amatora yashyize i mbaraga mu bikorwa bijyanye n‟imyiteguro n‟imiyoborere y‟amatora y‟Abasenateri yakozwe kuva 16-18 Nzeri 2019, mu gutegura no kuyobora amatora y‟Abayobozi b‟Umujyi wa Kigali (Co K), guhugura ib yiciro bitandukanye by‟Abanyarwanda ku matora, kuvugurura ilisiti y‟itora ku rwego rw‟umudugudu, gusimbura Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko utorerwa mu Ntara y‟Amajyepfo, gusimbura mu Nzego z‟Ibanze cyane cyane mu Nama Njyanama na Komite Nyobozi z‟Utur ere no kubaka ubushobozi bwa Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora. N‟ubwo hari ibitara gezweho kubera icyorezo cya covid-19, i byagezweho mu mwaka wa 20 19-2020 Komisiyo y'Igihugu y'Amatora ibikesha umurava w‟abakozi, imikorere myiza y'Inzego zayo n‟ ubufatanye n'abaf atany abiko rwa mu matora batandukanye, bari mo Guverinoma y'u Rwanda itanga umurongo ngenderwaho, inama n‟ingengo y‟imari. Iyi raporo iragaragaza mu bury o burambuye ibyari biteganyijwe gukorwa, imigendekere y‟ib yakozwe kuva muri Nyakanga 201 9 kugera m uri Kam ena 2020, inzitizi zagaragaye, ingamba n'ibyifuzo n 'ibikorwa by'ingenzi biteganyijwe mu mwaka wa 20 20-2021. 2. IBIKORWA BYARI BITEGANYIJWE Nk'uko bigaragara muri gahunda y'ibikorwa bya Komisiyo y'Igihugu y'Amatora mu mwaka wa 20 19-2020, ibikorwa by'ingenzi by ari biteganyijwe mu mwaka ni ibikurikira: 1) Gutegura no kuyobora amatora y'Abasenateri yo ku wa 16-18 Nzeri 2019; 2) Guhugura ibyiciro b igira uruhare mu matora y'Abasenateri n'abaturage muri rusange; 3) Gutegura gahunda y'inyigisho z'Uburere Mboneragihugu ku mator a mu 2019-2020 n‟imfashanyigisho zo kuva 2019-2024; 4) Kunoza Gahunda y'Ibikorwa n'Ingengo y'Imari bya KIA mu mwaka wa 2019-2020 hashingiwe ku ngengo yemejwe n'Inteko Ishinga Amategeko; 5) Gukora isuzumamikorere ry'abakozi ry'umwaka wa 2018-2019 no gutegura Imih igo y'umwaka wa 2019-2020; 6) Kumenyekanisha ibikorwa bya KIA binyuze mu bitangazamakuru; 7) Kuvugurura ilisiti y‟itora no kuyegereza abaturage; 8) Gutegura amatora ya Komite y‟Abunzi; 9) Guhugura ibyiciro byihariye n‟abandi bafatanyabikorwa ku matora; 10) Gutegura igenam igambi y‟umwaka wa 2020-2021; 11) Gutegura umwiherero w‟akazi w‟abakozi bose n‟Aba komiseri ba KIA.
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 2 3. IBYAKOZWE 3. 1. KUNOZA AMATEGEKO N'AMABWIRIZA AGENGA AMATORA Mu rwego rwo kunoza ibirebana n' amategeko agenga amatora, mu mwaka wa 201 9-2020 Komisiyo y'Igihugu y'Amato ra yibanze ku gutegura no gukurikirana iyemezwa ry'Amategeko, Amateka n'Amabwiriza atandukanye arebana n'amatora. 3. 1. 1. Umushinga w'itegeko rigena inshingano, imiterere n'imikorere bya Komisiyo Mu rwego rwo kujyanisha n‟igihe Itegeko rigena ishingano, imiterere n‟imikorere ya Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora, hateguwe umushinga w ‟iri tegeko, hashingiwe ku myanzuro y‟umwiherero w‟akazi w‟Abakomiseri n‟abakozi ba Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora wabereye i Rubavu, kuva tariki ya 04-08/02/2019. Uwo mushinga washyikirijwe In ama y‟Abakomiseri, irawunoza kandi irawemeza. 3. 1. 2. Amabwiriza agenga itora ry'Abasenateri Amabwiriza No 02/2019 yo ku wa 20/08/2019 ya Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora agenga itora ry‟Abasenateri yaranogejwe asohorwa mu Igazeti ya Leta No Special Bis yo ku wa 22/08 /2019. Nyuma yo gusohorwa mu Igazeti ya Leta, ayo Mabwiriza yatubuwemo udutabo 120 dushyikirizwa abayobora amatora n‟ bafatanyabikorwa batand ukanye, abandi bayagezwah o hakoreshejwe ikoranabuhanga, kugira ngo yifashish we mu miyoborere y‟amatora y‟Abasenateri yakozwe kuva 16-18/09/2019. 3. 1. 3. Iteka rya Perezida rigena uko a matora y'Abagize Komite y'Abunz i akorwa Hateguwe Umushinga w‟Iteka rya Perezida rigena uko amatora y‟Abagize Komite y‟Abunzi akorwa ush yikirizwa Inama y‟Abaministiri irawusuzuma ira nawemeza. Iteka rya Perezida No 95/01 ryo ku wa 18/09/2019 rigena uko amatora y‟abagize Komite y ‟Abunzi akorwa ryatangajwe mu Ig azeti ya Leta ya Repubulika y‟u Rwanda No 37 bis, yo ku wa 23/09/2019. Iri teka ryatubuwemo kopi magana atanu (500) zihabwa abashinzwe kuyobora amatora ku rwego rw‟Intara n‟Uturere, abandi bayahabwa hifashishijwe ikoranabuhanga n‟amahugurwa, kugira ngo bazar yifashish e mu kuyobora amatora y‟Abagize Komite y‟Abunzi. 3. 1. 4. Amabwiriza agenga amatora y'Abunzi Ingingo ya 3 y‟Iteka rya Perezida N° 95/01 ryo k u wa 18/09/2019 rigena uko amatora y‟abagize Komite y‟Abunzi akorwa iteganya ko Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora itanga amabwiriza agena imigendekere y‟a yo matora. Umushinga w‟Am abwiriza agena imigendekere y‟amatora y‟Abunzi warateguwe ushyikirizwa Minisiteri y‟Ubutabera kugira ngo iwutangeho i bitekerezo. Nyuma, uwo mushinga w‟Amabwiriza washyikirijwe Inama y‟Abakomiseri, irawusuzuma kandi irawemeza.
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 2 3. IBYAKOZWE 3. 1. KUNOZA AMATEGEKO N'AMABWIRIZA AGENGA AMATORA Mu rwego rwo kunoza ibirebana n' amategeko agenga amatora, mu mwaka wa 201 9-2020 Komisiyo y'Igihugu y'Amato ra yibanze ku gutegura no gukurikirana iyemezwa ry'Amategeko, Amateka n'Amabwiriza atandukanye arebana n'amatora. 3. 1. 1. Umushinga w'itegeko rigena inshingano, imiterere n'imikorere bya Komisiyo Mu rwego rwo kujyanisha n‟igihe Itegeko rigena ishingano, imiterere n‟imikorere ya Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora, hateguwe umushinga w ‟iri tegeko, hashingiwe ku myanzuro y‟umwiherero w‟akazi w‟Abakomiseri n‟abakozi ba Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora wabereye i Rubavu, kuva tariki ya 04-08/02/2019. Uwo mushinga washyikirijwe In ama y‟Abakomiseri, irawunoza kandi irawemeza. 3. 1. 2. Amabwiriza agenga itora ry'Abasenateri Amabwiriza No 02/2019 yo ku wa 20/08/2019 ya Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora agenga itora ry‟Abasenateri yaranogejwe asohorwa mu Igazeti ya Leta No Special Bis yo ku wa 22/08 /2019. Nyuma yo gusohorwa mu Igazeti ya Leta, ayo Mabwiriza yatubuwemo udutabo 120 dushyikirizwa abayobora amatora n‟ bafatanyabikorwa batand ukanye, abandi bayagezwah o hakoreshejwe ikoranabuhanga, kugira ngo yifashish we mu miyoborere y‟amatora y‟Abasenateri yakozwe kuva 16-18/09/2019. 3. 1. 3. Iteka rya Perezida rigena uko a matora y'Abagize Komite y'Abunz i akorwa Hateguwe Umushinga w‟Iteka rya Perezida rigena uko amatora y‟Abagize Komite y‟Abunzi akorwa ush yikirizwa Inama y‟Abaministiri irawusuzuma ira nawemeza. Iteka rya Perezida No 95/01 ryo ku wa 18/09/2019 rigena uko amatora y‟abagize Komite y ‟Abunzi akorwa ryatangajwe mu Ig azeti ya Leta ya Repubulika y‟u Rwanda No 37 bis, yo ku wa 23/09/2019. Iri teka ryatubuwemo kopi magana atanu (500) zihabwa abashinzwe kuyobora amatora ku rwego rw‟Intara n‟Uturere, abandi bayahabwa hifashishijwe ikoranabuhanga n‟amahugurwa, kugira ngo bazar yifashish e mu kuyobora amatora y‟Abagize Komite y‟Abunzi. 3. 1. 4. Amabwiriza agenga amatora y'Abunzi Ingingo ya 3 y‟Iteka rya Perezida N° 95/01 ryo k u wa 18/09/2019 rigena uko amatora y‟abagize Komite y‟Abunzi akorwa iteganya ko Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora itanga amabwiriza agena imigendekere y‟a yo matora. Umushinga w‟Am abwiriza agena imigendekere y‟amatora y‟Abunzi warateguwe ushyikirizwa Minisiteri y‟Ubutabera kugira ngo iwutangeho i bitekerezo. Nyuma, uwo mushinga w‟Amabwiriza washyikirijwe Inama y‟Abakomiseri, irawusuzuma kandi irawemeza. B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 3 Amabwiriza No 01/2020 yo ku wa 30/04/2020 ya Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora agena imigendekere y‟amatora y‟abagize Komite y‟Abunzi yatangajwe mu Igazeti ya Leta No idasanzwe, yo ku wa 04/06/2020. 3. 2. GUTEGURA NO KUYOBORA AMATORA Mu rwego rwo gukomeza gushimangira D emokarasi n‟Imiyoborere myiza, mu mwaka wa 201 9-2020 Komisiyo y'Igihugu y'Amatora yateguye i nayobora mu bihe binyuranye amatora atandukanye, harimo amatora y‟Abasenateri, amatora y‟Abayobozi b‟Umujyi wa Kigali hashingiwe ku Itegeko rishya rigenga Umujyi wa Kigali, amatora yo gusimbura mu nzego zitorerwa n‟imyiteguro y‟amatora y‟Abunzi. Mu gutegura no kuyobora ayo amatora, Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yibanze ku bikorwa by‟ingenzi birimo kumenyekanisha gahunda y‟amatora, kwakira kandidatire, gutegura ilisiti y‟inteko itora no guhugura abayigize, gukangurira Abanyarwanda ibikorwa by'amatora, kumenyekanisha no gutegu ra ahatorerwa, gushyiraho no guhugura abayoboye amatora, gutegura no gukurikirana ibikorwa byo kwiyamamaza, kuyobora amatora nyirizina no gutangaza ibyayavuyemo no gukora raporo y‟ayo matora. 3. 2. 1. Amatora y'Abasenateri Hashingiwe kuri gahunda y'amatora yemejwe na Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora n o ku matariki yo kwiyama maza no gutora yagenwe n ‟Iteka rya Peresida wa Repubulika ryemejwe n‟Inama y‟Abam inisitiri yo ku wa 07 Kamena 2019, Komisiyo y'Igihugu y‟Amatora yateguye kandi iyobora amatora y'Abasenateri, yabaye kuva tariki 16 kugera 18 Nzeri 2019. Abasenateri batowe n i 14 barimo 12 batorwa mu buryo buziguye hashingiwe ku nzego z‟imitegekere y‟Igihugu (Intara n‟Umujyi wa Kigali), Umusenateri umwe utorwa mu barimu n‟abashakashatsi ba za Kaminuza n‟Amashuri Makuru b ya Leta n‟undi umwe utorwa muri za Kaminuza n‟Amashuri M akuru byigenga. 3. 2. 1. 1. Gutegura gahunda y'amatora y'Abasenateri no kuyimenyekanisha Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yateguye kandi yemeza gahunda y‟amatora y‟Abasenateri. Yateguye kandi imishinga y‟Amateka ya P erezida ajyanye n‟ayo matora iyashyikiriza inzego bireba. Iteka rya Perezida rigena ifasi y‟itora, umubare w‟Abasenateri batorwa kuri buri fasi n‟abagize inteko itora n‟Iteka rya Perezida rigena umunsi w‟itora n‟igihe cyo kwiyamamaza mu itora ry‟Abasenater i yemejwe n‟Inama y‟Abaminis itiri yo ku wa 07/06/2019. Gahunda y‟Amatora y‟Abasenateri ya menye shejwe Abanyarwanda bose n‟abafatanyabikorwa mu matora. Amwe mu matariki y‟ingenzi yari muri iyo gahunda ni aya akurikira:
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 4 Kwakira kandidatire: 22/07-09/08/2019; Gutangaza kandidatire zemejwe n‟Urukiko rw‟Ikirenga: 16/08/2019; Kwiyamamaza kw‟abakandida: 26/08-15/09/2019; Amatora y‟Abasenateri: 16-18/09/2019; Gutangaza burundu Abasenateri batowe: bitarenze 30/09/2019. 3. 2. 1. 2. Kwakira no kwemeza kandidatire Kuva ku itariki ya 22/07 kugeza ku itariki ya 09/08/2019 Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yakiriye dosiye z‟abakandida Senateri 69 zirimo iz‟abagore 26 bangana na 37. 8%. Imaze kuzisuzuma no kugaragaza ibyatanzwe n‟ibibura muri buri dosiye, Komisiyo yazishyikirije Urukiko rw‟I kirenga ku itariki ya 12/08/2019, kugira ngo rwemeze izujuje ibisabwa. Uko kandidatire zemejwe bigaragara mu mbonerahamwe ya mbere ikurikira. Imbonerahamwe ya 1: Abakandida senateri bemejwe n'Urukiko rw'Ikirenga n'aho batorerwa Aho Abakandida biyamamaje Imyanya itorerwa KANDIDATIRE ZAKIRIWE KANDIDATIRE ZEMEJWE Zose Gabo Gore Zose Gabo Gore # % # % Mu Ntara n'Umujyi wa Kigali 12 62 39 23 37. 1 58 33 25 43. 1 Amajyaruguru 2 7 4 3 42. 9 7 4 3 42. 9 Amajyepfo 3 23 10 13 56. 5 23 10 13 56. 5 Iburasirazuba 3 11 7 4 36. 4 9 5 4 44. 4 Iburengerazuba 3 16 13 3 18. 8 15 10 5 33. 3 Umujyi wa Kigali 1 5 5 0 4 4 0 0 Muri Kaminuza n'Amashuri Makuru 2 7 7 0 7 7 0 0 Kaminuza n‟Amashuri Makuru bya Leta 1 3 3 0 4 4 0 0 Kaminuza n‟Amashuri M akuru byigenga 1 4 4 0 3 3 0 0 IGITERANYO RUSANGE 14 69 46 23 33. 3 63 38 25 39. 7 Muri kandidatire 69 zashyikirijwe Urukiko rw‟Ikirenga, hemejwe 63 zirimo abagore 25 bangana 39. 7% n‟abagabo 38 bangana na 60. 3%. Nta mugore wiyamamaje mu Mujyi wa Kigali n o muri Kaminuza n‟Amashuri Makuru. 3. 2. 1. 3. Gutegura ilisiti y'inteko zitora Inteko itora Abasenateri 12 batorerwa mu Ntara igizwe n‟abagize Biro z‟Inama Njyanama z‟Imirenge hamwe n‟abagize Inama Njyanama z‟Uturere muri buri Ntara. Mu mujyi wa Kigali, inteko itora igizwe n‟abagize Biro z‟Inama Njyanama z‟Imirenge igize Umujyi wa Kigali n‟abagize Inama Njyanama y‟Umujyi wa Kigali. Muri Kaminuza n‟Amashuri Makuru bya Leta n‟ibyigenga, inteko itora igizwe n‟abarimu n‟abashakashatsi bakora ku bur yo buhoraho mu ri ibyo bi go. Inteko zitora zose zigi zwe n‟abatora ibihumbi bine n‟ijana na mirongo itatu ( 4,130) barimo abagore bangana na 40. 8% mu Ntara n‟Umujyi wa Kigali, ariko bangana na 20. 3% muri Kaminuza n‟Amashuri Makuru, nk‟uko bigaragara mu mbonerahamwe ya 2 ikurikira. B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 5 Imbonerahamwe ya 2: Umubare w'abagize inteko itora Abasenateri n'aho batorerwa Aho batorerwa Abari ku rutonde Gabo Gore Bose Bose (%) Bose (%) Mu Ntara n'Umujyi wa Kigali 2,022 1,197 59. 2 825 40. 8 Amajyaruguru 434 264 60. 8 170 39. 2 Amajyepfo 513 294 57. 3 219 42. 7 Iburasirazuba 482 286 59. 3 196 40. 7 Iburengerazuba 477 286 60. 0 191 40. 0 Umujyi wa Kigali 116 67 57. 8 49 42. 2 Muri Kaminuza n'Amashuri Makuru 2,108 1,680 79. 7 428 20. 3 Kaminuza n‟Amashuri M akuru bya Leta 1,381 1,088 78. 8 293 21. 2 Kaminuza n‟Amashuri M akuru byigenga 727 593 81. 6 134 18. 4 Igiteranyo rusange 4,130 2,879 69. 7 1,251 30. 3 3. 2. 1. 4. Gushyiraho no guhugura abayobora amatora Hashingiwe ku mubare w‟ibyumba by‟itora byagenwe, Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yashyizeho abakorerabushake miron go urwenda (90 ), ni ukuvuga batatu (3) muri buri Karere, bafashije kuyobora amatora mu byiciro byose. Abo bakore rabushake bahuguwe ku mabwiriza agenga amatora y‟Abasenateri ku wa 15/09/2019. Imbonerahamwe ya 3 ikurikira irerekana imib are y‟abakorerabushake bayoboye amatora muri buri Ntara n‟Umujyi wa Kigali. Mu bayoboye amatora 90 harimo abagore 26. 6%. Abagore b iganje mu Mujyi wa Kigali (44. 4%), baba bakeya mu Majyepfo (12. 5%) nk‟uko bigaragara mu mbonerahamwe ya 3. Imbonerahamwe ya 3: Abakorerabushake bayoboye amatora y'Abasenateri INTARA/ UMUJYI WA KIGALI UTURERE ABAYOBOYE AMATORA BOSE Gore Gabo Bose % Bose % Amajyaruguru 5 15 6 40. 0 9 60. 0 Amajyepfo 8 24 3 12. 5 21 87. 5 Iburasirazuba 7 21 4 19. 0 17 81. 0 Iburengerazuba 7 21 7 33. 3 14 66. 7 Umujyi wa Kigali 3 9 4 44. 4 5 55. 6 IGITERANYO 30 90 24 26. 6 66 73. 4 3. 2. 1. 5. Gutumira no kwakira Indorerezi z'amatora Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yatumiye kandi yakira Indorerezi 292, zirimo 258 nyarwanda na 34 mvamahanga, abagore 128 bahwanye na 43. 8%, n‟abagabo 164, bahwanye na 56. 2%. Komisiyo yakoranye inama n‟izo ndorerezi ku wa 05/09/2019 hagamijwe kuzisobanurira uko amatora y‟Abasenateri ateguye n‟Amabwiriza ayagenga, no gusobanura by‟umwihariko i birebana n‟ imikorere n‟imyitwarire yazo. 3. 2. 1. 6. Kwiyamamaza kw'Abakandida Abakandida biyamamaje kuva tariki ya 26 Kanama kugeza ku ya 15 Nzeri 2019. Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yumvikanye n‟Abakandida kuri gahunda yo kwiyamamaza nibura rimwe, imbere y‟ inteko itora kuri buri Biro by ‟itora.
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 5 Imbonerahamwe ya 2: Umubare w'abagize inteko itora Abasenateri n'aho batorerwa Aho batorerwa Abari ku rutonde Gabo Gore Bose Bose (%) Bose (%) Mu Ntara n'Umujyi wa Kigali 2,022 1,197 59. 2 825 40. 8 Amajyaruguru 434 264 60. 8 170 39. 2 Amajyepfo 513 294 57. 3 219 42. 7 Iburasirazuba 482 286 59. 3 196 40. 7 Iburengerazuba 477 286 60. 0 191 40. 0 Umujyi wa Kigali 116 67 57. 8 49 42. 2 Muri Kaminuza n'Amashuri Makuru 2,108 1,680 79. 7 428 20. 3 Kaminuza n‟Amashuri M akuru bya Leta 1,381 1,088 78. 8 293 21. 2 Kaminuza n‟Amashuri M akuru byigenga 727 593 81. 6 134 18. 4 Igiteranyo rusange 4,130 2,879 69. 7 1,251 30. 3 3. 2. 1. 4. Gushyiraho no guhugura abayobora amatora Hashingiwe ku mubare w‟ibyumba by‟itora byagenwe, Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yashyizeho abakorerabushake miron go urwenda (90 ), ni ukuvuga batatu (3) muri buri Karere, bafashije kuyobora amatora mu byiciro byose. Abo bakore rabushake bahuguwe ku mabwiriza agenga amatora y‟Abasenateri ku wa 15/09/2019. Imbonerahamwe ya 3 ikurikira irerekana imib are y‟abakorerabushake bayoboye amatora muri buri Ntara n‟Umujyi wa Kigali. Mu bayoboye amatora 90 harimo abagore 26. 6%. Abagore b iganje mu Mujyi wa Kigali (44. 4%), baba bakeya mu Majyepfo (12. 5%) nk‟uko bigaragara mu mbonerahamwe ya 3. Imbonerahamwe ya 3: Abakorerabushake bayoboye amatora y'Abasenateri INTARA/ UMUJYI WA KIGALI UTURERE ABAYOBOYE AMATORA BOSE Gore Gabo Bose % Bose % Amajyaruguru 5 15 6 40. 0 9 60. 0 Amajyepfo 8 24 3 12. 5 21 87. 5 Iburasirazuba 7 21 4 19. 0 17 81. 0 Iburengerazuba 7 21 7 33. 3 14 66. 7 Umujyi wa Kigali 3 9 4 44. 4 5 55. 6 IGITERANYO 30 90 24 26. 6 66 73. 4 3. 2. 1. 5. Gutumira no kwakira Indorerezi z'amatora Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yatumiye kandi yakira Indorerezi 292, zirimo 258 nyarwanda na 34 mvamahanga, abagore 128 bahwanye na 43. 8%, n‟abagabo 164, bahwanye na 56. 2%. Komisiyo yakoranye inama n‟izo ndorerezi ku wa 05/09/2019 hagamijwe kuzisobanurira uko amatora y‟Abasenateri ateguye n‟Amabwiriza ayagenga, no gusobanura by‟umwihariko i birebana n‟ imikorere n‟imyitwarire yazo. 3. 2. 1. 6. Kwiyamamaza kw'Abakandida Abakandida biyamamaje kuva tariki ya 26 Kanama kugeza ku ya 15 Nzeri 2019. Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yumvikanye n‟Abakandida kuri gahunda yo kwiyamamaza nibura rimwe, imbere y‟ inteko itora kuri buri Biro by ‟itora.
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 6 Ku bufatanye n‟Ubuyobozi bw‟Uturere n‟ubwa Kaminuza n‟Amashuri Makuru bya Leta n‟ibyigenga, hateguwe site zo kwiyamamarizaho. By‟umwihariko, Kom isiyo y‟Igihugu y‟Amatora y orohereje Abakandida guhura n‟abagize inteko itora, kandi ikurikirana umunsi ku wundi igikorwa cyo kwiyamamaza kw‟abakandida. I cyo gikorwa cyagenze neza, cyane ko a bakandida biyamama je bakurikiza ibiteganywa n‟amategeko n‟amabwiriza bigenga amatora. Imbonerahamwe ya 4 ikurikira irerekana uko Inteko zitora zitabiriye igikorwa cyo kw iyamamaza. Imbonerahamwe ya 4: Ubwitabire mu kwiyamamaza URWEGO AMATORA YABEREYEHO ABAGOMBAGA KWITABIRA ABITABIRIYE Gabo Gore Bose Gabo Gore Bose # % # % # % # % # % INTARA/ UMUJYI WA KIGALI 1,197 59. 2 825 40. 8 2,022 1,005 54. 0 855 46. 0 1,860 92. 0 AMAJYARUGURU 264 60. 8 170 39. 2 434 235 56. 9 178 43. 1 413 95. 2 AMAJYEPFO 294 57. 3 219 42. 7 513 287 59. 1 199 40. 9 486 94. 7 IBURASIRAZUBA 286 59. 3 196 40. 7 482 187 40. 6 274 59. 4 461 95. 6 IBURENGERAZUBA 286 60. 0 191 40. 0 477 232 59. 0 161 41. 0 393 82. 4 UMUJYI WA KIGALI 67 57. 8 49 42. 2 116 64 59. 8 43 40. 2 107 92. 2 KAMINUZA N'AMASHURI MAKURU 1,681 79. 7 427 20. 3 2,108 952 74. 3 330 25. 7 1,282 60. 8 BYA LETA 1,088 78. 8 293 21. 2 1,381 617 74. 1 216 25. 9 833 60. 3 BYIGENGA 593 81. 6 134 18. 4 727 335 74. 6 114 25. 4 449 61. 8 IGITERANYO 2,878 69. 7 1,252 30. 3 4,130 1,957 62. 3 1,185 37. 7 3,142 76. 1 Nk‟uko bigaragara muri iyi mbonerahamwe, ubwitabire mu kwiyamamaza bwari hasi muri Kaminuza n‟Amashuri Makuru (60. 8% ) hagereranyijwe n‟ubwitabire mu Ntara n‟Umujyi wa Kigali (92. 0% ). Ibi bishobora kuba b yaratewe n‟i nshingano nyinshi z‟abarimu n‟abas hakashatsi muri ibyo bigo zatumye bataboneka ari benshi cyane mu gihe cyo kwiyamamaza. Ikindi kandi, mu nteko zitora Abasenateri mu Ntara n‟Umujyi wa Kigali aba gore bagera kuri 40. 8%, ariko bakaba 20. 3% mu nteko zitora Abasenateri muri Kaminuza n‟Amashuri Makuru. Bivuze ko abagore bataraba benshi bihagije mu nzego z‟Uburezi bwo hejuru n‟Ubushakashatsi. 3. 2. 1. 7. Ibyayavuye mu matora y'Abasenateri Amatora y‟Abasenateri yita biriwe ku gipimo kingana na 95. 8% mu matora y‟Abasenateri batorwa mu Ntara n‟Umujyi wa Kigali. Muri Kaminuza n‟Amashuri Makuru byigenga ubwitabire bwageze ku kigero cya 83. 2%, naho muri Kaminuza n‟Amashuri Makuru bya Leta ubwitabire bwari 69. 5% gusa, nk‟uk o imbonerahamwe ya 5 ikurikira ibyerekana.
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 7 Imbonerahamwe ya 5: Ubwitabire mu matora y'Abasenatari mu 2019 Aho batoreye Inteko itora Abatoye Bose % Mu Ntara n'Umujyi wa Kigali 2,022 1,938 95. 8 Umujyi wa Kigali 116 110 94. 8 Amajyaruguru 434 417 96. 1 Amajyepfo 513 502 97. 9 Iburasirazuba 482 458 95. 0 Iburengerazuba 477 451 94. 5 Muri Kaminuza n'Amashuri Makuru 2,108 1,565 74. 2 Kaminuza n‟Amashuri Makuru bya Leta 1,381 960 69. 5 Kaminuza n‟Amashuri Makuru byigenga 727 605 83. 2 Igiteranyo rusange 4,130 3,503 84. 8 Kimwe no mu bihe byo kwiyamamaza, ubwitabire bukeya muri za Kaminuza bushobora kuba b uturuka ku mpamvu y‟inshing ano z‟abarimu n‟abashakashatsi zishobora kuba z aratumye bataboneka ku rugero rwo hejuru umunsi w‟itora. Imbonerahamwe ya 6 ikurikira irerekana Abasenateri 14 batowe n‟amajwi bagize. Imbonerahamwe ya 6: Abatowe mu myanya y'Abasenateri Ifasi abakandida biyamamajemo Amajwi Abakandida batowe bagize # Amazina y'Abatowe Igitsina Amajwi # % Intara y'Amajyaruguru 1 HABINEZA Faustin M 299 71. 9 2 NYINAWAMWIZA Laetitia F 260 62. 5 Intara y'Amajyepfo 1 UMUHIRE Adrie F 277 55. 3 2 NKURUNZIZA Innocent M 276 55. 1 3 UWERA Pélagie F 239 47. 7 Intara y'Iburasirazuba 1 BIDERI John Bonds M 340 74. 6 2 NSENGIYUMVA Fulgence M 308 67. 5 3 MUPENZI George M 289 63. 4 Intara y'Iburengerazuba 1 MURESHYANKWANO Marie Rose F 317 70. 3 2 HAVUGIMANA Emmanuel M 257 57. 0 3 DUSHIMIMANA Lambert M 239 53. 0 Umujyi wa Kigali 1 NTIDENDEREZA William M 66 60. 0 Kaminuza n'Amashuri makuru bya Leta 1 NIYOMUGABO Cyprien M 631 66. 6 Kaminuza n'Amashuri makuru byigenga 1 KANYARUKIGA Ephrem M 347 59. 3 Mu Basenateri cumi n‟abane batowe (14), ab‟abagore ni bane (4) bahwanye na 28. 6%. Abagore batowe cyane cyane mu N tara y‟Amajyepfo hatowe abagore babiri (66. 7%) n‟umugabo umwe (33. 3%). Mu Mujyi wa Kigali no muri Kaminuza n‟Amashuri Makuru ho nta n‟abakandida b‟abagore bahabaye. 3. 2. 2. Amatora y'Abayobozi b'Umujyi wa Kigali Amatora yakozwe muri Kanama 2019 h ashingi we ku Itege ko No 22/2019 ryo ku wa 29/07/2019 rigenga Umujyi wa Kigali, hato rwa Abayobozi b‟ Inzego z‟Umujyi wa Kigali ari zo: Inama Njyanama; Biro y 'Inama Njyanama; Komite Nyobozi.
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 8 Nk‟uko Itege ko ryavuzwe haruguru ribitega nya, mu bagize Inama Njyanama y‟Umujyi wa Kig ali harimo babiri (2) bagizwe n‟umugabo n‟umugore baturuka muri buri Karere kagize Umujyi, batorwa hakurikijwe itegeko ngenga rigenga amatora. Ni muri urwo rwego amatora yateguwe kandi akayoborwa mu Turere twose tugize Umujyi wa Kigali, uko ari dutatu (3). 3. 2. 2. 1. Gushyiraho Abakorebushake bayoboye amatora Amatora yayobowe n‟abako rerabushake 12, barimo batanu (5) b‟abagore (41. 7%), nk‟uko imbonerahamwe ya 7 ikurikira ibyerekana. Imbonerahamwe ya 7: Umubare w'Abako rerabushake bayoboye amatora mu Turere AKARERE UMUBARE W'ABAKORERABUSHAKE Gore Gabo BOSE # % # % GASABO 2 50. 0 2 50. 0 4 KICUKIRO 1 25. 0 3 75. 0 4 NYARUGENGE 2 50. 0 2 50. 0 4 BOSE 5 41. 7 7 58. 3 12 3. 2. 2. 2. Kwakira no kwemeza kandidatire Mu matora y‟Abayobozi b‟Umujyi wa Kigali hakiriwe kandi hemezwa kandidatire 33 harimo iz‟abagore 16 (48. 5% ) nk‟uko imbonerahamwe ya 8 ikurikira ibyerekana. Imbonerahamwe ya 8: Kandidatire zakiriwe zikanemezwa muri buri Karere AKARERE KANDIDATIRE ZAKIRIWE ZIKANEMEZWA GORE GABO BOSE # % # % GASABO 5 45. 5 6 54. 5 11 KICUKIRO 7 50. 0 7 50. 0 14 NYARUGENGE 4 50. 0 4 50. 0 8 IGITERANYO 16 48. 5 17 51. 5 33 3. 2. 2. 3. Gukurikirana igikorwa cyo kwiyamamaza Igikorwa cyo kwiyamamaza mu matora y‟Abajyanama 2 ba torwa muri buri Karere bajya mu Nama Njy anama y‟Umujyi wa Kigali Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yagikurikiranye mu Turere uko ari dutatu (3), cyagenze neza kandi kitabirwa ku gipimo cya 61. 6%, harimo abagore 42. 3% nk‟uko imbonerahamwe ya 9 ikurikira ibyerekana. Imbonerahamwe ya 9: Ubwitabire mu bikorwa byo kwiyamamaza kw'abakandida AKARERE ABAGOMBAGA KWITABIRA ABITABIRIYE Gore Gabo Bose Gore Gabo Bose # % # % GASABO 158 152 310 67 39. 4 103 170 54. 8 KICUKIRO 87 97 184 53 45. 3 64 117 63. 6 NYARUGENGE 106 87 193 59 43. 4 77 136 70. 5 IGITERANYO 351 336 687 179 42. 3 244 423 61. 6
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 8 Nk‟uko Itege ko ryavuzwe haruguru ribitega nya, mu bagize Inama Njyanama y‟Umujyi wa Kig ali harimo babiri (2) bagizwe n‟umugabo n‟umugore baturuka muri buri Karere kagize Umujyi, batorwa hakurikijwe itegeko ngenga rigenga amatora. Ni muri urwo rwego amatora yateguwe kandi akayoborwa mu Turere twose tugize Umujyi wa Kigali, uko ari dutatu (3). 3. 2. 2. 1. Gushyiraho Abakorebushake bayoboye amatora Amatora yayobowe n‟abako rerabushake 12, barimo batanu (5) b‟abagore (41. 7%), nk‟uko imbonerahamwe ya 7 ikurikira ibyerekana. Imbonerahamwe ya 7: Umubare w'Abako rerabushake bayoboye amatora mu Turere AKARERE UMUBARE W'ABAKORERABUSHAKE Gore Gabo BOSE # % # % GASABO 2 50. 0 2 50. 0 4 KICUKIRO 1 25. 0 3 75. 0 4 NYARUGENGE 2 50. 0 2 50. 0 4 BOSE 5 41. 7 7 58. 3 12 3. 2. 2. 2. Kwakira no kwemeza kandidatire Mu matora y‟Abayobozi b‟Umujyi wa Kigali hakiriwe kandi hemezwa kandidatire 33 harimo iz‟abagore 16 (48. 5% ) nk‟uko imbonerahamwe ya 8 ikurikira ibyerekana. Imbonerahamwe ya 8: Kandidatire zakiriwe zikanemezwa muri buri Karere AKARERE KANDIDATIRE ZAKIRIWE ZIKANEMEZWA GORE GABO BOSE # % # % GASABO 5 45. 5 6 54. 5 11 KICUKIRO 7 50. 0 7 50. 0 14 NYARUGENGE 4 50. 0 4 50. 0 8 IGITERANYO 16 48. 5 17 51. 5 33 3. 2. 2. 3. Gukurikirana igikorwa cyo kwiyamamaza Igikorwa cyo kwiyamamaza mu matora y‟Abajyanama 2 ba torwa muri buri Karere bajya mu Nama Njy anama y‟Umujyi wa Kigali Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yagikurikiranye mu Turere uko ari dutatu (3), cyagenze neza kandi kitabirwa ku gipimo cya 61. 6%, harimo abagore 42. 3% nk‟uko imbonerahamwe ya 9 ikurikira ibyerekana. Imbonerahamwe ya 9: Ubwitabire mu bikorwa byo kwiyamamaza kw'abakandida AKARERE ABAGOMBAGA KWITABIRA ABITABIRIYE Gore Gabo Bose Gore Gabo Bose # % # % GASABO 158 152 310 67 39. 4 103 170 54. 8 KICUKIRO 87 97 184 53 45. 3 64 117 63. 6 NYARUGENGE 106 87 193 59 43. 4 77 136 70. 5 IGITERANYO 351 336 687 179 42. 3 244 423 61. 6 B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 9 3. 2. 2. 4. Ibya vuye mu matora nyirizina Ibyavuye mu matora nyirizina bikubiye mu mbonerahamwe z ikurikira zerekana ubwitabire mu matora, n‟uko abakandida barushanyijwe amajwi mu matora kuri buri rwego n‟ amazina y‟abatowe. Imbonerahamwe ya 10 ikurukira irerekana ubwitabire mu matora y‟Abajyanama 6 batorerwa mu Turere dutatu tugize Umujyi wa Kigali. Imbonerahamwe ya 10: Ubwitabire mu matora y'Abajyanama 6 b'Umujyi wa Kigali AKARERE ABAGOMBAGA GUTORA ABATOYE ABATOYE NEZA IMPFABUSA Gore Gabo Bose Gore Gabo Bose % Bose % Zose % GASABO 158 152 310 67 103 170 54. 8 168 98. 8 2 1. 2 KICUKIRO 87 97 184 53 64 117 63. 5 113 96. 6 4 3. 4 NYARUGENGE 106 87 193 59 77 136 70. 4 136 100 0 0 IGITERAN YO 351 336 687 179 244 423 61. 5 417 98. 5 6 1. 4 Mu ma tora y‟Abajyanama b‟Umujyi wa Kigali batandatu (6) baturuka mu Turere dutatu (3), impfabusa zingana na 1. 5%. Mu bakandida 33 bari bemejwe, batanu (5) baje kwegura, maze abajyanama batandatu baza gutorwa mu bakandida 28. Muri abo 28 hatowe abajyanama bakurikira: Madamu BAGUMA Rose na Bwana RUBINGISA Pudence muri Gasabo, Madamu BUTERA Rose na Bwana KAYIHURA MUGANGA Didas muri Kicukiro hanatorwa Madamu UMUTONI GATSINZI Nadine na Bwana MUTSINZI Antoine mu Kar ere ka Nyarugeng e, nk‟uko bi boneka mu mb onerahamwe ya 11 ikurikira. Imbonerahamwe ya 11: Uko abakandida muri buri Karere barushanijwe amajwi AKARERE Abatoye neza No AMAZINA Y'ABAKANDIDA AMAJWI BAGIZE # % GASABO 168 1) MUREKATETE Henriette Théophile 4 2. 4 2) KANKINDI GAHIRE B. Rose 7 4. 2 3) BAGUMA Rose 147 87. 5 4) RUTIKANGA Frédéric 0 0. 0 5) NKUSI SEBUJIJO Josias 2 1. 2 6) NTAGARA Alain Mucyo 0 0 7) RUBINGISA Pudence 160 95. 2 8) GASANA Francis 6 3. 6 9) IZAMUHAYE Jean Claud e 1 0. 6 KICUKIRO 113 1) MUKARUTESI Athanasie 11 9. 7 2) UWIZEYE Odeth 15 13. 3 3) ABATONI Peninah 12 10. 6 4) MUKABAHIZI Violette 8 7. 1 5) NKURUNZIZA Julian 4 3. 5 6) RUTERA Rose 66 58. 4 7) NTEZIRYAYO Florien 7 6. 2 8) DUKUNDANE Olivier 6 5. 3 9) KAYIHUR A MUGANGA Didas 60 53. 1 10) KAYITANA Modeste 4 3. 5 11) MURINDABIGWI Diogène 19 16. 8 12) BYIRINGIRO Alfred 18 15. 9 NYARUGENGE 136 1) UMUTONI GATSINZI Nadine 108 79. 4 2) MUKAMUSONI Anitha 3 2. 2 3) MUKASHYAKA Immaculée 13 9. 6 4) UWIMBABAZI Béatrice 12 8. 8
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 10 NTEZIREMBO Valens 8 5. 9 5) SEMAPONDO Charles 6 4. 4 6) MUTSINZI Antoine 122 89. 7 Imbonerahamwe ya 12 ikurikira irerekana ubwitabire (100%) mu matora ya Biro ya Njyanama y‟Umujyi wa Kigali. Imbonerahamwe ya 12: Ubwitabire mu matora ya Biro y'Inama Njyanama y'Umujyi wa Kigali ABAGOMBAGA GUTORA ABATOYE ABATOYE NEZA Gore Gabo Bose Gore Gabo Bose % Bose % 5 6 11 5 6 11 100. 0 11 100 Mu matora ya Biro y‟Inama Njyanama y‟Umujyi wa Kigali, ubwitabire bwabaye 100% kandi bose bator a neza. Amazina y‟abatowe n‟amajwi babonye bigaraga mu mbonerahamwe ya 13 ikurikira. Imbonerahamwe ya 13: Amajwi y'abatowe muri Biro y'Inama Njyanama y'Umujyi wa Kigali UWATOWE AMAJWI YABONYE % UMWANYA YATOREWE BAYISENGE Jeannette 8 72. 7 Perezida KAYIHURA MUGANGA Didas 11 100 Visi Perezida BAGUMA Rose 6 54. 5 Umunyamabanga Inteko itora, ubwitabire m u matora ya Komite Nyobozi y‟Umujyi wa Kigali, amazina y‟abatowe n‟amajwi babonye bigaraga mu mbonerahamwe ya 1 4 n‟iya 1 5 zikurikira. Imbonerahamwe ya 14: Ubwitabire mu matora ya Komite Nyobozi y'Umujyi wa Kigali ABAGOMBAGA GUTORA ABATOYE ABATOYENEZA IMPFABUSA Gore Gabo Bose Gore Gabo Bose Bose % # % 49 67 116 35 58 93 80. 1 93 100 0 Imbonerahamwe ya 15: Abatowe mu matora ya Komite Nyobozi y'Umujyi wa Kigali ABAGOMBA GA GUTORA ABATOYE ABATOWE UMWANYA YATOREWE AMAJWI BOSE NEZA # % # % # % 116 93 80. 2 93 100. 0 RUBINGISA Pudence Umuyobozi w‟Umujyi wa Kigali 71 76. 3 91 78. 5 91 100. 0 Dr NSABIMANA Ernest Umuyobozi wungirije ushinzwe imiturire n‟ibikorwa remezo 73 80. 2 89 76. 7 89 100. 0 UMUTONI GATSINZI Nadine Umuyobozi Wungirije ushinzwe Ubukungu n‟Imibereho myiza y‟abaturage 66 74. 2 3. 2. 3. Amatora a simbura Umudepite utore rwa mu Ntara y'Amajyepfo Mu mwaka wa 2019-2020 Komisiyo yateguye kandi iyobora amatora yo gusimbura Umudepite utorerwa mu Ntara y'Amajyepfo mu cyiciro cy'abagore bangana na 30% by'abagize Inteko ishin ga Amategeko, Umutwe w‟Abadepite. Uwasimburwaga ni
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 11 Madam u NYIRARUKUNDO Ignatienne, wari Umudepite, akaba yarahawe indi mirimo itabangikanwa n'umwanya w'Umudepite. Muri ayo matora hakozwe ibikorwa bitandukanye kuva mu myiteguro kugera hatangajwe uwatowe. 3. 2. 3. 1. Gutegura ilisiti y'itora Hateguwe urutonde rw‟inteko zatoy e Umudepite zigizwe n‟abaturage 31,266 bari mu byiciro bikurikira: Komite Nyobozi y‟Inama y‟Igihugu y‟Abagore kuva ku Mudugudu kugera ku rwego rw‟Intara; Inama Njyanama z'Imirenge; Inama Njyanama z'Uturere. Imbonerahamwe ya 16 ikurikira irerekana imiterere y‟ilisiti y‟itora. Abagabo barimo ni bakeya (4. 1%), baturuka mu Nama Njyanama z‟Imirenge n iz‟Uturere bigize i fasi. Imbonerahamwe ya 16: Imibare y'Abari bagize Inteko yatoye Umudepite mu Ntara y'Amajyepfo AKARERE/ INTARA UMUBARE W'A BAGIZE INTEKO ITORA GORE % GABO % BOSE RUHANGO 4,321 97. 2 123 2. 8 4,444 NYANZA 3,491 96. 2 138 3. 8 3,629 MUHANGA 2,998 95. 6 137 4. 4 3,135 KAMONYI 2,850 94. 9 151 5. 1 3,001 NYAMAGABE 4,715 95. 8 209 4. 2 4,924 NYARUGURU 3,070 94. 3 184 5. 7 3,254 GISAGAR A 4,242 96. 8 141 3. 2 4,383 HUYE 4,314 96. 1 175 3. 9 4,489 INTARA Y‟AMAJYEPFO 7 100 0 0. 0 7 INTARA Y'AMAJYEPFO 30,008 95. 9 1,258 4. 1 31,266 3. 2. 3. 2. Kugena Ibiro by'itora n'Abayoboye amatora Hashyizweho i biro by‟itora 532 n‟Abakorerabushake 1,806 bayoboye amator a barimo 39. 5% b‟abagore, nk‟uko i mbonerahamwe ya 17 ikurikira ibyerekana muri buri Karere kagize Intara y‟Amajyepfo. Imbonerahamwe ya 17: Umubare w'Ibiro by'Itora n'Abakorerabushake bayoboye amatora AKARERE UMUBARE W' IMIRENGE UMUB A RE W' IBIRO BY'ITO RA UMUBARE W'ABAKORERABUSHAKE KU KARERE KU MIRENGE KURI SITE BOSE M F M F M F M F Bose # % GISAGARA 13 59 0 1 18 8 114 77 132 86 39. 4 218 HUYE 14 77 1 0 21 7 119 71 141 78 35. 6 219 KAMONYI 12 59 0 1 17 7 128 93 145 101 41. 0 246 MUHANGA 12 63 1 0 15 9 131 86 147 95 39. 3 242 NYAMAGABE 17 92 1 0 21 13 118 82 140 95 40. 4 235 NYANZA 10 51 1 0 11 9 117 96 129 105 44. 9 234 NYARUGURU 14 72 1 0 16 12 101 77 118 89 43. 0 207 RUHANGO 9 59 1 0 10 8 129 57 140 65 31. 7 205 IGITERANYO 101 532 6 2 129 73 957 639 1,092 714 39. 5 1,806
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 12 3. 2. 3. 3. Kwiyamamaza kw'Abakandida Abakandida 14 bujuje ibyangombwa bemejwe na Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora, biyamamaje kuva ku wa 18/12/2019 kugera ku wa 05/01/2020 hashingiye kuri gahunda yateguwe kandi i kumvikanwaho n‟Abakandida. Abakandida bagiye biyamamaza imbere y‟inteko ibatora, kuri site ebyiri muri buri Karere torerwa mu Ntara n‟Umujyi wa Kigali biyamamarije hamwe nibura kuri site 2 zatora nyijwe muri buri Karere. 3. 2. 3. 4. Imigendekere y'amatora n'ibyayavuyemo Amatora yitabiriwe ku kigereranyo cya 92. 8% nk‟uko imbonerahamwe ya 18 ikurikira ibyerekana muri buri Karere kandi abatoye batora neza, ku rugero rwa 99. 5%. Imbonerahamwe ya 18: Ubwitabire mu matora yo gusimbura Umudepite mu Majye pfo UTURERE/ INTARA INTEKO ITORA ABATOYE ABATOYE NEZA IMFABUSA Gore Gabo Bose Gore Gabo Bose % # % # % # % Gisagara 4245 139 4384 3789 97. 5 97 3886 88. 6 3877 99. 8 9 0. 2 Huye 4331 158 4489 4104 97. 1 122 4226 94. 1 4195 99. 3 31 0. 7 Kamonyi 2849 151 3000 2803 95. 6 130 2933 97. 8 2882 98. 3 51 1. 7 Muhanga 3000 136 3137 2762 97. 3 76 2838 90. 5 2824 99. 5 14 0. 5 Nyamagabe 4715 209 4924 4298 96. 8 141 4439 90. 2 4406 99. 3 33 0. 7 Nyanza 3181 349 3530 2983 93. 4 212 3195 90. 5 3178 99. 5 17 0. 5 Nyaruguru 3071 184 3254 2982 96. 1 122 3104 95. 4 3101 99. 9 3 0. 1 Ruhango 4441 107 4548 4281 97. 6 106 4387 96. 5 4387 100. 0 0 0. 0 INTARA 29,833 1,433 31,266 28,002 96. 5 1,006 29,008 92. 8 28,850 99. 5 158 0. 5 % 95. 4 4. 6 100. 0 96. 5 3. 5 92. 8----- Imbonerahamwe ya 19 ikurikira iragaragaza amajwi buri mukandida yabonye mu matora yakozwe muri bur i Karere, mu Ntara y‟Amajyepfo. Imbonerahamwe ya 19: Ibyavuye mu matora asimbura Umudepite mu Majyepfo AMAZINA AMAJWI ABAKANDIDA BABONYE MU TURERE MU NTARA Gisagara Huye Kamonyi Muhanga Nyamaga be Nyanza Nyarugu ru Ruhango # % Mucyo Keza M arie Claire 458 871 138 113 216 237 233 481 2,747 9. 5 Mukabalisa Germaine 1,222 1,199 533 632 1741 814 973 1683 8,797 30. 5 Mutesi Joy 104 112 137 139 33 101 117 215 958 3. 3 Uwonkunda M. Chantal 134 119 112 101 536 113 142 183 1,440 5. 0 Ahobantegeye Charlotte 2 23 3 1 3 2 2 9 45 0. 2 Uwihoreye M. Jeanne 277 168 272 408 312 409 171 65 2,082 7. 2 Mushimiyimana Laurette 441 296 131 111 211 216 177 256 1,839 6. 4 Nyira nkuriza Martine 135 120 173 103 192 117 124 91 1,055 3. 7 Mukagatana Fortunee 163 156 227 481 161 249 133 393 1,963 6. 8 Nyanzira Marie Josee 156 180 206 116 136 107 111 291 1,303 4. 5 Mukamusonera M. Claire 170 155 169 132 169 172 142 106 1,215 4. 2 Nyiran dayisabye Christine 268 153 484 127 174 326 163 305 2,000 6. 9 B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 13 Ingabire Domitile 141 120 169 256 213 127 107 116 1,249 4. 3 Kayirebwa Pelagie 206 523 128 104 309 188 506 193 2,157 7. 5 Igiteranyo 3,877 4,195 2,882 2,824 4,406 3,178 3,101 4,387 28,850 100 Nk‟uko bigaragara mu mbonerahamwe ya 19, hatowe Madamu MUKABALISA Germaine wagize amajwi ahwanye na 30. 5%, atuma ari we uzasimbura Madamu NYIRARUKUNDO Ignatienne. 3. 2. 4. Amatora a simbura mu Bayobozi b'In zego z'Ibanze Mu gusimbura bamwe mu Bayobozi b‟Inzego z‟Iban ze mu mwaka wa 2019-2020, ingufu zashyizwe ku matora yo kuzuza Inama Njyanama n a Komite Nyobozi z‟Uturere. Hateguwe kandi hayoborwa amatora yo kuzuza Inama Njyanama, Biro na Komite Nyobozi mu Turere dutandukanye n‟ayuzuza mu Nama y‟Igihugu y‟Abagore mu Muj yi wa Kigali no ku rwego rw‟Igihugu. 3. 2. 4. 1. Amatora asimbura mu Nama Njyanama z'Uturere Amatora y‟Abajyanama rusange agirwamo uruhare n‟abaturage bose batuye Umurenge bireba kandi bemerewe gutora, yitabiriwe ku gipimo rusange cya 89. 6% biganjemo abagore ( 55. 1%), nk‟uko imbonerahamwe ya 20 ibyerekana ku bijyanye n‟ubwitabire. Imbonerahamwe ya 20: Ubwitabire mu matora asimbura Abajyanama rusange mu Turere INTARA Akarere Umurenge Abagomba gutora Abatoye Bose Gabo Gore Gabo Gore Bose # % # % # % # % # % Amajya ruguru 134,844 61,459 45. 6 73,385 54. 4 56,253 45. 8 66,616 54. 2 122,869 91. 1 Gicumbi Miyove 11,496 5,671 49. 3 5,825 50. 7 5,125 45. 3 6,200 54. 7 11,325 98. 5 Burera Gahunga 17,487 7,954 45. 5 9,533 54. 5 7,910 45. 4 9,508 54. 6 17,41 8 99. 6 Ruhunde 11,729 5,233 44. 6 6,496 55. 4 4,861 43. 9 6,205 56. 1 11,066 94. 3 Kivuye 10,757 4,817 44. 8 5,940 55. 2 4,812 44. 8 5,935 55. 2 10,747 99. 9 Kagogo 12,842 5,825 45. 4 7,017 54. 6 5,758 45. 2 6,969 54. 8 12,727 99. 1 Musanze Busogo 16,226 7,491 46. 2 8,735 53. 8 6,665 44. 9 8,181 55. 1 14,846 91. 5 Cyuve 25,431 11,307 44. 5 14,124 55. 5 8,318 47. 5 9,191 52. 5 17,509 68. 8 Gashaki 9,547 4,304 45. 1 5,243 54. 9 4,200 45. 1 5,108 54. 9 9,308 97. 5 Kinigi 19,329 8,857 45. 8 10,472 54. 2 8,604 48. 0 9,319 52. 0 17,923 92. 7 Amajyepfo 28,084 12,334 43. 9 15,750 56. 1 10,356 43. 1 13,647 56. 9 24,003 85. 5 Gisagara Kigembe 13,759 6,157 44. 7 7,602 55. 3 5,334 44. 5 6,646 55. 5 11,980 87. 1 Huye Ruhashya 14,325 6,177 43. 1 8,148 56. 9 5,022 41. 8 7,001 58. 2 12,023 83. 9 Iburasira zuba 86,505 34,019 39. 3 52,486 60. 7 29,374 45. 9 34,673 54. 1 64,047 74. 0 Bugesera Ruhuha 14,818 6,739 45. 5 8,079 54. 5 6,101 45. 4 7,337 54. 6 13,438 90. 7 Gahengeri 25,814 9,141 35. 4 16,673 64. 6 7,481 45. 3 9,044 54. 7 16,525 64. 0 Muyumbu 25,075 8,692 34. 7 16,383 65. 3 6,991 47. 0 7,883 53. 0 14,874 59. 3 Kayonza Mukarange 20,798 9,447 45. 4 11,351 54. 6 8,801 45. 8 10,409 54. 2 19,210 92. 4 Iburengera zuba 201,925 90,024 44. 6 111,901 55. 4 85,463 44. 2 107,861 55. 8 193,324 95. 7 Karongi Rwankuba 16,526 7,383 44. 7 9,143 55. 3 6,951 44. 9 8,540 55. 1 15,491 93. 7 Rutsiro Mukura 21,179 9,650 45. 6 11,529 54. 4 8,836 43. 5 11,485 56. 5 20,321 95. 9 Rubavu Rubavu 24,302 11,043 45. 4 13,259 54. 6 11,020 45. 5 13,175 54. 5 24,195 99. 6 Mudende 18,576 8,104 43. 6 10,472 56. 4 7,752 44. 4 9,702 55. 6 17,454 94. 0 Nyundo 21,067 9,450 44. 9 11,617 55. 1 7,508 39. 6 11,467 60. 4 18,975 90. 1 Ngororero Hindiro 16,605 7,276 43. 8 9,329 56. 2 7,123 43. 9 9,100 56. 1 16,223 97. 7 Kabaya 22,144 9,830 44. 4 12,314 55. 6 9,482 44. 2 11,976 55. 8 21,458 96. 9 Kavumu 18,627 8,189 44. 0 10,438 56. 0 7,897 43. 9 10,079 56. 1 17,976 96. 5 Nyamasheke Ruharambuga 16,321 6,947 42. 6 9,374 57. 4 7,335 46. 1 8,585 53. 9 15,920 97. 5 Rubavu Rugerero 26,578 12,152 45. 7 14,426 54. 3 11,559 45. 7 13,752 54. 3 25,311 95. 2 IGITERANYO RUSANGE 451,358 197,836 43. 8 253,522 56. 2 181,446 44. 9 222,797 55. 1 404,243 89. 6
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 13 Ingabire Domitile 141 120 169 256 213 127 107 116 1,249 4. 3 Kayirebwa Pelagie 206 523 128 104 309 188 506 193 2,157 7. 5 Igiteranyo 3,877 4,195 2,882 2,824 4,406 3,178 3,101 4,387 28,850 100 Nk‟uko bigaragara mu mbonerahamwe ya 19, hatowe Madamu MUKABALISA Germaine wagize amajwi ahwanye na 30. 5%, atuma ari we uzasimbura Madamu NYIRARUKUNDO Ignatienne. 3. 2. 4. Amatora a simbura mu Bayobozi b'In zego z'Ibanze Mu gusimbura bamwe mu Bayobozi b‟Inzego z‟Iban ze mu mwaka wa 2019-2020, ingufu zashyizwe ku matora yo kuzuza Inama Njyanama n a Komite Nyobozi z‟Uturere. Hateguwe kandi hayoborwa amatora yo kuzuza Inama Njyanama, Biro na Komite Nyobozi mu Turere dutandukanye n‟ayuzuza mu Nama y‟Igihugu y‟Abagore mu Muj yi wa Kigali no ku rwego rw‟Igihugu. 3. 2. 4. 1. Amatora asimbura mu Nama Njyanama z'Uturere Amatora y‟Abajyanama rusange agirwamo uruhare n‟abaturage bose batuye Umurenge bireba kandi bemerewe gutora, yitabiriwe ku gipimo rusange cya 89. 6% biganjemo abagore ( 55. 1%), nk‟uko imbonerahamwe ya 20 ibyerekana ku bijyanye n‟ubwitabire. Imbonerahamwe ya 20: Ubwitabire mu matora asimbura Abajyanama rusange mu Turere INTARA Akarere Umurenge Abagomba gutora Abatoye Bose Gabo Gore Gabo Gore Bose # % # % # % # % # % Amajya ruguru 134,844 61,459 45. 6 73,385 54. 4 56,253 45. 8 66,616 54. 2 122,869 91. 1 Gicumbi Miyove 11,496 5,671 49. 3 5,825 50. 7 5,125 45. 3 6,200 54. 7 11,325 98. 5 Burera Gahunga 17,487 7,954 45. 5 9,533 54. 5 7,910 45. 4 9,508 54. 6 17,41 8 99. 6 Ruhunde 11,729 5,233 44. 6 6,496 55. 4 4,861 43. 9 6,205 56. 1 11,066 94. 3 Kivuye 10,757 4,817 44. 8 5,940 55. 2 4,812 44. 8 5,935 55. 2 10,747 99. 9 Kagogo 12,842 5,825 45. 4 7,017 54. 6 5,758 45. 2 6,969 54. 8 12,727 99. 1 Musanze Busogo 16,226 7,491 46. 2 8,735 53. 8 6,665 44. 9 8,181 55. 1 14,846 91. 5 Cyuve 25,431 11,307 44. 5 14,124 55. 5 8,318 47. 5 9,191 52. 5 17,509 68. 8 Gashaki 9,547 4,304 45. 1 5,243 54. 9 4,200 45. 1 5,108 54. 9 9,308 97. 5 Kinigi 19,329 8,857 45. 8 10,472 54. 2 8,604 48. 0 9,319 52. 0 17,923 92. 7 Amajyepfo 28,084 12,334 43. 9 15,750 56. 1 10,356 43. 1 13,647 56. 9 24,003 85. 5 Gisagara Kigembe 13,759 6,157 44. 7 7,602 55. 3 5,334 44. 5 6,646 55. 5 11,980 87. 1 Huye Ruhashya 14,325 6,177 43. 1 8,148 56. 9 5,022 41. 8 7,001 58. 2 12,023 83. 9 Iburasira zuba 86,505 34,019 39. 3 52,486 60. 7 29,374 45. 9 34,673 54. 1 64,047 74. 0 Bugesera Ruhuha 14,818 6,739 45. 5 8,079 54. 5 6,101 45. 4 7,337 54. 6 13,438 90. 7 Gahengeri 25,814 9,141 35. 4 16,673 64. 6 7,481 45. 3 9,044 54. 7 16,525 64. 0 Muyumbu 25,075 8,692 34. 7 16,383 65. 3 6,991 47. 0 7,883 53. 0 14,874 59. 3 Kayonza Mukarange 20,798 9,447 45. 4 11,351 54. 6 8,801 45. 8 10,409 54. 2 19,210 92. 4 Iburengera zuba 201,925 90,024 44. 6 111,901 55. 4 85,463 44. 2 107,861 55. 8 193,324 95. 7 Karongi Rwankuba 16,526 7,383 44. 7 9,143 55. 3 6,951 44. 9 8,540 55. 1 15,491 93. 7 Rutsiro Mukura 21,179 9,650 45. 6 11,529 54. 4 8,836 43. 5 11,485 56. 5 20,321 95. 9 Rubavu Rubavu 24,302 11,043 45. 4 13,259 54. 6 11,020 45. 5 13,175 54. 5 24,195 99. 6 Mudende 18,576 8,104 43. 6 10,472 56. 4 7,752 44. 4 9,702 55. 6 17,454 94. 0 Nyundo 21,067 9,450 44. 9 11,617 55. 1 7,508 39. 6 11,467 60. 4 18,975 90. 1 Ngororero Hindiro 16,605 7,276 43. 8 9,329 56. 2 7,123 43. 9 9,100 56. 1 16,223 97. 7 Kabaya 22,144 9,830 44. 4 12,314 55. 6 9,482 44. 2 11,976 55. 8 21,458 96. 9 Kavumu 18,627 8,189 44. 0 10,438 56. 0 7,897 43. 9 10,079 56. 1 17,976 96. 5 Nyamasheke Ruharambuga 16,321 6,947 42. 6 9,374 57. 4 7,335 46. 1 8,585 53. 9 15,920 97. 5 Rubavu Rugerero 26,578 12,152 45. 7 14,426 54. 3 11,559 45. 7 13,752 54. 3 25,311 95. 2 IGITERANYO RUSANGE 451,358 197,836 43. 8 253,522 56. 2 181,446 44. 9 222,797 55. 1 404,243 89. 6
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 14 Amatora y‟Abajyanama bahagarariye ibyiciro byihariye mu Nama Njyanama z‟Uturere yitabiriwe ku gipimo cya 72. 8% mu cyiciro cy‟Abagore, ku cya 85. 1% mu Rubyiruko mu Turere yabayemo, nk‟uko imbonerahamwe ya 21 ikurikira ibyerekana. Imbonerahamwe ya 21: Ubwitabire mu matora asimbura Abajyanama b atorwa mu byiciro byihariye INTARA AKARERE UMWANYA WATOREWE UBWITABIRE Abagombaga gut ora Abatoye BOSE Gabo Gore Gabo Gore BOSE # % # % # % # % # % AMAJYEPFO 313 42 13. 4 271 86. 6 31 14. 2 188 85. 8 219 70. 0 Huye Umujyanama w'Umugore (30%) 142 14 9. 9 128 90. 1 12 10. 8 99 89. 2 111 78. 2 Nyamagabe 171 28 16. 4 143 83. 6 19 17. 6 89 82. 4 108 63. 2 IBURASIRAZUBA 147 51 34. 7 96 65. 3 40 34. 5 76 65. 5 116 78. 9 Gatsibo Umujyanama w'Umugore (30%) 147 51 34. 7 96 65. 3 40 34. 5 76 65. 5 116 78. 9 IBURENGERAZUBA 101 57 56. 4 44 43. 6 48 55. 8 38 44. 2 86 85. 1 Karongi Umujyanama uva mu Rubyiruko (Umwa nditsi CNJ) 101 57 56. 4 44 43. 6 48 55. 8 38 44. 2 86 85. 1 IGITERANYO 561 150 26. 7 411 73. 3 119 28. 3 302 71. 7 421 75. 0 Hujujwe kandi Inama Njyanama mu Turere dutandukanye, hatorwa Abajyanama rusange, Abajyanama ba 30% b‟abagore mu Mirenge yari ifite imyanya itarimo abo Bajyanama, n‟Umujyan ama umwe w‟ urubyiruko mu Karere ka Karongi. Imbonerahamwe ya 22 yerekana Akarere n‟Umurenge watorewemo, abakandida n‟amajwi babonye, ikerekana n‟ Umujyanama rusange watorewe gusimbura mu Nama Njyanama y‟Akarere. Imbonerahamw e ya 22: Abatorewe gusimbura Abajyanama Rusange mu Nama Njyanama z'Uturere INTARA AKARERE UMURENGE AMAZINA AMAJWI BABONYE Yose % AMAJYARU GURU BURERA GAHUNGA 1. MANIRAFASHA Jean de la Paix 12,567 72. 4 2. NDAYISABA Egide 226 1. 3 3. KATABARWA Faustin 1,390 8. 0 4. MFIZI Christophe 2,503 14. 4 5. NKUNDIZANYE Faustin 665 3. 8 RUHUNDE 1. NIZEYIMANA Alphonse 2,264 20. 6 2. IZAMUHAYE Jean Claude 8,749 79. 4 KIVUYE 1. UWANYIRIGIRA Marie Chantal 6,593 61. 4 2. UM ULISA Gisèle 163 1. 5 3. KANYEMERA Jean Népomuscène 539 5. 0 4. HITIMANA Anthère 869 8. 1 5. KANYABIKARI Boniface 739 6. 9 6. MUNYAZIKWIYE Théoneste 1,453 13. 5 7. UWAMAHORO Donatha 391 3. 6 KAGOGO 1. NIYITEGEKA Lambert 11,033 86. 7 2. NGABONZIZA Alphonse 1,694 13. 3 GICUMBI MIYOVE 1. MUKAKARANGWA M. Regine 2,242 20. 1 2. UWIMBABAZI Emmanuel 2,775 24. 9 3. MUSANABAGANWA Grace 6,147 55. 1 MUSANZE BUSOGO 1. NDAYISABA Felix 1,365 9. 3
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 15 INTARA AKARERE UMURENGE AMAZINA AMAJWI BABONYE Yose % 2. HASHAKIMANA Obed 2,153 14. 6 3. NYIRABU HETA Beatha 981 6. 7 4. MUSABEYEZU Annualite 850 5. 8 5. NYIRARIBAGIZA Jeannette 1,436 9. 8 6. NUWUMUREMYI Jeannine 7,943 53. 9 CYUVE 1. MUNYAZIBONEYE Cyprien 2,172 12. 4 2. UMUTONI Sheilla 9,129 52. 2 3. UWAMAHORO Clemence 3,201 18. 3 4. NSHUTI Eric 2,985 17. 1 GASHAKI 1. KAMANZI Axelle 6,834 73. 6 2. IYAKAREMYE Ernest 1,291 13. 9 3. NYIRASAFARI Odette 292 3. 1 4. HARELIMANA SANO Theogene 360 3. 9 5. MUKAKAMARI Dancille 212 2. 3 6. UMULISA Marie Chantal 302 3. 3 KINIG I 1. BASIIME KALIMBA Doreen 2,032 11. 3 2. HABIHIRWE Fabien Clément 12,880 71. 9 3. FURAHA Beatrice 3,011 16,8 AMAJYEPFO GISAGARA KIGEMBE 1. UWIZEYE Marie Chantal 1,069 8. 9 2. HABINEZA Jean Paul 8,648 72. 3 3. NSABIMANA Diogene 1,881 15. 7 4. ZIHINJISHI Marie Chantal 371 3. 1 HUYE RUHASHYA 1. HANYURWIMFURA Innocent 4,356 36. 5 2. NZIMURINDA Emmanuel 1,056 8. 8 3. UMUHIRE Jean Claude 664 5. 6 4. MUKABARISA Irene 5871 49. 1 IBURASIRA ZUBA RWAMAGANA GAHENGERI 1. MUDENGE Richard 3,108 18. 8 2. RUBABAZA Pascal 1,684 10. 2 3. RUSHISHA Charles 11,231 68. 0 4. BIGIRABAGABO Aaron 499 3. 0 MUYUMBU 1. BUGABO Abdul Karim Musisi 10,742 72. 2 2. UWASE Mariam 4,132 27. 8 NGOMA RUKIRA 1. RUTIKANGA Frederick 427 2. 8 2. MAPAMBANO NYIRIDANDI Cyriaque 14,456 94. 1 3. KARASIRA Emile 487 3. 2 BUGESERA RUHUHA 1. YANKURIJE Donatille 10,712 79. 8 2. NZEYIMANA Emmanuel 2,716 20. 2 KAYONZA MUKARANGE 1. MUKARUDASUBIRA Josiane 3,401 17. 7 2. UDAHEMUKA Jean de Dieu 13,173 68. 6 3. KAZOORA Naphtal 2,623 13. 7 IBURENGERA ZUBA RUBAVU NYUNDO 1. HABIYAREMYE Faustin 10,797 51. 2 2. BYIRINGIRO Kariwabo 1,280 6. 0 3. KAMBABAZI Nelson 6,087 28,8 4. HAKIZIMANA Innocent 811 3,8 RUBAVU 1. NZABONIMPA Deogratias 21,834 90 2. NKU NZINEZA Hirwa Alice 2,363 10 MUDENDE 1. HATEGEKIMANA Floribert 5,610 32,4 2. NYIRASAFARI Solange 11,816 67,6 RUGERERO 1. HABINSHUTI Dominique 7,758 30,7 2. NIYOMUGABO Jean de Dieu 17,542 69,3 NGORORERO KAVUMU 1. BAKURIYEHE Donatille 2,049 11. 4 2. NIYITEGEKA M. Solange 8,327 46,3
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 16 INTARA AKARERE UMURENGE AMAZINA AMAJWI BABONYE Yose % 3. MUJAWAYEZU Rosalie 4,461 24. 8 4. KAVAMAHANGA Jean Claude 3,109 17. 3 RUTSIRO MUKURA 1. IYAKAREMYE Venant 2,382 11. 7 2. GASASIRA Venuste 543 2. 7 3. UFITINKA Cécile 10,084 49. 7 4. NDAYISABA Evariste 2,702 13. 3 5. HARINDINTWARI Cédric 4,457 22. 0 NYAMASHEKE RUHARAMBUGA 1. MUKAMASABO Appolonie 8,212 51. 7 2. KARANGWA Anaclet 5,663 35. 6 3. NDAYAMBAJE Jerome 606 3. 8 4. IZABAYO Clementine 1,409 8. 9 NGORORERO HINDIRO 1. AYINKAMIY E Marie Louise 683 4,5 2. MUKUNDUHIRWE Benjamine 15,509 95,7 KABAYA 1. RUGIRANGOGA Raymond 1,805 8,4 2. IMFURAYACU Leon Felix 803 3,7 3. UWIHOREYE Patrick 18,850 87,9 KARONGI RWANKUBA 1. NIRAGIRE Theophile 10,828 70. 1 2. MUPENZI Narcis se 2,466 16. 0 3. MBONIMPA Athanase 1,027 6. 6 4. NGENDAHAYO Alphonse 1,135 7. 3 Imbonerahamwe ya 23 ikurikira yerekana Uturere n‟Imirenge yatorewemo, abakandida n‟amajwi babonye, ikerekana n‟Abajyanama batorewe gusimbura mu myanya igize 30% b‟abagor e mu Nama Njyanama y‟Akarere. Imbonerahamwe ya 23: Ibyavuye mu matora asimbura Abajyanama ba 30% b'abagore mu Turere INTARA AKARERE UMURENGE AMAZINA AMAJWI Yose % AMAJYEPFO HUYE RUHASHYA 1. MUKAGASHUGI M. Chantal 67 64. 42 2. UWIRAGIYE Vestine 37 35. 58 NYAMAGABE KIBUMBWE 1. DUSABE Christine 108 100 MUHANGA NYARUSANGE 1. KAYITARE Jacqueline 5,791 37. 56 2. UMUBYEYI Albertine 2,151 13. 95 3. MUKANYABYENDA Emmanuelie 1,467 9. 51 4. NIYONSABA Marthe 1,262 8. 19 5. UWUJINEMA Fortunée 1,512 9. 8 6. NYANZIRA Clémence 1,164 7. 6 7. NIYONAGIRA Eularie 2,071 13. 4 IBURASIRA ZUBA GATSIBO RUGARAMA 1. MUGIRASONI Clotilde 89 76. 7 2. IRAGUHA Anastasie 25 21. 6 3. UGIRIMBABAZI Esperance 2 1. 7 IBURENGERA ZUBA KARONGI RUBENGERA 1. MUKASE Valen tine 13,549 67. 8 2. NIYIGENA Claudette Afsa 6,435 32. 2 MURAMBI 1. AKIMANIZANYE Virginie 2,210 16. 5 2. MUKARUTESI Vestine 7,190 53. 6 3. NIYIBIMENYA Ange Valentine 4,005 29. 9
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 18 3. 2. 4. 2. Amatora asimbura muri Komite Nyo bozi z'Uturere Mu mwaka wa 2019-2020 hatowe Abayobozi 1 7 basimbura muri Komite Nyobozi mu Turere dutandukanye nk‟uko imbonerahamwe ya 26 ikurikira ibigaragaza. Imbonerahamwe ya 26: Abayobozi batowe muri Komite Nyobozi z'Uturere INTA RA AKARERE UWATOWE UMWANYA YATOREWE AMAJWI (%) AMAJYARU GURU BURERA UWANYIRIGIRA Marie Chantal Umuyobozi w'Akarere 76. 0 MANIRAFASHA Jean de la Paix Umuyobozi w‟Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y‟Abaturage 83. 3 MUSANZE NUWUMUREMYI Jeannine Umuyobozi w'Akarere 73. 3 RUCYAHANA Andrew Umuyobozi w'Akarere wungirije Ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu 76. 6 KAMANZI Axelle Umuyobozi w‟Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y‟Abaturage 68. 5 AMAJYEPFO MUHANGA KAYITARE Jacqueline Umuyobozi w'Akar ere 79. 9 GISAGARA HABINEZA J ean Paul Umuyobozi w'Akarere wungirije Ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu 68. 3 IBURASIRA ZUBA NGOMA MAPAMBANO NYIRINKINDI Cyriaque Umuyobozi w'Akarere wungirije Ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu 74. 2 IBURENGE RAZUBA NYAMASHEKE MUKAMASABO Appolonie Umuyobozi w‟akarere 98. 2 KARONGI MUKARUTESI Vestine Umuyobozi w‟Akarere 84. 5 NIRAGIRE Theophile Umuyobozi w'Akarere wungirije Ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu 90. 5 MUKASE Valentine Umuyobozi w‟Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y‟Abaturage 78. 4 RUTSIRO MUSABYEMARIYA Marie Chantal Umuyobozi w‟Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y‟Abaturage 100. 0 RUBAVU NZABONIMPA Deogratias Umuyobozi w'Akarere wungirije Ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu 79. 7 ISHIMWE Pacifique Umu yobozi w‟Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y‟Abaturage 91. 9 NGORORERO UWIHOREYE Patrick Umuyobozi w'Akarere wungirije Ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu 86. 7 MUKUNDUHIRWE Benjamine Umuyobozi w‟Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y‟Abatura ge 86. 2 3. 2. 4. 3. Umubare w' Abasimbuwe mu ri Njyanama na Nyobozi z'Uturere mu 2019-2020 Mu mwaka wa 2019-2020, Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yasimbuye Abajyanama 32 bahwanye na 4. 1% by‟abagize Inama Njyanama z‟Uturere n‟Abayobozi 17 bahwanye na 21% by‟abagize Komite Nyobozi z‟Uturere. Mu Mujyi wa Kigali ho abayobozi basimbuwe bose, nyuma y‟ihinduka ry‟itegeko rigenga Umujyi wa Kigali, nk‟uko byagaragajwe haruguru. Imbonerahamwe ya 27: Umubare w'Abayobozi basimbuwe muri Njyanama na Nyobozi z'Ut urere Intara Mu Nama Njyanama Muri Komite Nyobozi Abayigize Abasimbuwe Abayigize Abasimbuwe # % # % Amajyaruguru 171 9 5. 3 15 5 33. 3 Amajyepfo 215 5 2. 3 24 2 8. 3 Iburasirazuba 198 6 3. 0 21 1 4. 8 Iburengerazuba 201 12 6. 0 21 9 42. 9 Igiteranyo 785 32 4. 1 81 17 21. 0 B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 17 Imbonerahamwe ya 24 ikurikira yerekana abakandida n ‟amajwi babony e, ikerekana n‟Umu jyanama watorewe gusimbura mu mwanya w‟Umujyanama utorwa mu Rubyiruko, mu Nama Njyanama y‟Akarere ka Karongi. Imbonerahamwe ya 24: Ibyavuye mu matora asimbura Umujyanama uva mu R ubyiruko mu ri Karongi INTARA AKARERE AMAZINA AMAJWI Yose % IBURENGE RAZUBA KARONGI 1. UWIRINGIYIMANA Epimaque 60 69. 7 2. KWIHANGANA Aphrodis 8 9. 3 3. MURAGIJIMANA Modeste 12 14. 0 4. NSANZIMANA Jean Baptiste 6 7. 0 Hujujwe na Biro y‟Inama Njyanama mu Turere twa Burera, Kayonz a na Rubavu. Imbonerahamwe ya 25 ikurikira irerekana ibyavuye muri ayo matora. Imbonerahamwe ya 25: Amatora yuzuza Biro ya Njyanama y 'Akarere ka Burera, Kayonza na Rubavu INTARA AKARERE UMWANYA WATOREWE UBWITABIRE ABAKANDIDA Amajwi (%) UWATOWE Abagombaga gutora Abatoye Bose Gabo Gore Gabo Gore Bose # # % # % # % # % # % AMAJYARU GURU Burera Perezida w‟Inama Njyanama 32 17 53. 1 15 46. 9 15 57. 7 11 42. 3 26 81. 3 1. IZAMUHAYE J. Claude 100. 0 IZAMUHAYE J. Claude 2. OYA 0. 0 IBURASIRA ZUBA Kayonza Visi Perezida w‟Inama Njyanama 26 15 57. 7 11 42. 3 13 65. 0 7 35. 0 20 76. 9 1. ZIGIRA Alphonse 85. 0 ZIGIRA Alphonse 2. UDAHEMUKA Jean de Dieu 10. 0 3. HAGENIMANA Emmanuel 5. 0 IBURENGE RAZUBA Rubavu Perezida w‟Inama Njyanama 26 13 50. 0 13 50. 0 10 45. 5 12 54. 5 22 84. 6 1. NYIRURUGO Come de Gaulle 86. 3 NYIRURUGO Come de Gaulle 2. UMUHIRE Josiane 13. 7 Igiteranyo 84 45 53. 6 39 46. 4 38 55. 9 30 44. 1 68 81. 0 Page 17
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 18 3. 2. 4. 2. Amatora asimbura muri Komite Nyo bozi z'Uturere Mu mwaka wa 2019-2020 hatowe Abayobozi 1 7 basimbura muri Komite Nyobozi mu Turere dutandukanye nk‟uko imbonerahamwe ya 26 ikurikira ibigaragaza. Imbonerahamwe ya 26: Abayobozi batowe muri Komite Nyobozi z'Uturere INTA RA AKARERE UWATOWE UMWANYA YATOREWE AMAJWI (%) AMAJYARU GURU BURERA UWANYIRIGIRA Marie Chantal Umuyobozi w'Akarere 76. 0 MANIRAFASHA Jean de la Paix Umuyobozi w‟Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y‟Abaturage 83. 3 MUSANZE NUWUMUREMYI Jeannine Umuyobozi w'Akarere 73. 3 RUCYAHANA Andrew Umuyobozi w'Akarere wungirije Ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu 76. 6 KAMANZI Axelle Umuyobozi w‟Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y‟Abaturage 68. 5 AMAJYEPFO MUHANGA KAYITARE Jacqueline Umuyobozi w'Akar ere 79. 9 GISAGARA HABINEZA J ean Paul Umuyobozi w'Akarere wungirije Ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu 68. 3 IBURASIRA ZUBA NGOMA MAPAMBANO NYIRINKINDI Cyriaque Umuyobozi w'Akarere wungirije Ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu 74. 2 IBURENGE RAZUBA NYAMASHEKE MUKAMASABO Appolonie Umuyobozi w‟akarere 98. 2 KARONGI MUKARUTESI Vestine Umuyobozi w‟Akarere 84. 5 NIRAGIRE Theophile Umuyobozi w'Akarere wungirije Ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu 90. 5 MUKASE Valentine Umuyobozi w‟Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y‟Abaturage 78. 4 RUTSIRO MUSABYEMARIYA Marie Chantal Umuyobozi w‟Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y‟Abaturage 100. 0 RUBAVU NZABONIMPA Deogratias Umuyobozi w'Akarere wungirije Ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu 79. 7 ISHIMWE Pacifique Umu yobozi w‟Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y‟Abaturage 91. 9 NGORORERO UWIHOREYE Patrick Umuyobozi w'Akarere wungirije Ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu 86. 7 MUKUNDUHIRWE Benjamine Umuyobozi w‟Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y‟Abatura ge 86. 2 3. 2. 4. 3. Umubare w' Abasimbuwe mu ri Njyanama na Nyobozi z'Uturere mu 2019-2020 Mu mwaka wa 2019-2020, Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yasimbuye Abajyanama 32 bahwanye na 4. 1% by‟abagize Inama Njyanama z‟Uturere n‟Abayobozi 17 bahwanye na 21% by‟abagize Komite Nyobozi z‟Uturere. Mu Mujyi wa Kigali ho abayobozi basimbuwe bose, nyuma y‟ihinduka ry‟itegeko rigenga Umujyi wa Kigali, nk‟uko byagaragajwe haruguru. Imbonerahamwe ya 27: Umubare w'Abayobozi basimbuwe muri Njyanama na Nyobozi z'Ut urere Intara Mu Nama Njyanama Muri Komite Nyobozi Abayigize Abasimbuwe Abayigize Abasimbuwe # % # % Amajyaruguru 171 9 5. 3 15 5 33. 3 Amajyepfo 215 5 2. 3 24 2 8. 3 Iburasirazuba 198 6 3. 0 21 1 4. 8 Iburengerazuba 201 12 6. 0 21 9 42. 9 Igiteranyo 785 32 4. 1 81 17 21. 0
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 19 Nk‟uko iyi mbonerahamwe ibyerekana, mu mwaka wa 2019-2020, Intara y‟Iburengerazuba ni yo yasimbuje Abayobozi benshi. Yasimbuje 6% mu Nama Njyanama na 42. 9% muri Komite Nyobozi. Intara y‟Amajyaruguru niyo yakurikiyeho kuko yasimbuje 5. 3% mu Nama Njyanama na 33. 3% muri Komite Nyobozi. 3. 2. 5. Amatora y uzuza Inama y'Igihugu y'Abagore Mu mwaka wa 2019-2020 Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yateguye kandi iyobora amatora yo kuzuza mu Nama y‟Igihugu y‟Abagore mu Mujyi wa Kigali no ku rwego rw‟Igihugu. Amatora ku rwego rw‟Igihugu yabaye tar iki ya 30/08/2019 ubwo abagize I nteko rusange ya NWC ku rwego rw‟Igihugu bari bateraniye mu Ngoro y‟Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w‟Abadepite. Ku rwego rw‟Umujyi wa Kigali, amatora yabaye tariki ya 21 Nzeri 2019, aber a mu cyumba cy‟Inama cy‟Umujyi wa Kigali. Imbonerahamwe ya 28 ikurikira irerekana ibyavuye muri ayo matora. Imbonerahamwe ya 28: Ibyavuye mu matora yo kuzuza mu Nama y'Igihugu y'Abagore Urwego amatora yakoreweho Umwanya watorewe Abakandida Inteko itora Aba toye Ubwita bire (%) Abatoye neza Amajwi babonye Uwatowe # % # % IGIHUGU Ushinzwe imibereho myiza Ingabire Twagiramariya Fides 71 68 95. 8 68 10. 0 39 57. 4 INGABIRE TWAGIRAMARIYA Fides Mukeshimana Marie Claire 29 42. 6 UMUJYI WA KIGALI Ushinzwe Ubukungu Mukantwari Devota 68 42 61. 8 41 97. 6 41 100 MUKANTWARI Devota 3. 2. 6. Amatora y 'Abagize Komite y' Abunzi 3. 2. 6. 1. Umushinga wa gahunda y'amatora ya Komite y'Abunzi Imbonerahamwe ya 29:Umushinga wa Gahunda y'ama tora ya Komite y'Abunzi 2020 No IGIKORWA IGIHE IMINSI 1. Gutegura no kwemeza gahunda n‟Amabwiriza by‟amatora ya Komite z‟Abunzi 15/01-06/03/2020 51 2. Kumenyekanisha no kwigisha abaturage ibijyanye n‟amatora y‟Abunzi 09/03-11/08/2020 156 3. Gutegura ilisiti n ‟imibare y‟abagize y„Inteko itora Komite z‟Abunzi ku rwego rw‟Umurenge, Akagari n‟Umudugudu 01/03-15/06/2020 106 4. Gutangaza by‟agateganyo ilisiti n‟imibare y„abagize inteko itora Komite y‟Abunzi 24/06/2020 01 5. Gutangaza burundu ilisiti n‟imibare y„abagiz e inteko itora Komite y‟Abunzi 09/07/2020 01 6. Gushyiraho no guhugura abazayobora amatora 04/02-10/07/2020 158 7. Gutegura no gutubura amabwiriza n‟ imigereka bizakoreshwa mu matora 15/03-15/07/2020 123 8. Guhugura abagize Inteko itora Komite y‟Abunzi 04/02-23/07/2020 171 9. Gutegura no kugeza ibikoresho mu Mirenge n‟Utugari 01-24/07/2020 23
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 20 No o IGIKORWA IGIHE IMINSI 10. Amatora y'Abakandida ku rwego rw'Imidugudu, bazavamo Komite y'Abunzi ku rwego rw'Akagari n'Umurenge 25/07/2020 01 11. Amatora y'Abakandida ku rwego rw'Akagari, bazavamo Komite y'Abunzi ku rwego rw'Umurenge 01 Amatora ya Komite y'Abunzi ku Kagari 12. Gukora urotonde rw'Abagize Komite y'Abunzi ku Kagari n'urw'Abakandida bazatorwamo Komite y'Abunzi ku Murenge 09-10/08/2020 02 13. Amatora ya Kom ite y'Abunzi ku rwego rw'Umurenge 11/08/2020 01 14. Gukora urutonde rw‟abagize Komite y‟Abunzi ku rwego rw‟Umurenge n‟abasimbura babo 12/08-30/09/2020 50 15. Gutegura no gutanga raporo rusange y‟amatora ya Komite y‟Abunzi Bitarenze 12 /10/2020 62 Ingingo ya 7 y‟Itegeko no 37/2016 ryo kuwa 08/09/2016 igena ko Komite y‟Abunzi itorerwa igihe cy‟imyaka itanu (5) gis hobora kongerwa. Ingingo ya 6 y‟itegeko no 37/ 2016 ryo kuwa 08/09/2016 rigena imitunganyirize, Ifasi, ububasha n‟Imikorere ya Komite y‟Abunzi itegan ya kandi ko amatora ategurwa, agakoreshwa kandi akayoborwa na Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora. Kuko a matora ya Komite y‟Abunzi yabaye mu mwaka wa 2015, Komisiyo y ateguwe umushinga wa gahunda y‟amatora yari ateganyijwe muri Nyakanga 2020 nk‟uko imbonerahamwe y a 29 iri haruguru ibyerekana. 3. 2. 6. 2. Abagize inteko itora Komite y'Abunzi Mu mwaka wa 2019-2020, Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yateguye imibare n‟urutonde by‟agateganyo by‟inteko zizatora Komite y‟Abunzi mu matora azakorwa ku nzego eshatu: Ku M udugudu: Amatora y‟A bakandida bazavamo abunzi ku Kagari no ku Murenge ; Ku K agari: Amatora y‟ abakandida bazazamuka ku Murenge n‟a ya Komite y‟Abunzi ku Kagari; Ku M urenge: Amatora ya Komite y‟Abunzi ku Murenge. Ku rwego rw‟Umudugudu, hatorwa abakandida bose bazatorwamo Abunzi b arindwi (7) n‟abasimbura babo barindwi (7), k u Kagari no ku Murenge. Inteko i batora igizwe n‟abatuye muri buri Mudugudu bafite nibura imyaka 18 badakumiriwe n‟inzitizi. Inteko itora abakandida b‟A bunzi hose mu Gihugu ingana n‟abaturage 7,724,258 barimo aba gore bangana na 5 3. 7% nk‟uko imbonerahamwe ya 30 ikurikira ibyerekana.
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 21 Imbonerahamwe ya 30: Inteko itora abakandida ku rwego rw'Umudugudu No INTARA/UMUJYI WA KIGALI GORE GABO BOSE Bose % Bose % 1. AMAJYARUGURU 704,947 54. 2 595,960 45. 8 1,300,907 2. AMAJYEPFO 1,007,529 55. 1 821,950 44. 9 1,829,479 3. IBURASIRAZUBA 1,008,809 53. 8 865,248 46. 2 1,874,057 4. IBURENGERAZUBA 991,494 54. 8 817,868 45. 2 1,809,362 5. UMUJYI WA KIGALI 439,002 48. 2 471,451 51. 8 910,453 IGITERANYO 4,151,781 53. 7 3,572,477 46. 3 7,724,258 Ku rwego rw‟Akagari hatorerwa abakandida bazatorwamo Komite y‟Abunzi ku rwego rw‟Umureng e, hakanatorwa Komite y‟Abunzi barindwi n‟ababasimbura ikorera ku Kagari. Inteko itora ku Kagari igizwe n‟abagize Inama Njyanama y‟A kagari. Mu Gihugu iyo nteko igizwe n‟abajyanama 36,620, barimo 41. 5% b‟abagore, nk‟uko biboneka mu mbonerah amwe ya 3 1 ikurikira. Imbonerahamwe ya 31: Inteko itora Komite y'Abunzi ku rwego rw'Akagari No INTARA/UMUJYI WA KIGALI UTURER E IMIRENGE UTUGARI INTEKO ITORA KU TUGARI GORE GABO BOSE Bose % Bose % 1 AMAJYARUGURU 5 89 414 3,212 46. 0 3774 54. 0 6,986 2 AMAJYEPFO 8 101 532 4,239 44. 5 5290 55. 5 9,529 3 IBURASIRAZUBA 7 95 503 3,643 42. 1 5018 57. 9 8,661 4 IBURENGERAZUBA 7 96 538 2,784 31. 5 6064 68. 5 8,848 5 UMUGI WA KIGALI 3 35 161 1,315 50. 7 1281 49. 3 2,596 IGITERANYO 30 416 2,148 15,193 41. 5 21,427 58. 5 36,620 Ku rwego rw‟Umurenge, hatorwa abagize Komite y‟Abunzi barindwi n‟abasimbura babo, bakorera ku Murenge. Int eko ibatora mu Gihugu igiz we n‟Abajyanama 8,517 barimo 45% b‟abagore, nk‟uko imbo nerahamwe ya 32 ibyerekana. Imbonerahamwe ya 32: Inteko itora Komite y'Abunzi ku rwego rw'Imirenge No INTARA /UMUJYI WA KIGALI UTURERE IMIRENGE UTUGAR I INTEKO ITORA KU MIRENGE GORE % GABO % BOSE 1 AMAJYARUGURU 5 89 414 811 46. 0 953 54. 0 1,764 2 AMAJYEPFO 8 101 532 877 43. 2 1,153 56. 8 2,030 3 IBURASIRAZUBA 7 95 503 721 42. 1 990 57. 9 1,711 4 IBURENGERAZUBA 7 96 538 945 46. 8 1,075 53. 2 2,020 5 UMUJYI WA KIGALI 3 35 161 480 48. 4 512 51. 6 992 BOSE HAMWE 30 416 2,148 3,834 45. 0 4,683 55. 0 8,517 3. 2. 7. Ivugururwa ry'Ilisiti z'itora Mu rwego rwo gutu nganya neza ibikorwa by‟amatora mu mwaka wa 2019-2020 Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yifashishije ikoranabuhan ga, yashyize imbaraga mu bikorwa byo gutunganya ilisiti z‟itora mu matora yakozwe ndetse n‟andi ateganyijwe mu bihe bya vuba. Ayo matora ni aya a kurikira: Amatora y Abasenateri yakozwe muri Nzeri 2019; Amatora y‟Abayobozi b‟Umujyi wa Kigali yabaye muri Kana ma 2019; Amatora asimbura Umudepite utorerwa mu Ntara y‟Amajyepfo yabaye muri Mutarama 2020;
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 22 Amatora yo kuzuza mu Nzego z‟Ibanze yakozwe mu gihembwe cya mbere n‟icya kabiri; Amatora ya Komite y‟Abunzi yari ateganyijwe muri Nyakanga na Kanama 2020. Ibyavuye mu ivugurura ry‟ ilisiti y‟itora yakoreshejwe mu matora y‟Abasenateri, mu gusimbura Umudepite, mu gutora Abayobozi b‟Umujyi wa Kigali n‟ izakoreshwa mu m atora y‟Abunzi byagaragajwe haruguru mu ngingo zirebana n‟ayo matora. 3. 2. 7. 1. Kuvugurura ilisiti y'itora y'a bagej eje igihe cyo gutora Mu mwaka wa 2019-2020 Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yatangiye igikorwa cyo kuvugurura ilisiti y‟itora izakoreshwa mu matora ari imbere. Nyuma yo gushyira ku gihe hashingiwe ku rutonde rw‟abaturage bashya bagejeje igihe cyo gutora ruturu tse mu Kigo cy‟Igihugu gishinzwe Indangamuntu, Komisiyo yamanuye mu Midugudu ilisiti y‟itora y‟agateganyo, kugira ngo ikosorwe. Iyo lisiti iriho A banyarwanda 7,449,934, barimo 53. 9% b‟abagore, nk‟uko imbonerahamwe ya 3 3 ikurikira ibyerekana. Imbonerahamwe ya 33: Imiterere y'ilisiti y'itora y'agateganyo mu mwaka wa 2019 Intara/Umujyi wa Kigali Bose Gabo Gore # % # % Amajyaruguru 1,244,562 568,209 45. 7 676,353 54. 3 Amajyepfo 1,753,777 784,193 44. 7 969,584 55. 3 Iburasirazuba 1,800,568 828,649 46. 0 971,919 54. 0 Iburengerazuba 1,729,157 778,060 45. 0 951,097 55. 0 Umujyi wa Kigali 885,124 458,635 51. 8 426,489 48. 2 Diaspora 36,746 20,172 54. 9 16,574 45. 1 IGITERANYO 7,449,934 3,437,918 46. 1 4,012,016 53. 9 Hagereranyijwe n‟ ilisiti y‟ itora yakore shejwe mu matora y‟Abadepite muri Nzeri 2018 yari iriho abaturage 7,172,612, Abanyarwanda bagejeje igihe cyo gutora biyongereyeho abangana na 277,322, bihwanye n‟ubwiyongere bwa 3. 9%. 3. 2. 7. 2. Gutegura ilisiti yakoreshejwe mu matora yo gusimbura mu Nzego z'Ibanze Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yateguye ilisiti y‟itora yakoreshejwe mu matora yo kuzuza Inama Njyanama z‟Uturere yabereye mu Turere n‟Imirenge bitandukanye mu mwaka wa 20 19-2020. Hashi ngiwe ku mubare w‟ibyumba by‟itora, i yo lisiti y‟itora yari iriho abaturage 508,154 batoreye mu byumba 1,268 nk‟uko imbonerahamwe ya 34 ikurikira ibyerekana.
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 22 Amatora yo kuzuza mu Nzego z‟Ibanze yakozwe mu gihembwe cya mbere n‟icya kabiri; Amatora ya Komite y‟Abunzi yari ateganyijwe muri Nyakanga na Kanama 2020. Ibyavuye mu ivugurura ry‟ ilisiti y‟itora yakoreshejwe mu matora y‟Abasenateri, mu gusimbura Umudepite, mu gutora Abayobozi b‟Umujyi wa Kigali n‟ izakoreshwa mu m atora y‟Abunzi byagaragajwe haruguru mu ngingo zirebana n‟ayo matora. 3. 2. 7. 1. Kuvugurura ilisiti y'itora y'a bagej eje igihe cyo gutora Mu mwaka wa 2019-2020 Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yatangiye igikorwa cyo kuvugurura ilisiti y‟itora izakoreshwa mu matora ari imbere. Nyuma yo gushyira ku gihe hashingiwe ku rutonde rw‟abaturage bashya bagejeje igihe cyo gutora ruturu tse mu Kigo cy‟Igihugu gishinzwe Indangamuntu, Komisiyo yamanuye mu Midugudu ilisiti y‟itora y‟agateganyo, kugira ngo ikosorwe. Iyo lisiti iriho A banyarwanda 7,449,934, barimo 53. 9% b‟abagore, nk‟uko imbonerahamwe ya 3 3 ikurikira ibyerekana. Imbonerahamwe ya 33: Imiterere y'ilisiti y'itora y'agateganyo mu mwaka wa 2019 Intara/Umujyi wa Kigali Bose Gabo Gore # % # % Amajyaruguru 1,244,562 568,209 45. 7 676,353 54. 3 Amajyepfo 1,753,777 784,193 44. 7 969,584 55. 3 Iburasirazuba 1,800,568 828,649 46. 0 971,919 54. 0 Iburengerazuba 1,729,157 778,060 45. 0 951,097 55. 0 Umujyi wa Kigali 885,124 458,635 51. 8 426,489 48. 2 Diaspora 36,746 20,172 54. 9 16,574 45. 1 IGITERANYO 7,449,934 3,437,918 46. 1 4,012,016 53. 9 Hagereranyijwe n‟ ilisiti y‟ itora yakore shejwe mu matora y‟Abadepite muri Nzeri 2018 yari iriho abaturage 7,172,612, Abanyarwanda bagejeje igihe cyo gutora biyongereyeho abangana na 277,322, bihwanye n‟ubwiyongere bwa 3. 9%. 3. 2. 7. 2. Gutegura ilisiti yakoreshejwe mu matora yo gusimbura mu Nzego z'Ibanze Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yateguye ilisiti y‟itora yakoreshejwe mu matora yo kuzuza Inama Njyanama z‟Uturere yabereye mu Turere n‟Imirenge bitandukanye mu mwaka wa 20 19-2020. Hashi ngiwe ku mubare w‟ibyumba by‟itora, i yo lisiti y‟itora yari iriho abaturage 508,154 batoreye mu byumba 1,268 nk‟uko imbonerahamwe ya 34 ikurikira ibyerekana. B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 23 Imbonerahamwe ya 34: Ilisiti y'itora mu matora yuzuza Inama Njyanama z'Uturere mu 2019-2020 INTARA AKARERE UMURENGE IBYUMBA BY'ITORA ABA GIZE INTEKO ITORA Amajyaruguru Musanze Busogo 36 16,221 Cyuve 59 25,419 Gashaki 23 9,545 Kinigi 45 19,329 Burera Gahunga 42 17,488 Kagogo 33 13,331 Kivuye 28 12,135 Ruhunde 32 12,213 Gicumbi Miyove 29 11,49 4 Amajyepfo Gisagara Kigembe 41 13,810 Muhanga Nyarusange 38 18,215 Huye Ruhashya 35 14,905 Iburasirazuba Rwamagana Muyumbu 49 16,394 Rwamagana Gahengeri 49 16,632 Ngoma Rukira 45 15,995 Bugesera Ruhuha 37 14,821 Iburengerazuba Kayonza Mukaran ge 57 21,598 Karongi Murambi 37 14,767 Rubengera 59 23,044 Rwankuba 41 14,270 Rutsiro Mukura 55 21,183 Rubavu Mudende 40 18,704 Nyundo 56 21,060 Rubavu 56 24,308 Rugerero 70 27,593 Ngororero Hindiro 38 16,598 Kabaya 47 22,140 Kavumu 41 18,623 Nyamasheke Ruharambuga 50 16,319 IGITERANYO 1,268 508,154 3. 3. INYIGISHO Z'UBURERE MBONERAGIHUGU KU MATORA Nk‟uko biteganywa n‟Itegeko No 31/2005 ryo ku wa 24/12/2005 rigenga Imiterere n‟Imikorere ya Komisiyo y'Igihugu y'Amatora nk‟uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu, mu ngingo yaryo ya 5, gutegura no gutanga inyigisho z‟Uburere Mboneragihugu mu birebana n‟ama tora ni imwe mu nshingano za Komisiyo. Ni muri urwo rwego m u mwaka wa 20 19-2020 Komisiyo y'Igihugu y'Amatora yateguye ibikorwa bitandukanye bijyanye no gutanga inyigisho z‟Uburere Mboneragihugu ku matora, harimo cyane cyane gusuzuma ibyakozwe no gutegura gahunda y‟inyigisho y‟umwaka, gutegura imfashanyigisho no guhugura ibyiciro bitandukanye ku matora. 3. 3. 1. Uburere Mboneragihugu ku matora mu 20 18-2019 na gahunda y o mu 2019-2020 Ku wa 09/07/2019 Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yateguye kandi iyobora isuzumamigendekere rya gahunda y‟inyi gisho z‟Uburere M boneragihugu ku matora
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 24 mu mwaka wa 2018-2019. Iryo suzumami gendekere ryakorewe ku rwego rw‟Igihugu, r yahuje Abakomiseri n‟abakozi ba KIA hamwe n‟abafatanyabikorwa mu matora. Hashingiwe ku byagaragaye muri iryo suzumamigendekere n‟i bikorwa by‟amatora byari biteganyijwe, Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yateguye gahunda y‟amahugurwa y‟umwaka wa 2019-2020. Iby‟ingenzi bigaragara muri iyo gahunda ni ibi bikurikira : Ibyiciro byari biteganyijwe guhu gurwa; Ingengabihe y‟amahugurwa; Insangan yamatsiko (topics) z‟amahugurwa ; Uburyo bwo gukurikirana, gusuzuma no gutanga raporo z‟ amahugurwa. 3. 3. 2. Gutegura no gutubura imfashanyigisho Mu ntangiriro z‟umwaka wa 2019-2020 Komisiyo y‟igihugu y‟Amatora yateguye imfashanyigisho zizajya zifashishwa mu guhugura abaturage kuva mu mwaka wa 2019 kugera mu mwaka wa 20 24. Hateguwe ibiganiro bishya 4 ku nsanganyamatsiko zikurikira : Inshingano, Imikorere n'Uruhare rw'abagize Komit e y'Abunzi mu buzima bw'Igihugu ; Uruhare rw'Inzego z'Ibanze mu kwimakaza Demokarasi binyuze mu matora ; Akamaro k'ilisiti y'itora mu migendekere myiza y'amatora ; Uruhare rw' Ubur ere M bonerag ihugu mu kwimakaza Demokarasi n'I miyoborere myiza. Mu mwaka wa 2019-2020 kandi havuguruwe ibiganiro 3 byari byarateguwe mbere kugira ngo bigendane n‟igihe, ari byo: Uruhare n'inshingano by'abagize Inteko Ishing a Amategeko, Umutwe w'Abadepite ; Uruhare rw'Umuturag e mu matora n'imiyoborere myiza ; Iby'ingenzi bikubiye mu Itegeko n'Amabwiriza bigenga itora rya Perezida wa Repubulika. Imbonerahamwe ya 35: Imfashanyigisho zatubuwe mu mwaka wa 2019-2020 No Igihe byakorewe Imfasha nyisho zatubuwe Umubare 1. Nyakanga 2019 Amahugurwa ya Komite Mpuzabikorwa z‟Uburere M boneragihugu ku matora mu kwitegura amatora y'Abasenateri 8,000 2. Ugushyingo 2019 Amahugurwa y‟Abagize Biro za Komite Mpuzabikorwa z‟uburere mboneragihugu ku matora ku Mir enge n‟Abahuzabikorwa ba Site ku Tugari 5,000 3. Mutarama 2020 Flyers k' Uruhare rw'ibyiciro byihariye (Urubyiruko, abagore, abafite ubumuga n'Abakorerabushake) m u matora 5,950 4. Mutarama 2020 Flyers zatanzwe mu mahugurwa y'Abagize Komite Mpuzabikorwa z‟ub urere mboneragihugu ku matora n‟ibyiciro byihariye 16,500 5. Werurwe 2020 Ibyingenzi bikubiye mu Itegeko n‟A mabwiriza bigenga itora rya Komite y‟Abunzi 2020 zatanzwe mu mahugurwa y‟Abakorerabushake b‟amatora mu Ntara y‟Amajyepfo, Ubur engerazuba n‟Umujyi wa Kigali 2,000 Igiteranyo 37,450 Imbonerahamwe ya 35 yerekana imibare y‟imfashanyigisho zatubuwe zikagezwa kubo zari zigenewe. 3. 3. 3. Gutanga amahugurwa n'ibiganiro ku matora Mu mwaka wa 2019-2020 hateguwe kandi ha tangwa amahugurwa ku byiciro byatoranyijwe bigir a uruhare rwihariye mu matora. Hahuguwe abaturage muri
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 25 rusange binyu jijwe muri Kom ite Mpuzabikorwa z‟Uburere M boneragihugu ku matora. 3. 3. 3. 1. Amahugurwa y' ibyiciro byari biteganyijwe muri gahunda y'umwaka Hahuguwe abantu 20,262 barimo abagore 31. 4%, bagize ibyicir o bitandukanye, bagira uruhare mu guhugura abandi. Ayo mahugurwa yitabir iwe ku gipimo cya 91. 1% nk‟uko i mbonerahamwe ya 36 ikurikira i bigaragaza. Imbonerahamwe ya 36: Ibyiciro byahuguwe mu 2019-2020 No Ibyiciro byahuguwe Abagombaga kwitabira Abitabiriye Gore % Gabo % Bose % 1. Abahugu riwe guhugura abandi (TOT) 79 46 67. 7 22 32. 4 68 86. 1 2. Abagize Komite Mpuzabikorwa z‟Uburere Mboneragihugu ku matora mu Ntara y‟Iburasirazuba, n‟Uturere twa Rulindo, Gakenke na Musanze 7,656 2,089 30. 5 4,761 69. 5 6,850 89. 5 3. Abagize Komite Mpuzabikorwa z‟Uburere Mboneragihugu ku matora batari mu byiciro byihariye mu Gihugu hose 10,215 2,543 27. 5 6,694 72. 5 9,237 90. 4 4. Abahagarariye Inama y‟Igihugu y‟Abagore ku rwego rw‟Imirenge 832 780 100. 0 0 0. 0 780 93. 8 5. Abahagarariye Inama y‟Igihugu y‟urubyiruko ku rwego rw‟Imirenge 832 160 20. 1 637 79. 93 797 95. 80 6. Abahagarariye Inama y‟Igihugu y‟abantu bafite ubumuga ku rwego rw‟Umurenge 837 210 26. 0 598 70. 01 808 96. 50 7. Abayobora amatora ku rwego rw‟Imire nge n'Abahuzabikorwa ba Site z'itora mu Ntara y‟Iburengerazuba, Amajyepfo n‟Umujyi wa Kigali 1,794 539 31. 3 1,147 68. 70 1,722 96. 00 IGITERANYO RUSANGE 22,245 6,367 31. 4 13,859 68. 6 20,262 91. 1 3. 3. 3. 2. Amahugurwa yatanzwe na Komite Mpuzabikorwa Komite Mpuzabikorwa z‟Uburere Mboneragihugu ku matora ni umuyoboro Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yashyizeho mu mwaka wa 2006, kugira ngo zifashe gukangurira Abanyarwanda benshi bashoboka ibikorwa by‟amatora. Izo Komite zigizwe n‟abantu 12 ku Karere, 12 ku Murenge, zikagirwa n‟abantu 8 k u Kagari. Imbonerahamwe ya 37: Ibyiciro byahuguwe na Komite Mpuzabikorwa ku matora mu 2019-2020 Nº IBYICIRO BY'ABAHUGUWE ABAHUGUWE Abagore Abagabo Bose # % # % 1 Komite Mpuzabikorwa ku Mirenge n‟Utugari 4,632 28. 79 11,455 71. 21 16,087 2 Inteko Rusange z'Abaturage 1,605,674 54. 22 1,355,649 45. 78 2,961,323 3 Abaturage ku muganda rusange 1,538,966 52. 01 1,419,736 47. 99 2,958,702 4 Abitabiriye umugorob a w'ababyeyi 389,440 52. 99 41,486 47. 01 734,935 5 Abitabiriye inama zinyuranye 13,729 55. 37 11,067 44. 63 24,796 6 Abayobozi b'Inzego z'I banze 13,902 41. 11 19,884 58. 89 33,817 7 Abajyanama b'ubuzima 6,965 59. 31 4,778 40. 69 11,743 8 Abajyanama b'ubuhinz i 423 35. 73 761 64. 27 1,184 9 Abikorera 8,039 41. 77 11,208 58. 23 19,247 10 Abanyamadini 303 27. 90 783 72. 10 1,086 11 Abavuga rikumvikana 5,106 50. 41 5,022 49. 49 10,128 12 Abakozi ba VUP 9,550 58. 80 6,691 41. 20 16,241 13 Inama y'I gihugu y'abagore 50,202 100. 00 0 0 50,202 14 Inama y'Igihugu z'Urubyiruko 20,696 52. 42 18,788 47. 58 39,484
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 26 Nº IBYICIRO BY'ABAHUGUWE ABAHUGUWE Abagore Abagabo Bose # % # % 15 Inama y'Igihugu y'Abafite ubumuga 2,186 46. 61 2,504 53. 39 4,690 16 Amakoperative n'amashyirahamwe 29,958 47. 94 32,529 52. 06 62,487 17 Amatsinda yo kuzigama (ibimi na) 6,659 53. 19 5,856 46. 81 12,520 18 Abakorerabushake b'amatora 3,725 48. 22 4,000 51. 78 7,725 19 Abarimu n'Abanyeshuri 25,334 54. 17 21,437 45. 83 46,771 20 Komite z'Abunzi 960 42. 03 1324 57. 97 2,284 21 Intore 2,574 48. 70 2,711 51. 30 5,285 22 Abamotari 375 17. 37 1,588 82. 63 2,159 23 Abahinzi b'icyayi 1,958 45. 93 2,305 54. 07 4,263 24 Abahinzi b‟umuceli n‟urutoki 5,496 51. 26 5,225 48. 74 10,721 25 Inkeragutabara 13 0. 87 1,489 99. 13 1,502 IGITERANYO 3,746,911 55. 6 2,988,298 44. 4 6,735,209 Komite Mpuz abikorwa zahuguye abanyarwanda bagera ku 6,735,209, barimo abagore 55. 6%, babarizwa mu byiciro bitandukanye bigaragara mu mbonerahamw e ya 37 yererekana imibare y‟abaturage bahuguwe. Muri bo cyokora bamwe bashobora kuba mu byiciro bitandukanye, no kuba bityo barahuguwe inshuro zirenga imwe. 3. 4. KUMENYAKANISHA IBIKORWA BYA KOMISIYO Mu rwego rw o kumenyekanisha ibikorwa byayo mu mwaka wa 2019-2020, Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yashyize ingufu ku birebana no kumenye sha abaturage ibijyanye n'amatora y‟Abasenateri yak ozwe ku wa 16-18 Nzeri 2019 n‟ibindi bikorwa by‟amatora bitandukanye, hakoreshejwe inzira z‟itumanaho zinyuranye. 3. 4. 1. Ikiganiro " Inzira ya demokarasi " Hakurikiranywe imitegurire y‟ikiganiro " Inzira ya demokarasi " cya buri wa kabiri, kuri Radiyo Rwanda. Habaye ho ubufasha mu kuyobora no guhitamo insanganyamatsiko z‟ikiganiro no kor ohereza imitegurire yacyo. Ib iganiro 52 byahise kuri Radiyo Rwanda byibanda ku ngingo z‟ingenzi zikurikira: 1) Imyiteguro y‟Amatora y‟Abasenateri yo muri Nzeri 2019 n‟imigenedekere yayo; 2) Ibikorwa by‟A bakorerabushake; 3) Amatora yo kuzuza Inzego zitorerwa zitandukanye ; 4) Amahugurwa y‟Uburere M boneragihugu ku matora yateguwe na Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora agenewe inzego zitandukanye zigira uruhare mu matora; 5) Ikosorwa ry‟ilisiti y‟itora; 6) Inama n‟ abafatanyabikorwa. 3. 4. 2. "Spots " kuri Radi yo Mu mwaka wa 2019-2020 hateguwe hanakoreshwa “spots ” enye ku nsanganyamatsiko zikurikira:
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 26 Nº IBYICIRO BY'ABAHUGUWE ABAHUGUWE Abagore Abagabo Bose # % # % 15 Inama y'Igihugu y'Abafite ubumuga 2,186 46. 61 2,504 53. 39 4,690 16 Amakoperative n'amashyirahamwe 29,958 47. 94 32,529 52. 06 62,487 17 Amatsinda yo kuzigama (ibimi na) 6,659 53. 19 5,856 46. 81 12,520 18 Abakorerabushake b'amatora 3,725 48. 22 4,000 51. 78 7,725 19 Abarimu n'Abanyeshuri 25,334 54. 17 21,437 45. 83 46,771 20 Komite z'Abunzi 960 42. 03 1324 57. 97 2,284 21 Intore 2,574 48. 70 2,711 51. 30 5,285 22 Abamotari 375 17. 37 1,588 82. 63 2,159 23 Abahinzi b'icyayi 1,958 45. 93 2,305 54. 07 4,263 24 Abahinzi b‟umuceli n‟urutoki 5,496 51. 26 5,225 48. 74 10,721 25 Inkeragutabara 13 0. 87 1,489 99. 13 1,502 IGITERANYO 3,746,911 55. 6 2,988,298 44. 4 6,735,209 Komite Mpuz abikorwa zahuguye abanyarwanda bagera ku 6,735,209, barimo abagore 55. 6%, babarizwa mu byiciro bitandukanye bigaragara mu mbonerahamw e ya 37 yererekana imibare y‟abaturage bahuguwe. Muri bo cyokora bamwe bashobora kuba mu byiciro bitandukanye, no kuba bityo barahuguwe inshuro zirenga imwe. 3. 4. KUMENYAKANISHA IBIKORWA BYA KOMISIYO Mu rwego rw o kumenyekanisha ibikorwa byayo mu mwaka wa 2019-2020, Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yashyize ingufu ku birebana no kumenye sha abaturage ibijyanye n'amatora y‟Abasenateri yak ozwe ku wa 16-18 Nzeri 2019 n‟ibindi bikorwa by‟amatora bitandukanye, hakoreshejwe inzira z‟itumanaho zinyuranye. 3. 4. 1. Ikiganiro " Inzira ya demokarasi " Hakurikiranywe imitegurire y‟ikiganiro " Inzira ya demokarasi " cya buri wa kabiri, kuri Radiyo Rwanda. Habaye ho ubufasha mu kuyobora no guhitamo insanganyamatsiko z‟ikiganiro no kor ohereza imitegurire yacyo. Ib iganiro 52 byahise kuri Radiyo Rwanda byibanda ku ngingo z‟ingenzi zikurikira: 1) Imyiteguro y‟Amatora y‟Abasenateri yo muri Nzeri 2019 n‟imigenedekere yayo; 2) Ibikorwa by‟A bakorerabushake; 3) Amatora yo kuzuza Inzego zitorerwa zitandukanye ; 4) Amahugurwa y‟Uburere M boneragihugu ku matora yateguwe na Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora agenewe inzego zitandukanye zigira uruhare mu matora; 5) Ikosorwa ry‟ilisiti y‟itora; 6) Inama n‟ abafatanyabikorwa. 3. 4. 2. "Spots " kuri Radi yo Mu mwaka wa 2019-2020 hateguwe hanakoreshwa “spots ” enye ku nsanganyamatsiko zikurikira: B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 27 1) Gukangurira abaturage kwitabira amatora y‟Abasenateri; 2) Itangwa ry‟inyigisho z‟Uburere M boneragihugu muri rusange no ku matora; 3) Gukangurira Abanyarwanda igikorwa cyo gukosora ilisiti y‟itora; 4) Amatora mu Ntara y‟Amajyepfo yo gusimbura Umudepite mu Nteko Ishing a Amategeko. 3. 4. 3. Ibitambaro bimanikwa biriho ubutumwa bw'amatora Hako reshejwe ibitambaro bimanikwa ( Banners ) zamanitswe kuri S ite zose zabereye ho amatora y‟Abasenateri n‟izindi 832, ni ukuviga 2 muri buri Murenge, zamanitswe mu bice bitandukanye by‟igihugu zitanga ubutumwa rusange kuri demokarasi n‟imiyoborere myiza. 3. 4. 4. Ikoranabuhanga rigezweho n'imbuga nkoranyambaga Hateguwe inkuru z itandukanye zivuga ibikorwa bya KIA zishyirwa k‟urubuga rwa KIA n o ku rukuta rwa Facebook na Twitter za Komisiyo y‟Igihugu y‟A matora. Muri izo nkuru zatangajw e harimo izivuga cyane cyane ku bikurikira: 1) Ibikorwa bigari bireba Amatora y‟A basenateri ; 2) Amahugur wa y‟A bagore, Uru byiruko, n‟A bafite ubumuga, ku ruhare rwabo mu matora y‟Abasenateri; 3) Gukurikirana igikorwa cyo kwiyamamaza kw‟abakandida mu matora yo gusimbura Umudepite watorewe mu Ntara y‟Amajyepfo; 4) Inama n‟abafatanyabikorwa ( Indorerezi z‟amatora, Abaf atanya bikorwa ba KIA, n‟abandi ; 5) Amatora yo kuzuza yabaye mu Turere dutandukanye; 6) Umwiherero w‟Abakozi n‟Abakomiseri ba Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora. 3. 4. 5. Amatangazo n'ibigaganiro mu bitangazamakuru Ubu buryo bwakoreshejwe mu bihe by‟amatora y‟abasenateri yabaye kuva tariki 16-18/09/2019, hamenyekanishwa ibikorwa bijyanye n‟imyiteguro hamwe n‟imigendekere yayo. Muri ibyo bikorwa harimo: Gahunda y‟amatora y‟abasenateri; Inyigisho z‟Uburere Mboneragihugu ku matora; Amatege ko n‟Amabwiriza bigenga amatora; Uburyo bwo gutanga kandidatire n‟ibisabwa ; Kwiyamamaza kw‟abakandida mu matora atandukanye; Imigendekere y‟amatora no gushishikariza aba turage kuyitabira ; Gutangaza ibyavuye mu matora hakoreshejwe uburyo bw‟itumanaho butandukanye. Mu mwaka wa 2 019-2020 hakoreshej we kandi uburyo bwo gutanga amatangazo mu binyamakuru bikoresha ikoranabuhanga (Web banners), ubutumwa bukagenda buhindurwa hagendewe ku bikorwa bigezweho.
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 28 3. 5. UBUFATANYE N'UMUBANO N'IZINDI NZEGO Mu rwego rw‟ubufatanye n‟umubano n‟izindi nzego mu mwaka wa 2019-2020, Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yakoze imirimo itand ukanye mu gihugu no mu mahanga. 3. 5. 1. Gutegura no gukurikirana amasezerano y'ubufatanye n'ibitangazamakuru KIA yateguye kandi ikurikirana imishinga y‟amasezerano y‟ubufatanye na RBA (Rwanda Broadcasting Agency ), Imvaho Nshya, The New Times, Igihe. com... ajyanye no kwamamaza ibikorwa by‟amatora. Komisiyo yasinye amasezerano y‟Ubufatanye n‟ibi bitangazamakuru byifashishijwe mu kumenyekanisha ibikorwa bitandukanye bya K omisiyo y‟ Igihigu y‟ Amatora no gutanga ubutumwa bwerekeranye n‟amatora ku baturage n‟abandi bafatanyabikorwa bayo. 3. 5. 2. Kwakira abashyitsi Mu rwego rwo gutanga serivisi ihabwa abagana Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora, mu mwaka wa 2019-2020 hakiriwe abashyitsi 738 bageze mu biro bitandukanye bya KIA. Muri abo bashyitsi 674 bagenzwaga n‟impamvu z‟akazi, 64 bagenzwaga n‟impamvu zabo bwite. Aba bashyitsi bose bahawe uko bikwiye seri visi bifuzaga n‟abari bafite ibibazo bahabwa ibisubizo. 3. 5. 3. Ubufatanye n'i nzego zigira uruhare mu matora cyangwa mu miyoborere myiza Mu bijyanye n'ubufatanye n‟i nzego ziyobora amatora, mu mwaka wa 2019-2020 Komisiyo y'Igihugu y'Amatora yibanze ku bikorwa byo gutegura inama z‟abafatanyabikorwa mpuzamahanga. Yagize uruhare rukomeye mu gutegura I nama mpuzamahanga y‟Ishyirah amwe ry‟Inzego ziyobora Amatora mu bihugu bivuga igifaransa, RECEF, yateraniye i Ki gali kuva tariki 13-15/11/2019. Yateguye ibyangombwa kandi yitabira inama rusange ya AAEA yabereye i Nairobi kuva tariki 26-30/11/2019 aho yahagarariwe na Perezida wayo. Mu rwego rwo gukurikirana amatora mu bindi bihugu, Komisiyo y'Igihugu y'Amatora yatanze indorerezi mu Muryango w‟Afurika yunze Ubumwe (AU) mu matora ya Perezida wa Repubulika muri Togo, yo ku itariki 22/03/2020, aho yahahagarariwe na Komiseri Ntibirindwa Suedi. 3. 6. IMICUNGIRE Y' ABAKOZI N'UMUTUNGO WA KOMISIYO 3. 6. 1. Imicungire y'abakozi 3. 6. 1. 1. Gushaka abakozi bakenewe no kubashyira mu myanya Mu mwaka wa 201 9-2020, hifashishijwe uburyo bwa E-Recruitment nk'uko biteganywa n'Iteka rya Perezida No 144/01 ryo ku wa 13/04/2017 rigena uburyo
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 28 3. 5. UBUFATANYE N'UMUBANO N'IZINDI NZEGO Mu rwego rw‟ubufatanye n‟umubano n‟izindi nzego mu mwaka wa 2019-2020, Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yakoze imirimo itand ukanye mu gihugu no mu mahanga. 3. 5. 1. Gutegura no gukurikirana amasezerano y'ubufatanye n'ibitangazamakuru KIA yateguye kandi ikurikirana imishinga y‟amasezerano y‟ubufatanye na RBA (Rwanda Broadcasting Agency ), Imvaho Nshya, The New Times, Igihe. com... ajyanye no kwamamaza ibikorwa by‟amatora. Komisiyo yasinye amasezerano y‟Ubufatanye n‟ibi bitangazamakuru byifashishijwe mu kumenyekanisha ibikorwa bitandukanye bya K omisiyo y‟ Igihigu y‟ Amatora no gutanga ubutumwa bwerekeranye n‟amatora ku baturage n‟abandi bafatanyabikorwa bayo. 3. 5. 2. Kwakira abashyitsi Mu rwego rwo gutanga serivisi ihabwa abagana Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora, mu mwaka wa 2019-2020 hakiriwe abashyitsi 738 bageze mu biro bitandukanye bya KIA. Muri abo bashyitsi 674 bagenzwaga n‟impamvu z‟akazi, 64 bagenzwaga n‟impamvu zabo bwite. Aba bashyitsi bose bahawe uko bikwiye seri visi bifuzaga n‟abari bafite ibibazo bahabwa ibisubizo. 3. 5. 3. Ubufatanye n'i nzego zigira uruhare mu matora cyangwa mu miyoborere myiza Mu bijyanye n'ubufatanye n‟i nzego ziyobora amatora, mu mwaka wa 2019-2020 Komisiyo y'Igihugu y'Amatora yibanze ku bikorwa byo gutegura inama z‟abafatanyabikorwa mpuzamahanga. Yagize uruhare rukomeye mu gutegura I nama mpuzamahanga y‟Ishyirah amwe ry‟Inzego ziyobora Amatora mu bihugu bivuga igifaransa, RECEF, yateraniye i Ki gali kuva tariki 13-15/11/2019. Yateguye ibyangombwa kandi yitabira inama rusange ya AAEA yabereye i Nairobi kuva tariki 26-30/11/2019 aho yahagarariwe na Perezida wayo. Mu rwego rwo gukurikirana amatora mu bindi bihugu, Komisiyo y'Igihugu y'Amatora yatanze indorerezi mu Muryango w‟Afurika yunze Ubumwe (AU) mu matora ya Perezida wa Repubulika muri Togo, yo ku itariki 22/03/2020, aho yahahagarariwe na Komiseri Ntibirindwa Suedi. 3. 6. IMICUNGIRE Y' ABAKOZI N'UMUTUNGO WA KOMISIYO 3. 6. 1. Imicungire y'abakozi 3. 6. 1. 1. Gushaka abakozi bakenewe no kubashyira mu myanya Mu mwaka wa 201 9-2020, hifashishijwe uburyo bwa E-Recruitment nk'uko biteganywa n'Iteka rya Perezida No 144/01 ryo ku wa 13/04/2017 rigena uburyo B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 29 bwo gushaka, gus hyiraho no gus hyira mu myanya abakozi ba Leta. K u bufatanye na MIFOTRA, K omisiyo yashyize mu m yanya abakozi 3 nk‟uko bigaragara mu mbonerahamwe ya 38 ikurikira. Imbonerahamwe ya 38: Abakozi bashyizwe mu myanya No Uwashyizwe mu mwany a Umwanya yashyizwemo Uwasimbuwe Impamvu yo gusimburwa 1 KALISA John Procurement Officer RUBERANZIZA J. de Dieu Guhagarika akazi mu gihe kitazwi 2 INGABIRE Alice Election Officer MAGEZI Célestin Gushyirwa mu wundi mwanya 3 MUHIRWA Térence Election Offic er RWABUKUMBA J. Claude Gushyirwa mu wundi mwanya Mu mwaka wa 2019-2020 abakozi 3 bahagaritse akazi kubera impamvu zitandu kanye nk‟uko imbonerahamwe ya 39 ikurikira ibyerekana. Imbonerahamwe ya 39: Abakozi batatu bahagaritse akazi mu mwaka wa 2019-2020 No UMUKOZI ICYO YARI ASHINZWE IMPAMVU YO GUHAGARIKA AKAZI 1 RUBERANZIZA Jea n de Dieu Procurement Officer Guha garika akazi mu gihe kitazwi 2 NYIRAHABIMANA Philomène Election Officer Ikiru huko cy‟izabukuru 3 KANANURA Yvan ICT Officer Guha garika akazi mu gihe kitazwi Gukosora ilisiti y‟itora b ikorwa buri mwaka. Komisiyo y atangiye gushaka abakozi b‟igihe gito bifashishwa muri icyo gikorwa. Mu bakandida 4,509 batanze dosiye za bo, 531 bahwanye na 11. 8%, ni bo bujuje ibyangombwa byasabw aga, bemererwa guko meza i cyiciro gikurikira cy‟ik izamini byanditse. Ikizamini cyanditse cyari gukorwa taliki 18 Werurwe 2020, ariko cyarasubitswe kugeza ubu, kubera covid-19, mu rwego rwo gukumira ikwirakwizwa ry ‟icyo cyorezo. 3. 6. 1. 2. Gukora isuzumabushobozi ry'aba kozi no gutegura Imihigo Ingingo ya 11 y‟Iteka rya Minisitiri w‟Intebe No 121/03 ryo kuwa 08/09/2010 rishyiraho uburyo bukoreshwa mu isuzumabushobozi n‟izamurwa mu n tera ry‟abakozi ba Leta itegany a ko gusinya amasezerano y‟imihigo kuri buri mukozi wa Leta bikorwa muri Nyakanga. Iyo ngingo iteganya kandi ko isuzuma ry'imihigo kuri buri mukozi wa Leta riba muri Nyakanga nyuma y‟amezi 12 y‟akazi abarwa kuva muri Nyakanga kugeza muri Kamena. Ni muri urwo rwego mu gihembwe cya mbere cy'umwaka wa 2019-2020 Komisi yo y'Igihugu y'Amatora yateguye isuzumabushobozi ry‟abakozi bayo mu mwaka wa 2018-2019. Abakozi bose ba KIA babonye amanota abashyira mu cyiciro cy‟Indashyikirwa. Umukozi wagize amanota menshi yabonye 99. 3%, uwabonye amanota make agira 85. 6%. Ingingo ya 31 y'Iteka ryavuzwe haruguru iteganya izamurwa mu ntera y‟ingazi ntambike (Horizontal Promotion) ry‟abakozi nyuma y‟imyaka itatu (3) iyo babikwiriye. Muri urwo rwego, abakozi 23 ba KIA bazamuwe mu ntera ntambike nk'uko imbonerahamwe ya 40 ikurikira ibyerekan a.
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 30 Imbonerahamwe ya 40: Abakozi bazamuwe mu ntera 3. 6. 1. 3. Gukora ubuvugizi ku birebana no korohereza abakozi ba KIA kubona imodoka z'akaz i Mu rwego rwo gufasha Komisiyo y'Igihugu y'Amatora kugera ku nshingano zayo no kurushaho kunoza ibikorwa by'amatora, hateguwe inyandiko igaragaza uburyo abakozi 20 ba KIA bashinzwe amatora mu Ntara/Umujyi wa Kigali no mu Turere bakoroherezwa mu ngendo zab o, bagahabwa imodoka zibafasha buri munsi mu bikorwa bitandukanye. Inyandiko yagejejwe ku Nzego bireba kandi iganirwaho. Icyorezo cya covid-19 cyateye igik orwa ki tararangira ngo hafatwe umwanzuro kuri icyo kibazo. 3. 6. 2. Kongerera abakozi ubumenyi Mu mwaka wa 201 9-2020 hateguwe amahugurwa ajyanye n‟imitegurire n‟imitangire y‟a masoko ya Leta. Amahugurwa yabereye i Musanze kuva ku wa 17-21/02/2020, yitabirwa n‟abakozi 19 b a Komisiyo y‟ Igihugu y‟A matora, nk‟uko imbonerahamwe ya 41 ikurikira ibyerekana. No Izina Icyo akora Urwego Yavuyeho Yagiyeho 1. BUSOGI Claude Database and Software Management Specialist 3. II 3. III 2. IYAMUREMYE Jean Bosco Human Resources Officer 4. III 4. IV 3. GAHIGI Jean Claude Electoral Zone Coordinator 5. II 5. III 4. MUKABAGIRISHYA Constance Electoral Zone Coordinator 5. II 5. III 5. MUKESHIMANA Jasson Electoral Zone Coordinator 5. II 5. III 6. NSHIMIYIMANA Swaleh Electoral Zone Coordinator 5. II 5. III 7. GAKWISI Leoni das Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 8. HIGIRO Solange Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 9. KABARE Révocat Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 10. KAGABO Sylvestre Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 11. KALINDA Claudette Documentation and Election Observers Officer 5. III 5. IV 12. KATEETE Enock Civic Education Programs Officer 5. III 5. IV 13. MUJAWAMARIYA Vestine Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 14. MUNEZERO Jean Baptiste Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 15. MUSEKEWEYA Gloriose Electoral Zone Coordi nator 5. III 5. IV 16. MUTABARUKA Sylvestre Elections Officer 5. III 5. IV 17. MUTESI Faith ICT Officer 5. III 5. IV 18. NYIRAHABIMANA Philomène Elections Officer 5. III 5. IV 19. RUTIKANGA Jean Bosco Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 20. RWABUKUMBA Jean Claude Electora l Zone Coordinator 5. II 5. III 21. TUMUBARE Albert Budget Officer 5. III 5. IV 22. UMUTONI Eliane Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 23. BIZIMANA André Elections Officer 5. III 5. IV
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 30 Imbonerahamwe ya 40: Abakozi bazamuwe mu ntera 3. 6. 1. 3. Gukora ubuvugizi ku birebana no korohereza abakozi ba KIA kubona imodoka z'akaz i Mu rwego rwo gufasha Komisiyo y'Igihugu y'Amatora kugera ku nshingano zayo no kurushaho kunoza ibikorwa by'amatora, hateguwe inyandiko igaragaza uburyo abakozi 20 ba KIA bashinzwe amatora mu Ntara/Umujyi wa Kigali no mu Turere bakoroherezwa mu ngendo zab o, bagahabwa imodoka zibafasha buri munsi mu bikorwa bitandukanye. Inyandiko yagejejwe ku Nzego bireba kandi iganirwaho. Icyorezo cya covid-19 cyateye igik orwa ki tararangira ngo hafatwe umwanzuro kuri icyo kibazo. 3. 6. 2. Kongerera abakozi ubumenyi Mu mwaka wa 201 9-2020 hateguwe amahugurwa ajyanye n‟imitegurire n‟imitangire y‟a masoko ya Leta. Amahugurwa yabereye i Musanze kuva ku wa 17-21/02/2020, yitabirwa n‟abakozi 19 b a Komisiyo y‟ Igihugu y‟A matora, nk‟uko imbonerahamwe ya 41 ikurikira ibyerekana. No Izina Icyo akora Urwego Yavuyeho Yagiyeho 1. BUSOGI Claude Database and Software Management Specialist 3. II 3. III 2. IYAMUREMYE Jean Bosco Human Resources Officer 4. III 4. IV 3. GAHIGI Jean Claude Electoral Zone Coordinator 5. II 5. III 4. MUKABAGIRISHYA Constance Electoral Zone Coordinator 5. II 5. III 5. MUKESHIMANA Jasson Electoral Zone Coordinator 5. II 5. III 6. NSHIMIYIMANA Swaleh Electoral Zone Coordinator 5. II 5. III 7. GAKWISI Leoni das Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 8. HIGIRO Solange Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 9. KABARE Révocat Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 10. KAGABO Sylvestre Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 11. KALINDA Claudette Documentation and Election Observers Officer 5. III 5. IV 12. KATEETE Enock Civic Education Programs Officer 5. III 5. IV 13. MUJAWAMARIYA Vestine Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 14. MUNEZERO Jean Baptiste Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 15. MUSEKEWEYA Gloriose Electoral Zone Coordi nator 5. III 5. IV 16. MUTABARUKA Sylvestre Elections Officer 5. III 5. IV 17. MUTESI Faith ICT Officer 5. III 5. IV 18. NYIRAHABIMANA Philomène Elections Officer 5. III 5. IV 19. RUTIKANGA Jean Bosco Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 20. RWABUKUMBA Jean Claude Electora l Zone Coordinator 5. II 5. III 21. TUMUBARE Albert Budget Officer 5. III 5. IV 22. UMUTONI Eliane Electoral Zone Coordinator 5. III 5. IV 23. BIZIMANA André Elections Officer 5. III 5. IV B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 31 Imbonerah amwe ya 41: Abakozi bakurikiranye amahugurwa ku micungire y'amasoko ya Leta No AMAZINA ICYO AKORA 1. NIYONSHUTI. K. Etienne Director of Finance and Administration 2. SHEMA Mike Director of ICT 3. BUHIGIRO Patrick HRMS 4. BUSOGI Claude DSMS / Receiving Committee Member 5. KANSANGA Olive EMS 6. BIZIMANA Andre Election Officer & Tender C ommittee member 7. BUKASA Moise Public Relations and Communications Officer 8. DUSHIMUMUKIZA Elican Internal A uditor 9. GISAGARA Theoneste Legal Officer 10. INGABIRE Alice Election Officer & Tender C ommittee member 11. IRAMBONA Liberata Co K Elect ion Coordinator & Tender C ommittee member 12. IYAMUREMYE J. Bosco HRO & Tender C ommittee member 13. KALISA John Procurement officer & Tender C ommittee member 14. KANANURA Yvan ICT Officer & Tender C ommittee member 15. MUCYOMWIZERE Marie Claire Logistics Officer & Receiving C ommittee member 16. MUTABARUKA Sylvestre Election Officer & Receiving C ommittee member 17. TUMUBARE Albert Budget Officer 18. UMUTONI KALISA Procurement Officer & Rece iving C ommittee member 19. UWIMANA Solange Accountant & Tender Committee member Mu mwaka wa 2019-2020 binagendanye no kurushaho kunoza imikorere mu bihe bya Covid-19, abakozi n‟Abakomiseri ba KIA bahuguwe ku ikoreshwa rya porogaramu y‟Ikoranabuhanga ya “Cisco Webex ”, yashyizweho kugira ngo izajye yifashishwa hagakorwa inama abakozi ba Leta batari hamwe. 3. 6. 3. Imicungire y'imari Mu mwaka wa 2019-2020 Komisiyo y'Igihugu y'Amatora yabonye ingengo y'imari yose ingana na 2,908,464,644 Frw harimo iyaturutse mu kigega c ya Leta (98. 4%) n‟iyatanzwe na UNDP (1. 6. %). Imbonerahamwe ya 42 ikurikira irerekana igano y‟iyo ngengo n‟aho yaturutse. Imbonerahamwe ya 42: Ingengo y'imari KIA yabonye mu mwaka wa 2019-2020 n'inkomoko yayo Aho ingengo y'imari yatu rutse Ingengo y'imari Ingano % Ikigega cya Leta 2,862,492,118 98. 4 UNDP 45,972,526 1. 6 Igiteranyo 2,908,464,644 100. 0 Muri rusange i ngengo y‟imari KIA yabonye mu mwaka wa 2019-2020 yakoreshejwe ku gip imo cya 77. 6 %. Ingengo y‟imari y aturutse mu kigega cya Leta yakoreshejwe ku gipimo cya 77. 2% mu gihe iyatanzwe na UNDP yakoreshejwe yose (100%). Imbonerahamwe ya 43 ikurikira i rerekana uko ingengo y‟imari Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yabonye mu mwaka wa 2019-2020 yakoreshejwe.
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 32 Imbonera hamwe ya 43: Ingengo y'imari KIA yabonye n'uko yakoreshejwe mu mwaka wa 2019-2020 Ibikorwa Ingengo y'Imari yemewe Ingengo y'Imari yakoreshejwe Yose Leta y'u Rwanda UNDP Leta y'u Rwanda UNDP Yose % Umushahara n‟Agahimbazamusyi 867,894,198 867,894,198 826,653,423 826,653,423 95. 2 Ibikoresho byo mu biro no gutubura Impapuro 340,051,392 340,051,392 151,214,563 151,214,563 44. 5 Ibikoresho by‟Ikoranabuhanga 120,430,977 120,430,977 21,074,992 21,074,992 17. 5 Gutwara Abantu n‟Ibi koresho 544,520,047 544,520,047 478,713,407 478,713,407 87. 9 Itumanaho 112,952,000 112,952,000 59,075,000 59,075,000 52. 3 Kumenyekanisha ibikorwa 159,147,980 159,147,980 87,991,794 87,991,794 55. 3 Amazi n‟Amashanyarazi 42,807,884 42,807,884 42,33 8,000 42,338,000 98. 9 Gufata neza no gusana inyubako n‟ibikoresho 66,600,000 66,600,000 62,753,968 62,753,968 94. 2 Ubwiteganyirize bw‟abakozi 48,000,000 48,000,000 43,234,856 43,234,856 90. 1 Gushyigikira ibikorwa by'imbonezamubano 15,712,116 15,712,116 3,712,114 3,712,114 23. 6 Imyambaro y‟abayobora amatora 3,056,000 3,056,000 3,055,780 3,055,780 100. 0 Kugura Serivisi zitandukanye 12,200,000 12,200,000 9,416,939 9,416,939 77. 2 Inyigisho z‟Uburere Mboneragihugu 575,092,050 529,119,524 45,972, 526 421,247,041 45,972,526 467,219,567 81. 2 IGITERANYO 2,908,464,644 2,862,492,118 45,972,526 2,210,481,877 45,972,526 2,256,454,403 77. 6 % 100. 0 98. 4 1. 6 77. 2 100. 0 77. 6 Nk‟uko bigaragara, ingengo y‟imari ya KIA ntabwo yakoreshejwe ku gipimo cyo hejuru nk‟uko bisanzwe. Ibyo byatewe n‟ibikorwa bitakozwe bite we na covid-19, n‟amwe mu masoko ba rwiyemezamirimo ba tashoboye kurangiza kubera impamvu zifitanye isano n‟icyo cyorezo. 3. 7. IMIKORERE Y'INZEGO ZA KOMISIYO Y'IGIHUGU Y'AMATORA 3. 7. 1. Imikorere y'Inama y'Abakom iseri 3. 7. 1. 1. Inama z'Abakomiseri Nk'uko biteganywa n'ingingo ya 10 y'Itegeko No 31/2005 ryo kuwa 24/12/2005 rigena imiterere n'imikorere bya Komisiyo y'Igihugu y'Amatora nk'uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu, mu gihe cy‟amatora rusange, amezi abiri mbere y‟amatora, Abakomiseri bahagarika akandi kazi bakoraga kugira ngo bakurikirane ibikorwa by‟amatora kugeza ukwezi nyuma y‟ itanga zwa burundu ry‟ibyavuye mu matora. Ni muri urwo rwego mu gihembwe cya mbere cy'umwaka wa 201 9-2020 Inama y'Abakomiseri yakoze mu bu ryo buhoraho mu bihe by‟amatora nyirizina y‟Abasenateri. Mu bihe bitari iby‟amatora, Inama y‟Abakomiseri yateranye buri gihe mbwe n‟igihe byabaye ngombwa nk‟uko biteganywa n‟amategeko, ifata ibyemezo kandi ikurikirana n‟ishyirwa mu bikorwa ryabyo. Mu mwaka wa wa 2019-2020 hakozwe inama z‟Abakomiseri 18 harimo inama 7 zakozwe bakora mu buryo buhoraho na 11 mu bihe bisanzwe bitari iby‟amatora.
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 33 Mu birebana n‟ Inama y‟Abakomiseri, mu mwaka wa 2019-2020 Komiseri UWERA Pélagie yatorewe kuba Senateri naho Visi Perez ida MUKAMAZERA Rosalie arangiza manda muri Mata 2020. Umwaka wa 2019-2020 wara ngiye bombi batarasimburwa. 3. 7. 1. 2. Umwiherero w'Abakomiseri n'Abakozi ba KIA Mu kunoza imikorere n‟imikoranire by‟inzego za Komisiyo y'Igihugu y'Amatora, hakozwe umwi herero w'akazi w'Ab akomiseri n'a bakozi bose ba Komisiyo y'Igihugu y'Amatora kuva 03-07/02/2020 mu Karere ka Musanze. Uwo mwiherer o waganiriye ku ngingo zikurikira: 1) Ishyirwa mu bikorwa rya gahunda y'ibikorwa y'umwaka wa 2019-2020 nyuma y‟amezi atandatu ( 6) arangiye n‟ingamba zo kwihutisha ibikorwa mbere y'uko umwaka w'ingengo y'imari urangira; 2) Ibikorwa b itegura amatora ya Komite y‟Abunzi yari ateganyijwe muri Nyakanga na Kanama 2020; 3) Akamaro k‟Ihererekanyamakuru (Itumanaho) mu kunoza imikorere n'imikoranire mu kazi muri rusang e no mu miyoborere y‟amatora by‟umwihariko; 4) Gahunda y‟Igihugu y‟imyaka 30 «VISION 2020-2050 » n‟uruhare rwa Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora mu kuyigeraho. Nyuma y‟ibiganiro no kungurana ibitekerezo, abitabiriye umwiher ero bafashe imyanzuro ikurikira: 1) Kwihutish a ishyirwa mu bikorwa ry‟ibiteganijwe muri “Action Plan” y‟umwaka 2019/2020 bitakorewe igihe byari biteganyirijwe; 2) Kurushaho kwihutisha iyishyurwa ry‟agahimbazamusyi k‟Abakorerabushake n‟abandi bagira uruhare mu bikorwa bya Komisiyo; 3) Gushyira imbaraga mu b ushakashatsi ku myumvire y‟abaturage mu bijyanye n‟amatora no ku bushobozi bw‟abakorerabushake mu miyoborere y‟amatora, hagamij we kunoza Uburere Mboneragihugu ku matora; 4) Kunoza uburyo bwo kubika ibyavuye mu matora (Database), bigaragaza abayobozi batowe n‟ uko bagenda basimburana kandi bigatangirana n‟amatora ya Komite y‟Abunzi yo muri 2020; 5) Kunoza uburyo bw‟ihererekanyamakuru (communication system) muri Komisiyo, kugira ngo imikorere n‟imikoranire irusheho kugenda neza. 6) Kongera mu mfashanyigisho z‟Uburere M boneragihugu ibirebana n‟impinduka zigamije iterambere ry‟I gihugu riteganywa mu nyandiko “NST 1” n‟icyerekezo 2020-2050 (Vision 2050). 7) Kwihutisha imyiteguro y‟amatora y‟abagize Komite y‟Abunzi yari ateganyijwe muri Nyakanga na Kanama 2020.
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 34 3. 7. 2. Imikorere y'Ubu nyamabanga Nshingwabikorwa 3. 7. 2. 1. Inama z'Ubuyobozi n'iz'abakozi Mu rwego rwo kunoza imikorere n o kwihutisha ishyirwa mu bikorwa rya gahunda n‟ibyemezo by‟inzego z‟Ubuyobozi bwa Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora, mu mwaka wa 201 9-2020 hakozwe inama 21 z'Ubuyobozi bw'U bunyamabanga Nshingwabikorwa bwa Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora, n'inama rusange z'Abakozi 3. Nk‟uko biteganywa n‟Amabwiriza Ngengamikorere ya Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora, Inama y‟Ubuyobozi isuzuma aho ibikorwa by‟Amashami bigeze bishyirwa mu bikorwa, igata nga icyerekezo hashingiwe kuri raporo y‟Umuyobozi w‟Ishami. Inyandikomvugo y‟Inama y‟Ubuyobozi zose zarakozwe, zibikwa neza kandi hashyirwaho uburyo bwo gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry‟ibyemezo byafashwe. 3. 7. 2. 2. Imikorere n'imikoranire y'Inzego z'Ubunyamabang a Nshingwabikorwa Mu rwego rw'Igenamigambi : mu mwaka wa 2019-020 hibanzwe ku kunononsora gahunda y‟ibikorwa by‟ umwaka, nyuma yo kwemezwa kw‟ingengo y‟imari n‟Inteko Ishinga Amategeko, hashingiwe ku bikorwa byihutirwa kurusha ibindi no gutegura igenamigambi ry‟umwaka wa 2020-2021. Imbonerahamwe ya 44 irerekana uko iyo ngengo y‟imari yagabanyijwe ku bikorwa bigari mu myaka ya 2019-2020 na 2020-2021. Imbonerahamwe ya 44: Ibikorwa bigari n'ingengo y'imari mu myaka ya 2019-2020 na 2020-2021 Ibikorwa bigari INGENGO YEMEJWE Mu 2019-2020 Mu 2020-2021 Frw % Frw % Amatora y‟ Abasenateri 149,487,174 5. 2-- Amatora y'Inzego z‟ Ibanze n'Izihariye --3,530,240,365 61. 69 Amatora yo kuzuza 148,010,800 5. 2 1,196,501 0. 02 Amatora ya Komite y‟ Abunzi 171,994,680 6. 0 464,548,406 8. 12 Kwegereza Abaturage Ilisiti y‟ itora 392,038,607 13. 7-- Gutanga inyigisho z‟ Uburere Mboneragihugu ku matora 596,121,504 20. 8 260,852,476 4. 56 Itumanaho, imenyekanishamakuru n‟imicungire y‟ isomero 58,563,380 2. 0 105,551,980 1. 84 Kongera ubushobozi mu ikoranabuhanga 157,185,500 5. 5 128,453,184 2. 24 Gushaka ibikoresho na serivisi 382,270,500 13. 4 273,769,100 4. 78 Guteza imbere ibirebana n‟Igenamigambi n‟Imicungire y‟ Imari 47,555,568 1. 7 53,251,968 0. 93 Imicungire y‟abakozi, Abakomiseri n‟imishahara yabo 716,508,905 25. 0 846,202,848 14. 79 Guteza imbere Umubano n‟imikoranire n‟Inzego 42,755,500 1. 5 58,426,860 1. 02 IGITERANYO 2,862,492,118 100. 0 5,722,493,688 100. 0 Mu g utegura no gutanga amasoko ya Leta: mu mwaka wa 2019-2020, Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yateganyije amasoko 33, itanga amasoko 31 ahwanye na 93. 9%. Ayo masoko y aratanzwe amasezerano arasinywa kandi ashyirwa mu bikorwa.
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 34 3. 7. 2. Imikorere y'Ubu nyamabanga Nshingwabikorwa 3. 7. 2. 1. Inama z'Ubuyobozi n'iz'abakozi Mu rwego rwo kunoza imikorere n o kwihutisha ishyirwa mu bikorwa rya gahunda n‟ibyemezo by‟inzego z‟Ubuyobozi bwa Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora, mu mwaka wa 201 9-2020 hakozwe inama 21 z'Ubuyobozi bw'U bunyamabanga Nshingwabikorwa bwa Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora, n'inama rusange z'Abakozi 3. Nk‟uko biteganywa n‟Amabwiriza Ngengamikorere ya Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora, Inama y‟Ubuyobozi isuzuma aho ibikorwa by‟Amashami bigeze bishyirwa mu bikorwa, igata nga icyerekezo hashingiwe kuri raporo y‟Umuyobozi w‟Ishami. Inyandikomvugo y‟Inama y‟Ubuyobozi zose zarakozwe, zibikwa neza kandi hashyirwaho uburyo bwo gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry‟ibyemezo byafashwe. 3. 7. 2. 2. Imikorere n'imikoranire y'Inzego z'Ubunyamabang a Nshingwabikorwa Mu rwego rw'Igenamigambi : mu mwaka wa 2019-020 hibanzwe ku kunononsora gahunda y‟ibikorwa by‟ umwaka, nyuma yo kwemezwa kw‟ingengo y‟imari n‟Inteko Ishinga Amategeko, hashingiwe ku bikorwa byihutirwa kurusha ibindi no gutegura igenamigambi ry‟umwaka wa 2020-2021. Imbonerahamwe ya 44 irerekana uko iyo ngengo y‟imari yagabanyijwe ku bikorwa bigari mu myaka ya 2019-2020 na 2020-2021. Imbonerahamwe ya 44: Ibikorwa bigari n'ingengo y'imari mu myaka ya 2019-2020 na 2020-2021 Ibikorwa bigari INGENGO YEMEJWE Mu 2019-2020 Mu 2020-2021 Frw % Frw % Amatora y‟ Abasenateri 149,487,174 5. 2-- Amatora y'Inzego z‟ Ibanze n'Izihariye --3,530,240,365 61. 69 Amatora yo kuzuza 148,010,800 5. 2 1,196,501 0. 02 Amatora ya Komite y‟ Abunzi 171,994,680 6. 0 464,548,406 8. 12 Kwegereza Abaturage Ilisiti y‟ itora 392,038,607 13. 7-- Gutanga inyigisho z‟ Uburere Mboneragihugu ku matora 596,121,504 20. 8 260,852,476 4. 56 Itumanaho, imenyekanishamakuru n‟imicungire y‟ isomero 58,563,380 2. 0 105,551,980 1. 84 Kongera ubushobozi mu ikoranabuhanga 157,185,500 5. 5 128,453,184 2. 24 Gushaka ibikoresho na serivisi 382,270,500 13. 4 273,769,100 4. 78 Guteza imbere ibirebana n‟Igenamigambi n‟Imicungire y‟ Imari 47,555,568 1. 7 53,251,968 0. 93 Imicungire y‟abakozi, Abakomiseri n‟imishahara yabo 716,508,905 25. 0 846,202,848 14. 79 Guteza imbere Umubano n‟imikoranire n‟Inzego 42,755,500 1. 5 58,426,860 1. 02 IGITERANYO 2,862,492,118 100. 0 5,722,493,688 100. 0 Mu g utegura no gutanga amasoko ya Leta: mu mwaka wa 2019-2020, Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yateganyije amasoko 33, itanga amasoko 31 ahwanye na 93. 9%. Ayo masoko y aratanzwe amasezerano arasinywa kandi ashyirwa mu bikorwa. B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 35 Amosoko 2 y‟ibikoresho na porogaramu by‟ikoranabuhanga ntiyashoboye gutangwa kuber a ko rimwe ryari rirengeje ingengo y‟imari yateganyijwe, ku rya kabiri amasezerano araseswa kubera ikibazo cy‟icyorezo cya covid-19. Mu micungire y' Isomero n'Ubushyinguranyandiko : mu mwaka wa 201 9-2020 mu rwego rw‟imicungire y‟inzu y‟isomero hakozwe imirim o itandukanye ijyanye no kwakira abayigigana no kubaha serivisi bakeneye, gushaka inyandiko nyugurabumenyi no kubika neza inyandiko za Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora. Iby‟ingenzi byakozwe ni ibi bikurikira : Kugura ibitabo 68; Gukora ifatabuguzi ry‟ibinyamaku ru 13; Kwakira no guha ibyangombwa Indorerezi 292 zakurikiranye amatora y‟Abasenateri; Gukusanya no gusesengura raporo zakozwe n‟indorerezi mu matora y‟Abasenateri; Gukusanya inyandikomvugo z‟inama y‟Abakomiseri n ‟iz‟Inama y‟Ubuyobozi mu 2018-2019; Gukusan ya nomero z‟Igazeti ya Leta z‟im yaka ya 2018 na 2019. Mu bugenzuzi bwa K omisiyo y' Igihugu y' Amatora : mu mwaka wa 2019-2020 hakozwe gahunda y‟ubugenzuzi (internal audit) y‟umwaka y ohererezwa inzego bireba imaze kwemezwa na Audit Committee nk'uko amategeko a biteganya. Hakozwe ubugenzuzi no gutanga inama kuri Raporo y‟imari n‟umutungo muri KIA z‟ibih embwe byose by‟ Umwaka wa 2019-2020. Hakozwe kandi ubugenzuzi ku itangwa ry‟amasoko ya Leta muri KIA. Mu mpera z‟umwaka wa 2019-2020, Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora y akiriye na none itsinda ry‟abagenzuzi baturutse mu Rwego rw‟Ubugenzuzi bw‟Imari ya Leta. Umwaka warangiye i gikorwa cy‟ubu genzuzi kigikomeza. 3. 8. IBYAGEZWEHO N'INGENGO Y'IMARI YAKORESHEJWE Ibikorwa byari biteganyijwe mu mwaka wa 201 9-2020 byakozwe ku gipimo gishimishije kuko muri rusange Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora yeshesheje Imihigo ku gipimo cya 82. 3%. Ibitarashoboye kugerwaho byatewe ahanini n‟icyor ezo cya covid-19. Ib y'ingenzi muri ibyo bikorwa ni ibi bikurikira: 1) Imyiteguro ya nyuma n'imiyoborere y‟amatora y‟Abasenateri yo muri Nzeri 2019 ; 2) Gutegura no kuyobora amatora y‟ Abayobozi b‟Umujyi wa Kigali muri Kanama 2019; 3) Imyigisho z'U burere Mboneragihugu ku matora muri rusage no ku matora y‟Abasenateri by‟umwihariko ; 4) Amahugurwa y'ibyiciro bigira uruhare mu matora ; 5) Imyiteguro n'imiyoborere y'amatora asimbura Abayobozi mu Nzego z'Ibanze n'Izihariye;
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 36 6) Inozwa ry'imikoreshereze y'ikoranabuhanga mu bikorwa by'amatora harimo ivugururwa ry'ilisiti y'itora mu Midugudu ; 7) Igenamigambi ry'imyaka ya 20 19-2020 na 20 20-2021; 8) Imyit eguro y‟amatora ya Komite y‟Abunzi ; 9) Imikoranire n‟izindi nzego; 10) Imicungire y‟imari, abakozi n‟umutungo; 11) Ubugenzuzi; 12) Imitangire y‟amasoko. Nk'uko byagaragajwe mu buryo burambuye mu b irebana n'imicungire y' umutungo n'imari, ingengo y'imari yakoreshejwe mu mwaka wa 201 9-2020 ingana na 2,256,454,403 Frw ihwanye na 77. 6% by'iyari yemejwe, ikaba yarakoreshejwe muri porogaramu z'ibikorwa zinyuranye, nk'uko imbonerahamwe ya 45 ikurikira ibyerekana. Imbonerahamwe ya 45: Uko Ingengo y'Imari ya koreshejwe mu mwaka wa 2019-2020 Porogaramu INGENGO Y'IMARI Yemewe Yakoresheshejwe Yasigaye Frw Frw % Frw % LETA Y'U RWANDA 2,862,492,118 2,210,481,877 77,2 652,010,241 22. 8 Election Preparation and Management 945,701,800 636,387,816 67,3 309,313,984 32. 7 Civic Education on Elections 596,121,504 477,885,102 80,2 118,236,402 19. 8 Administrative and Support Services 1,320,668,814 1,096,208,959 83,0 224,459,855 17. 0 UNDP-INKUNGA 45,972,526 45,972,526 100. 0 0 0. 0 IGITERANYO RUSANGE 2,908,464,644 2,256454,403 77. 6 652,010,241 22. 4 4. INZITIZI ZAGARAGAYE N‟ubwo ibyakozwe mu mwaka wa 2019-2020 byagezweho ku rwego ru shimishije nk‟uko byagaragajwe haruguru, m u gutunganya ibyari kuri gahunda y'ibikorwa byayo, Komisiyo y'Igihugu y'Amatora yahuye n'inzitizi isanga ari ngombwa kugaragaza muri iyi raporo : 1) Imbogamizi zishingiye ku mitegurire n‟imiyoborere y‟amatora y‟Abasenateri: Amateka n‟Amabwiriza agenga amatora yemejwe bitinze; Ingorane mu gutunganya ilisiti y ‟Inteko zitora muri Kaminuza n‟A mashuri Makuru byari biruhanyijwe kubera abarimu n‟abashakashatsi babarizwa mu mashami menshi ya Kaminuza n‟Amashuri M akuru; 2) Icyorezo cya covid-19 cya dindije bimwe mu bikorwa by‟ingenzi bi rebana n‟amatora kubera ko bya sabaga guhuza abantu benshi kandi bi temewe kubera ingamba zo kucyirinda za fashwe na Leta ; Iby‟ingenzi mu bikorwa byadindijwe ni ibi bikurikira: Gusimbura muri Komite Nyobozi z‟Uturere twa NYANZA na RWAMAGANA b yahagaze hamaze kwakirwa kandidatire; Gukosora ilisiti y‟itora muri mudasobwa byahagaze ha gishakwa abakoz i bazabikora;
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 36 6) Inozwa ry'imikoreshereze y'ikoranabuhanga mu bikorwa by'amatora harimo ivugururwa ry'ilisiti y'itora mu Midugudu ; 7) Igenamigambi ry'imyaka ya 20 19-2020 na 20 20-2021; 8) Imyit eguro y‟amatora ya Komite y‟Abunzi ; 9) Imikoranire n‟izindi nzego; 10) Imicungire y‟imari, abakozi n‟umutungo; 11) Ubugenzuzi; 12) Imitangire y‟amasoko. Nk'uko byagaragajwe mu buryo burambuye mu b irebana n'imicungire y' umutungo n'imari, ingengo y'imari yakoreshejwe mu mwaka wa 201 9-2020 ingana na 2,256,454,403 Frw ihwanye na 77. 6% by'iyari yemejwe, ikaba yarakoreshejwe muri porogaramu z'ibikorwa zinyuranye, nk'uko imbonerahamwe ya 45 ikurikira ibyerekana. Imbonerahamwe ya 45: Uko Ingengo y'Imari ya koreshejwe mu mwaka wa 2019-2020 Porogaramu INGENGO Y'IMARI Yemewe Yakoresheshejwe Yasigaye Frw Frw % Frw % LETA Y'U RWANDA 2,862,492,118 2,210,481,877 77,2 652,010,241 22. 8 Election Preparation and Management 945,701,800 636,387,816 67,3 309,313,984 32. 7 Civic Education on Elections 596,121,504 477,885,102 80,2 118,236,402 19. 8 Administrative and Support Services 1,320,668,814 1,096,208,959 83,0 224,459,855 17. 0 UNDP-INKUNGA 45,972,526 45,972,526 100. 0 0 0. 0 IGITERANYO RUSANGE 2,908,464,644 2,256454,403 77. 6 652,010,241 22. 4 4. INZITIZI ZAGARAGAYE N‟ubwo ibyakozwe mu mwaka wa 2019-2020 byagezweho ku rwego ru shimishije nk‟uko byagaragajwe haruguru, m u gutunganya ibyari kuri gahunda y'ibikorwa byayo, Komisiyo y'Igihugu y'Amatora yahuye n'inzitizi isanga ari ngombwa kugaragaza muri iyi raporo : 1) Imbogamizi zishingiye ku mitegurire n‟imiyoborere y‟amatora y‟Abasenateri: Amateka n‟Amabwiriza agenga amatora yemejwe bitinze; Ingorane mu gutunganya ilisiti y ‟Inteko zitora muri Kaminuza n‟A mashuri Makuru byari biruhanyijwe kubera abarimu n‟abashakashatsi babarizwa mu mashami menshi ya Kaminuza n‟Amashuri M akuru; 2) Icyorezo cya covid-19 cya dindije bimwe mu bikorwa by‟ingenzi bi rebana n‟amatora kubera ko bya sabaga guhuza abantu benshi kandi bi temewe kubera ingamba zo kucyirinda za fashwe na Leta ; Iby‟ingenzi mu bikorwa byadindijwe ni ibi bikurikira: Gusimbura muri Komite Nyobozi z‟Uturere twa NYANZA na RWAMAGANA b yahagaze hamaze kwakirwa kandidatire; Gukosora ilisiti y‟itora muri mudasobwa byahagaze ha gishakwa abakoz i bazabikora; B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 37 Guhugura ibyiciro byihariye ku matora n‟abakorerabushake bazayobora amatora ya Komite y‟Abunzi; 3) Amasoko yatanzwe ntiyarangirira igihe cyangwa araseswa kubera icyorezo cya covid-19. Muri yo ay‟ingenzi ni amasoko y‟ibikoresho by‟amatora n‟isoko ry‟ibikoresho by‟ikoranabuhanga ; 4) Igikorwa cy‟ubuvugizi mu korohereza ingendo abakozi bashinzwe ibikorwa by‟amatora mu Ntara/Umujyi wa Kigali no mu Turere nticyashoboye kurangira kubera icyorezo cya covid-19; 5) Imyiteguro itararangiye ya Yubile y‟imyaka 20 K omisiyo y‟Igihugu y‟Amatora imaze ikora. 5. INGAMBA N'IBYIFUZO Mu rwego rwo gukemura inzitizi zagaragaye haruguru, ingamba n'ibyifuzo bikurikira byafasha gukemura ibiba zo bigenda bibangamira imikorere ya Komisiyo y'Igihugu y'Amatora, bikayifasha kugera neza ku nshingano zayo: 1) Gutegura kare no gukurikiran ira hafi iyemezwa ry‟ibirebana n‟amategeko y‟amatora mu nzego zose zibigiramo uruhare; 2) Gukorana hakiri kare n‟ubuyobozi bwa za Kaminuza n‟Amashuri M akuru kugirango ilisiti y‟ Inteko zitora ibonekere igihe no ko ngera ubuk angurambaga muri za Kaminuza n‟Amashuri M akuru ku bijyanye n‟ amatora; 3) Gukomeza ubuvugizi mu Nzego bireba kugira ngo abakozi bashinzwe amatora mu Ntara/Umujyi wa Kigali no mu Turere babone imodoka zibafasha buri munsi mu bikorwa byo gutegura no ku yobora amatora. 6. IBIKORWA BY' INGENZI BITEGANYIJWE MU MWAKA WA 2020-2021 Ibikorwa by‟ingenzi biteganyijwe muri gahunda y‟ibikorwa y‟u mwaka wa 20 20-2021 ni ibi bikurikira : 1) Gutegura no kuyobora amatora y‟abagize Komite y‟Abunzi; 2) Gutegura no kuyobora amatora y‟ Inzego z‟I banze n‟Izihariye ; 3) Gutegura inyandiko z irebana n‟amatora n‟imikorere ya Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora no gukurikira iyemezwa rya zo; 4) Gutegura no kuyobora amatora yo kuzuza imyanya itakirimo abayobozi ; 5) Kuvugurura ilisiti y‟itora no kuyegereza abatur age; 6) Gutegura isuzumabikorwa ry‟ibikorwa byakozwe muri porogaramu y‟inyigisho z‟Uburere M boneragihugu ku matora mu mwaka wa 2019-2020 ; 7) Gutegura ibikorwa b y‟inyigisho z‟Uburere M boneragihugu ku matora yo mu 2020-2021; 8) Gutegura no gutanga inyigisho z‟Uburere Mboneragihugu ku matora mu byiciro binyuranye, hategur wa amatora y a Komite y‟ Abunzi n ay‟Inzego z‟Ibanze ;
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 38 9) Gukurikirana imikorere n‟ibikorwa by‟abakorerabushake no kubikorera isuzumamikorere ; 10) Gukurikirana no gusuzuma ibikorwa bya Komite Mpuzabikorwa z‟Ubure re Mboneragihugu; 11) Kunoza igenamigambi ry‟umwaka wa 2020-2021 no gutegura iry‟umwaka wa 2021 /2022 ; 12) Gukomeza kunoza no kongerera imbaraga imikorere ya Komisiyo y'Igihugu y'Amatora, binyuze mu gutanga serivisi, inama, ikoranabuhanga mu kazi, imicungire y'abak ozi n'ubugenzuzi. 13) Gukom eza imyiteguro ya Yubile y‟imyaka 20 ya Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora. 7. UMUSOZO Ibikorwa by‟amatora byari biteganyijwe mu mwaka wa 201 9-2020 muri rusange byarakozwe n‟ubwo hari i bitarasho jwe kubera imbogamizi zavuzwe haruguru. Ibyakozw e byibanze ku myiteguro n'imiyoborere y'amatora y ‟Abasenateri yo ku wa 16-18 Nzeri 2019, ay‟Abayobozi b‟Umujyi wa Kigali muri Kanama 2019, imyiteguro y'amatora y a Komite y‟Abunzi yari ateganyijwe muri Nyakanga na Kanama 2020 n‟amatora yo gusimbura mu Nteko Ishinga Amategeko, Umutwe w‟Abadepite no mu Nzego z‟Ibanze n‟Izihariye. Mu mwaka wa 20 20-2021 Komisiyo y'Igihugu y'Amatora izibanda ku bikorwa bitatu by‟ingenzi aribyo gukomeza imyiteguro no kuyobora amatora ya Komite y‟Abunzi, gutegura no kuyobora amator a y‟Inzego z‟Ibanze n‟Izihariye ateganyijwe muri Gashyantare na Werurwe 2021, gutegura no gutanga inyigisho z‟Uburere Mboneragihugu ku matora, gutegura Yubile y‟imyaka 20 KIA imaze ikorera Igihugu. Komisiyo y'Igihugu y'Amatora irashimira Abanyarwanda bose, n'abafatanyabikorwa bayo by‟umwihariko, uruhare rwabo mu migendekere myiza y'ibikorwa by'amatora mu mwaka wa 2019-2020. Inaboneyeho umwanya wo kubakangurira kwitabira ibikorwa by‟amatora biteganyijwe mu mwaka wa 2020-2021.
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail : info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw Page 38 9) Gukurikirana imikorere n‟ibikorwa by‟abakorerabushake no kubikorera isuzumamikorere ; 10) Gukurikirana no gusuzuma ibikorwa bya Komite Mpuzabikorwa z‟Ubure re Mboneragihugu; 11) Kunoza igenamigambi ry‟umwaka wa 2020-2021 no gutegura iry‟umwaka wa 2021 /2022 ; 12) Gukomeza kunoza no kongerera imbaraga imikorere ya Komisiyo y'Igihugu y'Amatora, binyuze mu gutanga serivisi, inama, ikoranabuhanga mu kazi, imicungire y'abak ozi n'ubugenzuzi. 13) Gukom eza imyiteguro ya Yubile y‟imyaka 20 ya Komisiyo y‟Igihugu y‟Amatora. 7. UMUSOZO Ibikorwa by‟amatora byari biteganyijwe mu mwaka wa 201 9-2020 muri rusange byarakozwe n‟ubwo hari i bitarasho jwe kubera imbogamizi zavuzwe haruguru. Ibyakozw e byibanze ku myiteguro n'imiyoborere y'amatora y ‟Abasenateri yo ku wa 16-18 Nzeri 2019, ay‟Abayobozi b‟Umujyi wa Kigali muri Kanama 2019, imyiteguro y'amatora y a Komite y‟Abunzi yari ateganyijwe muri Nyakanga na Kanama 2020 n‟amatora yo gusimbura mu Nteko Ishinga Amategeko, Umutwe w‟Abadepite no mu Nzego z‟Ibanze n‟Izihariye. Mu mwaka wa 20 20-2021 Komisiyo y'Igihugu y'Amatora izibanda ku bikorwa bitatu by‟ingenzi aribyo gukomeza imyiteguro no kuyobora amatora ya Komite y‟Abunzi, gutegura no kuyobora amator a y‟Inzego z‟Ibanze n‟Izihariye ateganyijwe muri Gashyantare na Werurwe 2021, gutegura no gutanga inyigisho z‟Uburere Mboneragihugu ku matora, gutegura Yubile y‟imyaka 20 KIA imaze ikorera Igihugu. Komisiyo y'Igihugu y'Amatora irashimira Abanyarwanda bose, n'abafatanyabikorwa bayo by‟umwihariko, uruhare rwabo mu migendekere myiza y'ibikorwa by'amatora mu mwaka wa 2019-2020. Inaboneyeho umwanya wo kubakangurira kwitabira ibikorwa by‟amatora biteganyijwe mu mwaka wa 2020-2021. B. P. 6449 KIGALI Tél. 0250788198836 E-mail: info@. gov. rw Website: www. nec. gov. rw
RWANDA_NEC_raporo_amatora_2019_20.pdf
RAPORO Y'IBIKORWA BY'URWEGO RW'UBUCAMANZA Y'UMWAKA 2019-2020REPUBULIKA Y'U RW AND A URUKIK O RW'IKIRENGA
SUPREME_COURT_raporo_ubucamanza_2019_20.pdf
SUPREME_COURT_raporo_ubucamanza_2019_20.pdf
3IBIKUBIYE MURI IYI NYANDIKO IJAMBO RY'IBANZE........................................................................................................... 7 I. KUNOZA SERIVISI ZIHABWA ABAGANA INKIKO......................................................... 8 I. 2 Ikoranabuhanga mu mikorere y'inkiko.......................................................................................... 8 I. 2. 1 Gutanga ibirego mu Nkiko hifashishijwe ikoranabuhanga.................................................... 8 I. 2. 3 Gutanga amakuru no gusaba gusubirishamo imanza ku mpamvu z' akarengane........... 9 I. 2. 4. Iburanisha n' isomwa ry' imanza hifashishijwe ikoranabuhanga.......................................... 9 I. 2. 5 Gusinya ndetse no gutera kashi mpuruza hifashishijwe ikoranabuhanga........................... 9 I. 3. Kumenyesha abaturage imikorere y'inkiko.................................................................................. 9 1. 4 Icyumweru cy'ubucamanza............................................................................................................ 10 I. 5 Kwakira no gusubiza ibibazo by'abagana inkiko.................................................................... 13 II. GUTANGA UBUTABERA BUNOZE KANDI BWIHUSE................................................... 14 II. 1 Gutanga ubutabera bwihuse....................................................................................................... 14 II. 1. 1 Kwakira ibirego no gushunguramo ibitujuje ibisabwa........................................................ 14 II. 1. 2 Imanza zarangiriye mu nama ntegurarubanza........................................................................ 16 II. 1. 3 Imanza abacamanza bumvikanishijemo ababuranyi........................................................... 17 II. 1. 4 Igihe urubanza rumara mu rukiko rutegereje kuburanishwa..................................................... 17 II. 1. 5 Imanza zinjiye.............................................................................................................................. 18 II. 1. 5. 1 Imanza zinjiye muri rusange kuri buri rwego rw'inkiko...................................................... 19 II. 1. 5. 2 Imanza zinjiye ukurikije ubwoko bwazo.............................................................................. 19 II. 1. 5. 3 Imanza zinjiye zerekeye ifunga n'ifungura ry'agateganyo..................................................2 2 II. 1. 6 Imanza zaciwe.............................................................................................................................. 22 II. 1. 7 Imanza zasubitswe...................................................................................................................... 23 II. 1. 8 Imanza zisigaye mu nkiko n'izabaye ibirarane........................................................................ 24 II. 1. 9 Ibyemezo byafashwe ku ifunga cyangwa ifungura by'agateganyo.................................... 25 II. 1. 10 Imanza ku byaha bigira ingaruka zihariye ku gihugu......................................................... 26 II. 1. 11 Imanza zinjiye, izaciwe n'izisigaye mu nkiko za gisirikare...................................................... 26 II. 2 Gutanga ubutabera bunoze........................................................................................................... 27 II. 2. 1 Guhuza imicire y'imanza............................................................................................................ 27 II. 2 Imanza zahinduwe mu bujurire........................................................................................................ 33 II. 3 Imanza zasubirishijwemo ku mpamvu z'akarengane.............................................................. 34
SUPREME_COURT_raporo_ubucamanza_2019_20.pdf
End of preview. Expand in Data Studio
README.md exists but content is empty.
Downloads last month
28